SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Iradukunda Serge
Izanditswe na Iradukunda Serge
Gatebe gatoki mu mubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo igeze ku iherezo?
22 Kam 2026U Rwanda
Gatebe gatoki mu mubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo igeze ku iherezo?

Mu mezi make ari imbere Abanyarwanda bashobora kongera koroherwa no kubona Visa zibemerera kujya muri Afurika y’Epfo ku mpamvu zirimo gutembera, ubucuruzi n’ibindi. Ni nyuma y’imyaka irenga 12 yari ishize nta Munyarwanda utunze pasiporo isanzwe woroherwa no kujya muri iki gihugu, kubera ikibazo cy’umwuka mubi mu mubano w’ibi bihugu byombi.

Afurika y’Epfo yemeye ko icyo ipfana n’u Rwanda kiruta icyo bipfa, ica amarenga yo gukemura ibya Visa
17 Kam 2026U Rwanda
Afurika y’Epfo yemeye ko icyo ipfana n’u Rwanda kiruta icyo bipfa, ica amarenga yo gukemura ibya Visa

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Afurika y’Epfo, Ronald Lamola, yagaragaje ko u Rwanda na Afurika y’Epfo bifitanye amateka akomeye ndetse n’imirunga ibihuza, nubwo rimwe na rimwe hashobora kubaho kutumvikana.

U Rwanda na Afurika y’Epfo bigiye guhurira mu biganiro byo kuzahura umubano
15 Kam 2026U Rwanda
U Rwanda na Afurika y’Epfo bigiye guhurira mu biganiro byo kuzahura umubano

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Afurika y’Epfo, yatangaje ko Minisitiri Ronald Lamola agiye kwakira mugenzi we w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, mu biganiro bigamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi.

Perezida Kagame ari muri Togo
15 Kam 2026U Rwanda
Perezida Kagame ari muri Togo

Kuri uyu wa Mbere tariki 15 Kamena 2026, Perezida Paul Kagame yageze i Lomé muri Togo mu nama yiga ku bwikorezi bwo mu kirere ku Mugabane wa Afurika izwi nka ‘African Air Transport Convention & Expo’.

Commonwealth ishaka kwigira ku buryo ubucuruzi n’ishoramari bikorwa mu Rwanda
15 Kam 2026U Rwanda
Commonwealth ishaka kwigira ku buryo ubucuruzi n’ishoramari bikorwa mu Rwanda

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (Commonwealth), Shirley Ayorkor Botchwey, yashimye uburyo ibijyanye n’ubucuruzi n’ishoramari bikorwa mu Rwanda, ashimangira ko uyu muryango ukwiriye kubifataho urugero mu mavugurura uri gukora.

RDF si AFC/M23- Yolande Makolo kuri Human Rights Watch
11 Kam 2026U Rwanda
RDF si AFC/M23- Yolande Makolo kuri Human Rights Watch

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanenze raporo iherutse gushyirwa hanze n’Umuryango Human Rights Watch, yibasira ingabo z’u Rwanda kubera ibibazo by’umutekano muke biri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Yahowe ko ari Umunyarwanda! Ni nde wigiza nkana hagati ya Dr. Muganga n’Inteko ya Uganda?
11 Kam 2026U Rwanda
Yahowe ko ari Umunyarwanda! Ni nde wigiza nkana hagati ya Dr. Muganga n’Inteko ya Uganda?

Ikibazo cya Dr. Muganga Lawrence uherutse kwangirwa n’Inteko Ishinga Amategeko kwinjira muri Guverinoma nshya ya Uganda kubera ubwenegihugu bwe bushidikanywaho, ni kimwe mu bikomeje kurikoroza mu karere.

RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bajya muri UAE bavuye muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC
7 Kam 2026U Rwanda
RwandAir yahagaritse gutwara abagenzi bajya muri UAE bavuye muri Sudani y’Epfo, Uganda na RDC

Sosiyete y’u Rwanda ikora ingendo zo mu kirere, RwandAir, yahagaritse gutwara abagenzi bajya muri Leta Zunze Ubumwe Z’Abarabu bavuye muri Sudani y’Epfo, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Uganda, kubera icyorezo cya Ebola cyagaragaye muri ibi bihugu.

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bari mu Bufaransa
2 Kam 2026U Rwanda
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bari mu Bufaransa

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bari i Paris mu Bufaransa, aho bitabiriye igikorwa cyo gufungura Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwubatswe muri uyu mujyi.

U Rwanda rwatangiye inzira yo kumvikanisha ko Amerika ikwiriye gukuraho ibihano yafatiye RDF
2 Kam 2026U Rwanda
U Rwanda rwatangiye inzira yo kumvikanisha ko Amerika ikwiriye gukuraho ibihano yafatiye RDF

Ambasaderi w'u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mukantabana Mathilde, yatangaje ko u Rwanda rukomeje gukora ibishoboka byose kugira ngo rugaragaze ukuri, Ingabo zarwo zikurirweho ibihano zafatiwe na Washington, kubera intambara iri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram