SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Kangabe Nadia
Izanditswe na Kangabe Nadia
Inzu zikora ‘make-up’ zigezweho mu Rwanda
29 Nya 2025Imyidagaduro
Inzu zikora ‘make-up’ zigezweho mu Rwanda

Bitewe n’aho u Rwanda rugeze mu iterambere, koga no kwisiga amavuta bisanzwe ntabwo bigihagije ngo useruke mu bandi usa neza. Utakoze ‘make-up’ kandi ngo nayo uyitondere bishobora kurangira bakunyujijemo ijisho.

Ibyo abantu bari mu bwogero batitaho byabakururira ibyago bikomeye
28 Nya 2025Ubuzima
Ibyo abantu bari mu bwogero batitaho byabakururira ibyago bikomeye

Nubwo kujya koga ari kimwe mu bikorwa biruhura umubiri bikanawugirira isuku iwurinda indwara, hari ibintu abantu bakunda gukora mu bwogero bishobora kugira ingaruka mbi ku buzima.

Fat Joe mu mazi abira, Urubanza rwa Diddy, Drake mu gihombo: Avugwa mu byamamare
20 Kam 2025Imyidagaduro
Fat Joe mu mazi abira, Urubanza rwa Diddy, Drake mu gihombo: Avugwa mu byamamare

Joseph A. Cartagena uzwi nka Fat Joe, uri mu baraperi bakanyujijeho muri Amerika, ari mu mazi abira ashinjwa kuryamana n’abakobwa batarageza imyaka y’ubukure.

Chris Brown yitabye urukiko mu Bwongereza, atera utwatsi ibyo aregwa
20 Kam 2025Imyidagaduro
Chris Brown yitabye urukiko mu Bwongereza, atera utwatsi ibyo aregwa

Chris Brown yongeye kwitaba urukiko i Londres, ahakana icyaha ashinjwa cyo gukomeretsa bikomeye umugabo witwa Abraham Diaw akoresheje icupa.

Schwarzenegger yaburiye abimukira, Ariana Grande na Tyler Perry mu bibazo: Avugwa mu byamamare
18 Kam 2025Imyidagaduro
Schwarzenegger yaburiye abimukira, Ariana Grande na Tyler Perry mu bibazo: Avugwa mu byamamare

Icyamamare mu gutungana filime no kuzandika, Tyler Perry, yajyanywe mu nkiko n’umukinnyi wa filime, Derek Dixon, amushinja ko yamukoreye ihohotera rishingiye ku gitsina ndetse anasaba indishyi y’akababaro ya miliyoni 260$.

Inyangamugayo yakuwe mu rubanza rwa Diddy, Shakira atabariza abimukira: Avugwa mu myidagaduro
16 Kam 2025Imyidagaduro
Inyangamugayo yakuwe mu rubanza rwa Diddy, Shakira atabariza abimukira: Avugwa mu myidagaduro

Urukiko rw’ibanze rwa New York ruri kuburanisha umuraperi Sean Combs uzwi nka Diddy, rwatesheje agaciro umwe mu nyangamugayo mu rubanza, nyuma yo gusanga hari ibibazo ku byo yatangaje bijyanye n’aho atuye.

Urubanza rwa Diddy, ibya Maître Gims n’umugore we, uburwayi bwa Bruce Willis-Avugwa mu byamamare
16 Kam 2025Imyidagaduro
Urubanza rwa Diddy, ibya Maître Gims n’umugore we, uburwayi bwa Bruce Willis-Avugwa mu byamamare

Umuraperi Sean Combs uzwi cyane nka P.Diddy, yasabye urukiko ko urubanza rwe rubikwa mu baramuka bakuyeho umwe mu nyangamugayo zishinzwe kumva urubanza, kuko ari umwirabura, ibintu abona nk’ivangura rishingiye ku ruhu.

R. Kelly agiye kwiyambaza Trump, Oprah Winfrey yavuze icyatumye atabyara: Avugwa mu byamamare
15 Kam 2025Mu Mahanga
R. Kelly agiye kwiyambaza Trump, Oprah Winfrey yavuze icyatumye atabyara: Avugwa mu byamamare

R. Kelly uherutse gusaba ko yafungurwa by’agateganyo agafungirwa mu rugo rwe ku mpamvu z’umutekano we, kuri ubu agiye kwitabaza Perezida Donald Trump ngo amufashe gufungurwa.

CHANCEN International na Nziza Training Academy batangiye ubufatanye mu gufasha abarangije kaminuza kongera ubumenyi
13 Kam 2025U Rwanda
CHANCEN International na Nziza Training Academy batangiye ubufatanye mu gufasha abarangije kaminuza kongera ubumenyi

Ikigo mpuzamahanga gitera inkunga uburezi, CHANCEN International, n’ikigo gitanga amahugurwa, Nziza Training Academy, batangiye ubufatanye bugamije gufasha abarangije kaminuza kongera ubumenyi mu myuga itandukanye irimo ubwubatsi n’ibindi.

Kim Kardashian yamaganye ibikorwa byo guhiga abimukira muri Los Angeles
11 Kam 2025Imyidagaduro
Kim Kardashian yamaganye ibikorwa byo guhiga abimukira muri Los Angeles

Umunyamideli w’icyamamare, Kim Kardashian, yamaganiye kure ibikorwa byo gufata no kwirukana abimukira batagira ibyangombwa muri Los Angeles biri gukorwa n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (ICE), agaragaza ko uburyo bari gufatwamo ari ubugome.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram