SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Cyprien Niyomwungeri

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Cyprien Niyomwungeri
Abikorera basabwe kubyaza umusaruro amahirwe y’ubukire ari mu buhinzi bugezweho
14 Nya 2023Ubukungu
Abikorera basabwe kubyaza umusaruro amahirwe y’ubukire ari mu buhinzi bugezweho

Ubuhinzi ni urwego rufatiye runini ubukungu bw’ibihugu byinshi ariko rugifite inzitizi zo kuba abikorera bagiseta ibirenge mu gushoramo imari n’ababukora bagakomeza gufatwa nk’abasuzuguritse cyangwa ababuze akandi kazi bakora.

Bahereye ku busa! Dusabe na Umugwizawase bahinyuje abumva ko ubwubatsi bukorwa n’abagabo
4 Nya 2023U Rwanda
Bahereye ku busa! Dusabe na Umugwizawase bahinyuje abumva ko ubwubatsi bukorwa n’abagabo

Hambere aha umukobwa wuriraga igikwa, yafatwaga nk’inkunguzi cyangwa udashobotse ushaka guca umuco kuko imirimo y’ubwubatsi yari mu yihariwe n’abagabo gusa.

Perezida Kagame yagaragaje ibiri gukorwa mu rugendo rugana ku bukungu buciriritse mu 2035
4 Nya 2023Ubukungu
Perezida Kagame yagaragaje ibiri gukorwa mu rugendo rugana ku bukungu buciriritse mu 2035

Perezida Kagame yavuze ko ugereranyije n’aho igihugu kivuye hari intambwe ndende yatewe ariko bidahagije kuko urugendo rukiri rurerure ngo rugere ku iterambere, uburumbuke n’imibereho myiza y’abaturage rwifuza mu 2035, aho ruzaba rufite ubukungu buciriritse.

Ubundi kuki u Rwanda rwajya muri Congo?
2 Nya 2023U Rwanda
Ubundi kuki u Rwanda rwajya muri Congo?

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Congo! Iyi mvugo yabaye intero n’inyikirizo y’abategetsi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), igihe bashaka kumvikanisha ko ‘nyirabayazana w’ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bw’iki gihugu ari u Rwanda’, bakirengagiza ko ari ikibazo kibareba, ko ari nabo bafite igisubizo.

Yajujubije Ababiligi Uko Rukeba Yaharaniye Ubwigenge Bw U Rwanda Bugahabwa
1 Nya 2023Mu Mateka
Yajujubije Ababiligi Uko Rukeba Yaharaniye Ubwigenge Bw U Rwanda Bugahabwa

Imyaka 61 irashize u Rwanda rubonye ubwigenge butavuzweho rumwe kuko imyaka isaga 30 ya mbere rwabayeho mu bwigenge bw’igice kuko rwasaga n’urugikolonijwe n’u Bubiligi, bwakoze ibishoboka byose bukarwanya abashakaga ubwigenge bwuzuye n’ubumwe bw’abanyarwanda ku isonga Rukeba François.

U Rwanda ni igihugu gitekanye: Minisitiri w’Intebe Sunak yamaganye icyemezo cy’urukiko ku bimukira
29 Kam 2023Mu Mahanga
U Rwanda ni igihugu gitekanye: Minisitiri w’Intebe Sunak yamaganye icyemezo cy’urukiko ku bimukira

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Rishi Sunak, yamaganye icyemezo cy’Urukiko rw’Ubujurire rwanzuye ko gahunda ya Guverinoma y’icyo gihugu yo kohereza mu Rwanda abimukira inyuranyije n’amategeko, ahamya ko bagiye kwitabaza urukiko rw'Ikirenga kuri iki kibazo.

Igifungo cya burundu gishobora gusimbuzwa imyaka 15: Impinduka mu itegeko ry’ibihano
27 Kam 2023Ubutabera
Igifungo cya burundu gishobora gusimbuzwa imyaka 15: Impinduka mu itegeko ry’ibihano

Uwahamwe n’icyaha gihanishwa igifungo cya burundu ashobora kujya agabanyirizwa iki gihano kugeza ku gifungo cy’imyaka 15, hashingiwe ku mpamvu nyoroshyacyaha.

Chipper Cash, sosiyete nshya yo kohererezanya amafaranga yinjiye ku isoko ry’u Rwanda
22 Kam 2023Ikoranabuhanga
Chipper Cash, sosiyete nshya yo kohererezanya amafaranga yinjiye ku isoko ry’u Rwanda

Sosiyete itanga serivisi zo kohererezanya amafaranga mu bihugu bitandukanye, Chipper Cash, yatangije ku mugaragaro ibikorwa byayo mu Rwanda, izana umwihariko w’uko kohererezanya amafaranga imbere mu gihugu ari ubuntu.

Perezida Kagame yasabye ko ikoranabuhanga muri serivisi z’imari rigera kuri bose
21 Kam 2023U Rwanda
Perezida Kagame yasabye ko ikoranabuhanga muri serivisi z’imari rigera kuri bose

Perezida Kagame yashimye uko ikoranabuhanga ryifashishwa mu mabanki no muri serivisi z’imari (FinTech) riri kuzana impinduka ku Mugabane wa Afurika, ariko agaragaza ko ari ngombwa ko rigezwa kuri bose cyane cyane abagore kuko bakiri inyuma.

Urugendo rw’u Rwanda mu kuba igicumbi cy’ikoranabuhanga rikoreshwa mu mabanki n’ibigo by’imari
20 Kam 2023Ikoranabuhanga
Urugendo rw’u Rwanda mu kuba igicumbi cy’ikoranabuhanga rikoreshwa mu mabanki n’ibigo by’imari

U Rwanda ruri mu cyerekezo cyo kuba igicumbi cya serivisi z’imari binyuze mu guteza imbere ikoranabuhanga rikoreshwa mu mabanki n’ibigo by’imari, aho inovasiyo n’ibikorwaremezo by’ikoranabuhanga bihanzwe amaso muri uru rugendo.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram