SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Isabwe Fabiola
Latest from Isabwe Fabiola
Ku myaka 22, Jean-Luc wize muri Rwanda Coding Academy yashinze ikigo gifite agaciro ka miliyoni 2$
14 Gas 2026New section
Ku myaka 22, Jean-Luc wize muri Rwanda Coding Academy yashinze ikigo gifite agaciro ka miliyoni 2$

Umusore witwa Jean-Luc Sauvé w’imyaka 22 ni umunyarwanda ukiri muto washinze ikigo cy’ikoranabuhanga cyitwa Strettch Cloud gikora ibijyanye no kubaka ububiko bw’amakuru y’ikoranabuhanga ‘Cloud Computing’, gifite agaciro ka miliyari 3,6 Frw.

Muri Brésil hashyizweho itegeko ryo gushyingura imbwa hafi ya ba nyirazo
12 Gas 2026Utuntu n’Utundi
Muri Brésil hashyizweho itegeko ryo gushyingura imbwa hafi ya ba nyirazo

Muri Leta ya São Paulo yo muri Brésil hemejwe itegeko ryemeza ko imbwa n’injangwe zizajya zishyingurwa hafi y’aho ba nyirazo cyangwa abo mu miryango itunze izi nyamaswa bashyinguwe.

EU yatoye itegeko ryemera kohereza mu bindi bihugu abimukira badafite ibyangombwa
11 Gas 2026Mu Mahanga
EU yatoye itegeko ryemera kohereza mu bindi bihugu abimukira badafite ibyangombwa

Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yemeje itegeko rishya ryemerera ibihugu bigize EU kohereza abimukira mu bihugu byatoranyijwe nk’ibihugu byizewe n’ubwo baba batabiturukamo.

MINICT na Oracle byinjiye mu bufatanye bugamije guteza imbere ubumenyi bw’ikoranabuhanga mu Rwanda
11 Gas 2026Ubumenyi
MINICT na Oracle byinjiye mu bufatanye bugamije guteza imbere ubumenyi bw'ikoranabuhanga mu Rwanda

Minisiteri y’lkoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo (MINICT) n’Ikigo Oracle cyo muri Amerika kizobereye mu by’ikoranabuhanga, basinye amasezerano y’ubufatanye agamije guteza imbere ubumenyi bw'ikoranabuhanga mu Rwanda.

Indonesia igiye kohereza abasirikare 8.000 muri Gaza
10 Gas 2026Mu Mahanga
Indonesia igiye kohereza abasirikare 8.000 muri Gaza

Indonesia yatangaje ko iri gutegura abasirikare 8.000 bo koherezwa muri Gaza. Ni cyo gihugu cya mbere kibikoze mu cyiciro cya kabiri cy’amasezerano yo guhagarika intambara muri Gaza.

AD Finance yamuritse porogaramu ibigo by’ubucuruzi mu mirimo yabyo
10 Gas 2026Ikoranabuhanga
AD Finance yamuritse porogaramu ibigo by’ubucuruzi mu mirimo yabyo

Ikigo AD Finance cyashyize hanze porogaramu ya mudasobwa yitwa AD Finance ERP (Odoo) yitezweho gufasha ibigo by’ubucuruzi mu mirimo yabyo ya buri munsi.

Polisi ya Uganda yavuze ko bazakomeza kugenzura urugo rwa Bobi Wine
9 Gas 2026Afurika y'Iburasirazuba
Polisi ya Uganda yavuze ko bazakomeza kugenzura urugo rwa Bobi Wine

Umuvugizi wa Polisi muri Uganda, Kituuma Rusoke, yashimangiye ko polisi yo muri icyo gihugu ikomeje kugenzura byihariye urugo rwa Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, umuyobozi w’ishyaka rya NUP kubera impamvu z’umutekano.

Koreya y’Epfo: Umuyobozi wasabye ko hatumizwa abagore b’abanyamahanga bakongera urubyaro, yirukanywe
9 Gas 2026Utuntu n’Utundi
Koreya y’Epfo: Umuyobozi wasabye ko hatumizwa abagore b’abanyamahanga bakongera urubyaro, yirukanywe

Umuyobozi wo muri Koreya y’Epfo witwa Kim Hee-soo, yirukanywe mu ishyaka rye nyuma yo gutanga igitekerezo ko iki gihugu gikwiye gutumiza abagore bakiri bato baturutse muri Vietnam cyangwa Sri Lanka kugira ngo bongere urubyaro rukomeje gukendera.

Keir Starmer yicuza icyatumye agira Mandelson Ambasaderi muri Amerika
9 Gas 2026Mu Mahanga
Keir Starmer yicuza icyatumye agira Mandelson Ambasaderi muri Amerika

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, yatangaje ko yicuza icyatumye ashyiraho Peter Mandelson nka Ambasaderi w’u Bwongereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’uko hagaragaye ibirego bishya ku mubano we na Jeffrey Epstein, washinjwe ibyaha byo gusambanya abana.

Gen. Muhoozi yahagaritse ihangana rye na Minisitiri w’Itumanaho abisabwe na nyina
8 Gas 2026Afurika y'Iburasirazuba
Gen. Muhoozi yahagaritse ihangana rye na Minisitiri w’Itumanaho abisabwe na nyina

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ku busabe bwa nyina, Janet Museveni, yahagaritse ihangana ryari rimaze iminsi hagati ye na Minisitiri w’Itumanaho muri icyo gihugu, Dr. Chris Baryomunsi.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram