Afurika y’Epfo yemeye ko icyo ipfana n’u Rwanda kiruta icyo bipfa, ica amarenga yo gukemura ibya Visa
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Afurika y’Epfo, Ronald Lamola, yagaragaje ko u Rwanda na Afurika y’Epfo bifitanye amateka akomeye ndetse n’imirunga ibihuza, nubwo rimwe na rimwe hashobora kubaho kutumvikana.