SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Jean Pierre Tuyisenge

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Jean Pierre Tuyisenge
Abanyarwanda baba muri Turikiya bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
15 Mat 2018Ibikorwa
Abanyarwanda baba muri Turikiya bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda baba muri Turikiya bahuriye mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 24 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Umuturage yandikiye Inteko asaba ko imodoka za “automatic” zakoreshwa mu bizamini byo gutwara
14 Mat 2018U Rwanda
Umuturage yandikiye Inteko asaba ko imodoka za “automatic” zakoreshwa mu bizamini byo gutwara

Shumbusho Frank ubarizwa mu Karere ka Gasabo yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko Umutwe w'Abadepite, inyandiko isaba ko hashyirwaho itegeko ryemera ikoreshwa ry'imodoka za “automatic” mu bizamini byo gukorera impushya za burundu zo gutwara.

Abakozi ba Banki y’Abaturage bunamiye inzirakarengane za Jenoside zishyinguye i Kiziguro (Amafoto)
14 Mat 2018U Rwanda
Abakozi ba Banki y’Abaturage bunamiye inzirakarengane za Jenoside zishyinguye i Kiziguro (Amafoto)

Abakozi ba Banki y’Abaturage, BPR Atlas Mara, bunamiye Abatutsi bazize Jenoside bashyinguye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kiziguro ruherereye mu Karere ka Gatsibo banaremera abayirokotse.

Minisitiri Kaboneka yasabye abanyamakuru b’ubu kwitondera ibyo batangaza
13 Mat 2018U Rwanda
Minisitiri Kaboneka yasabye abanyamakuru b’ubu kwitondera ibyo batangaza

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Francis Kaboneka, yasabye abanyamakuru kujya bitondera ibyo bandika n’ibyo bavuga birinda kumera nka bamwe mu babayeho mbere ya Jenoside batangaje ibyatumye Abatutsi basaga miliyoni bicwa mu mezi atatu gusa.

Inzira y’umusaraba Abatutsi banyuzemo bamaze gutereranwa n’Ingabo za Loni muri Eto Kicukiro
12 Mat 2018U Rwanda
Inzira y’umusaraba Abatutsi banyuzemo bamaze gutereranwa n’Ingabo za Loni muri Eto Kicukiro

Abatutsi bari bahungiye muri Eto Kicukiro muri Jenoside yakorewe Abatutsi banyuze mu nzira y’umusaraba nyuma yo gusigwa mu menyo y’Interahamwe zabahigaga, bakuweho amaboko n'Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zashoboraga kubarengera.

Nyarugenge: Abarokotse Jenoside baracyabangamiwe no guhishwa aho ababo bajugunywe
11 Mat 2018U Rwanda
Nyarugenge: Abarokotse Jenoside baracyabangamiwe no guhishwa aho ababo bajugunywe

Abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Nyarugenge batangaza ko kugeza ubu hakiri imibiri y’ababo itarashyingurwa bitewe no kuba ababishe badashaka kwerekana aho iri.

Abantu babiri baguye mu mugezi wa Nyabarongo
10 Mat 2018U Rwanda
Abantu babiri baguye mu mugezi wa Nyabarongo

Abaturage n’abayobozi b’inzego z’ibanze mu Karere ka Gakenke na Kamonyi batangiye ibikorwa byo gushakisha abagabo babiri barohamye mu mugezi wa Nyabarongo.

Trump yanenze Putin amushinja gutera inkunga Assad mu bitero by’ubumara
9 Mat 2018Mu Mahanga
Trump yanenze Putin amushinja gutera inkunga Assad mu bitero by'ubumara

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yanenze Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, amushinja gushyigikira Perezida wa Syria Bashar Al Assad mu bitero byishe abaturage be.

Amerika yihanganishije u Rwanda mu gihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
8 Mat 2018Mu Mahanga
Amerika yihanganishije u Rwanda mu gihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije n’Abanyarwanda mu kwibuka ku nshuro ya 24 abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, yahitanye ubuzima bw’abasaga miliyoni mu mezi atatu.

Abanyarwanda batuye muri Uganda bakusanyije miliyoni 37 z’amashilingi azubaka urwibutso i Mpigi
7 Mat 2018U Rwanda
Abanyarwanda batuye muri Uganda bakusanyije miliyoni 37 z'amashilingi azubaka urwibutso i Mpigi

Abanyarwanda baba muri Uganda batanze miliyoni 37 z’amashiringi yo muri icyo gihugu azafasha mu bikorwa byo kubaka urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rukazubakwa mu gace Mpigi.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram