Ibyo wamenya kuri ‘Secretary Bird’, inyoni iboneka mu Rwanda no ku birango by’ingabo za Afurika y’Epfo
‘Secretary Bird’ ni imwe mu nyoni zigaragara ku mugabane wa Afurika gusa. Kubera imiterere yayo n’ubudasa iyi nyoni yabengutswe n’ingabo zo muri Afurika y’Epfo bituma ziyishyira ku birango byazo.