RSSB yamuritse “Imisanzu”, urubuga rufasha abanyamuryango kubona amakuru ku bwiteganyirize batavuye aho bari
Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB rwamuritse urubuga “Imisanzu” ruzajya rufasha abanyamuryango gukurikirana imisanzu yabo bitabaye ngombwa ko bajya ku cyicaro cyangwa ku mashami yarwo.