SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Nzabonimpa Jean Baptiste
Izanditswe na Nzabonimpa Jean Baptiste
Perezida Kim Jong Un yamurikiwe intwaro nshya u Burusiya bufite
16 Nze 2023Mu Mahanga
Perezida Kim Jong Un yamurikiwe intwaro nshya u Burusiya bufite

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yahuye na Minisitiri w’Ingabo w’u Burusiya amumurikira indege z’intambara u Burusiya bwakoze.

Ibyo wamenya kuri ‘Secretary Bird’, inyoni iboneka mu Rwanda no ku birango by’ingabo za Afurika y’Epfo
28 Mut 2022Utuntu n’Utundi
Ibyo wamenya kuri ‘Secretary Bird’, inyoni iboneka mu Rwanda no ku birango by’ingabo za Afurika y’Epfo

‘Secretary Bird’ ni imwe mu nyoni zigaragara ku mugabane wa Afurika gusa. Kubera imiterere yayo n’ubudasa iyi nyoni yabengutswe n’ingabo zo muri Afurika y’Epfo bituma ziyishyira ku birango byazo.

Ibyo wamenya ku Mpyisi, imwe mu nyamaswa zitinyitse mu ishyamba
2 Kan 2021Inyamaswa
Ibyo wamenya ku Mpyisi, imwe mu nyamaswa zitinyitse mu ishyamba

Gufata impyisi nk’inyamaswa itagira ubwenge binyuze mu migami miremire ntabwo byari umwihariko w’inyandiko zo mu rurimi rw’Ikinyarwanda gusa kuko no mu bitabo by’ururimi rw’Igifaransa hagaragaragamo imyandiko igaragaza impyisi nk’inyamaswa ihendwa ubwenge n’izindi.

Jabiru d’Afrique, imwe mu nyoni ziramba cyane ku isi zizirana no gucana inyuma
7 Nya 2021Inyamaswa
Jabiru d’Afrique, imwe mu nyoni ziramba cyane ku isi zizirana no gucana inyuma

Urusobe rw’ibinyabuzima rurimo ibintu byinshi bitangaje cyane, ariko byagera ku nyoni n’ibisiga bikaba akarusho. Nonese kuba hari imico imwe n’imwe idasanwe dusanga ku bantu tukanayisanga mu nyoni n’ibisiga biva kuki? Nonese ni abantu bigana ibidukikije cyangwa ni ibintu bipfa kwizana?

Murobyi y’amababa y’ubururu, inyoni iboneka mu Rwanda ikanasuhukira muri Afurika y’Epfo
30 Kam 2021Pariki n'Amashyamba
Murobyi y’amababa y’ubururu, inyoni iboneka mu Rwanda ikanasuhukira muri Afurika y’Epfo

Murobyi y’amababa y’ubururu (Woodland kingfisher) kimwe n’izindi nyoni zitandukanye, iyo hageze igihe cyo kororoka zifata urugendo rutoroshye zikajya muri Afurika y’Epfo kororoka. Iby’inyoni byo kuva mu gihugu kimwe zijya mu kindi ntabwo ari umwihariko kuri izi nyoni za Murobyi gusa kuko dufite n’ubundi bwoko bwinshi bw’inyoni buva ku mugabane w’i Burayi zikaza kuruhukira cyangwa kororokera mu Rwanda igihe runaka noneho ibihe byamara guhinduka cyangwa se zimaze kororoka zigasubira aho zaturutse.

Ibijwangajwanga, inyoni zikora ibisa n’ubudehe kuva mu kubaka ibyari kugera mu kwita ku mishwi
24 Kam 2021Pariki n'Amashyamba
Ibijwangajwanga, inyoni zikora ibisa n’ubudehe kuva mu kubaka ibyari kugera mu kwita ku mishwi

Mu gihe zimwe mu nyoni iyo bigeze igihe cyo kubaka icyari ushobora gusanga ikigore cyangwa ikigabo cyubaka icyari cyonyine kugeza n’ubwo tubasha kubona inyoni zitandukanye zitajya zubaka ibyari ahubwo zitera amagi mu myobo cyangwa izindi zigacukura ibiti n’ubundi buryo butandukanye.

Ibyo wamenya kuri Twiga, inyamaswa ndende mu ziriho ku Isi
23 Kam 2021Pariki n'Amashyamba
Ibyo wamenya kuri Twiga, inyamaswa ndende mu ziriho ku Isi

Giraffe, twiga, bamwe bita Agasumbashyamba ni yo nyamaswa ndende mu nyamaswa ziri ku Isi muri iki gihe bitewe n’ijosi ryayo rirerire cyane. Amaguru ya Twiga nayo ni maremare kandi arakomeye.

Imibereho y’inyombya, inyoni imenyerewe mu kubyutsa abantu mu museso
21 Kam 2021Pariki n'Amashyamba
Imibereho y’inyombya, inyoni imenyerewe mu kubyutsa abantu mu museso

Mu bihe byo hambere mu museso hari inyoni zitandukanye zabashaga kubwira abantu ko bukeye kugira ngo bitegure kujya mu mirimo cyangwa kujya mu zindi gahunda babaga baraye bashyize kuri gahunda. Muri izo nyoni twavugamo imisambi yakundaga guhiga mu museso, isake zabikaga n’izindi.

Ibyo wamenya kuri Southern red bishop, inyoni ifite amayeri yo kurambagiza
20 Kam 2021Utuntu n’Utundi
Ibyo wamenya kuri Southern red bishop, inyoni ifite amayeri yo kurambagiza

Uwavuga ko uwambaye neza agaragara neza ntabwo yaba abeshye. Ahari iyo mvugo ishobora kuba yaraguye mu matwi y’inyoni zimwe na zimwe nka Matene na Southern red bishop kuko iyo bigeze mu gihe cyo kororoka zikora ibisa no kwambara neza.

Ibyo wamenya ku nkoko zo mu mazi aho ibigore birwana igitsinze kikegukana ikigabo
19 Kam 2021Pariki n'Amashyamba
Ibyo wamenya ku nkoko zo mu mazi aho ibigore birwana igitsinze kikegukana ikigabo

Umuntu waba warigeze ajyana inkokokazi ku isake akahasanga amasake menshi yaba umuhamya w’imirwano yaba yarahuje ayo masake arimo kwishakamo isake ifite imbaraga kandi ibasha kubangurira iyo nkokokazi.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram