SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Jean Paul IBAMBE
Izanditswe na Jean Paul IBAMBE
Emmy azamurikira album nshya mu Rwanda
30 Nze 2014Amakuru
Emmy azamurikira album nshya mu Rwanda

{Emmy yatangaje ko album nshya ari gutegura, najya kuyimurika azava muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika akaza kuyimurika mu gitaramo azakorera mu Rwanda.} Uyu muhanzi uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuva mu 2012, yatangarije ibi IGIHE ubwo yari yitabiriye Rwanda Day yabereye i Atlanta. Ubwo Emmy yari abajijwe gahunda za muzika muri iyi […]

Dashim yagarutse mu muziki
30 Nze 2014Amakuru
Dashim yagarutse mu muziki

{Nyuma y’iminsi atigaragaza cyane mu muziki, Dashim yongeye gukora indirimbo ndetse atangaza ko azanye umwihariko mu ndirimbo zo mu njyana ya Afrobeat.} Dushimimana Jean de Dieu wamenyekanye nka Dashim, yatangiye kwigaragaza muri muzika mu 2011, yakoze indirimbo zitandukanye zirimo Gasaro ka Mama yakunzwe icyo gihe, Bakunda Umurambo, Mabukwe yakoranye na Uncle Austin ndetse n’izindi. Mu […]

Bidasubirwaho Arthur Nkusi na Frank Joe bahagarariye u Rwanda muri Big Brother
30 Nze 2014Imyidagaduro
Bidasubirwaho Arthur Nkusi na Frank Joe bahagarariye u Rwanda muri Big Brother

{Bidakuka, MC Arthur Nkusi na Frank Joe bahagarariye u Rwanda mu bazahatana irushawa rya Big Brother muri uyu mwaka wa 2014.} Ku rubuga rwa Big Brother hagaragara amafoto ya Arthur na Frank Joe ndetse n’ikiganiro cy’uko bakiriye kwinjira muri aya marushanwa bahagarariye u Rwanda. Ibi bije nyuma y’aho u Rwanda rwongeye kwemererwa kwinjira muri aya […]

Sophie Nzayisenga agiye kumara amezi 6 acuranga inanga muri Amerika
30 Nze 2014Muzika
Sophie Nzayisenga agiye kumara amezi 6 acuranga inanga muri Amerika

{Sophie Nzayisenga, umutegarugori umaze kuba ikirangirire mu Rwanda no mu mahanga kubera gucuranga inanga gakondo, ari mu myiteguro yo kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho azamara amezi atandatu akirigita inanga.} Mu kiganiro yagiranye na IGIHE ubwo yavugaga ku ruzinduko agiye kugirira i Burali, Sophie Nzayisenga yatangaje ko mbere yo kujya muri Leta Zunze […]

Mpemuke ndamuke
30 Nze 2014Indirimbo
Mpemuke ndamuke
Knowless agiye gukorera ibitaramo mu ntara zose z’ u Rwanda
28 Nze 2014Amakuru
Knowless agiye gukorera ibitaramo mu ntara zose z’ u Rwanda

{Ingabire Jeanne d’Arc bakunze kwita Butera Knowless, yatangarije IGIHE ko ari mu myiteguro y’ibitaramo bizazenguruka u Rwanda mu ntara zose akora ibitaramo byo kwegereza abafana be ibihangano bye.} Aganira na IGIHE ku bikorwa yaba ari gukora nyuma yo gusiba uruzinduko yari afite muri Canada, Knowless yabanje kuvuga ko nta byinshi yahombye kuko mu gihe bashakaga […]

Mu birori by’imbonekarimwe hagaragajwe ijuru ry’umuco Nyarwanda
28 Nze 2014Fashion
Mu birori by’imbonekarimwe hagaragajwe ijuru ry’umuco Nyarwanda

– Ku mugoroba wo kuwa 27 Nzeri 2014, i Kigali habereye igitaramo cyerekana imyambarire y’abari n’abategarugori mu Rwanda kuva mbere y’umwaduko w’abazungu kugeza ubu. – Umwana ugikina ku irembo ry’iwabo yambaraga ate? – Umukobwa nyamwari n’inkumi z’amasoni bambaraga ishabure bakirinda gusamara ku gasozi na basaza babo bakirinda kubendereza nk’uko babaga baratojwe. – Aho imyenda yadukiye, […]

Reba Video y’indirimbo ‘Isi’ ya Tom Close
27 Nze 2014Amakuru
Reba Video y'indirimbo 'Isi' ya Tom Close

Tom Close yashyize hanze amashusho y'indirimbo yise 'Isi', aho aba avuga ko ukurikije ibyo abantu bagirirana mu buzima bwa buri munsi, Isi nta nkiturano igira." Muri iyi ndirimbo, Tom Close aba avuga ko muri iyi minsi abo wagiriye neza ari bo bakugirira nabi. Amajwi y'indirimbo Isi, Tom Close yayakoreye muri Kina Music naho amashusho yatunganyijwe […]

Mwitende I-Kabod agarutse mu muziki nyuma y’imyaka 10
26 Nze 2014Amakuru
Mwitende I-Kabod agarutse mu muziki nyuma y'imyaka 10

{Mwitende I-Kabod, umwe mu bahanzi bamenyekanye muri Orchestre Salus Populi mu myaka ya za 2001 kugeza 2006, yongeye kugaruka mu muziki nyuma y’igihe asa n’uwawusubitse.} Indirimbo Singorita, ni imwe mu ziri kuri album Baho ya I-Kabod. Iyi inagaragara mu mashusho ivuga ku rukundo, ikaba iri mu rurimi rw’Igifaransa. Amashusho yayo yakorewe i Burundi ikaba inagaragaramo […]

Nyuma yo kuva muri TPF6, Phiona ashobora gusanga Knowless muri Kina Music
26 Nze 2014Amakuru
Nyuma yo kuva muri TPF6, Phiona ashobora gusanga Knowless muri Kina Music

{Phiona Mbabazi, umukobwa uherutse kwitabira Tusker Project Fame, ashobora kujya ku rutonde rw’abahanzi bakorera muri Kina Music, akaba umukobwa wa kabiri basinyishije nyuma ya Knowless.} Uyu muhanzi wari umaze iminsi ataboneka nyuma yo kuva muri Tusker, yashyize hanze indirimbo ya mbere yise ‘Winyibutsa’ yakozwe na Producer Clement ari nawe nyiri label ya Kina Music. [{{Kanda […]

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram