SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Tuyishimire Raymond

No description available.

Default Author
Izanditswe na Tuyishimire Raymond
Kanyinya: Hubatswe ikiraro cyo mu kirere cyitezweho gukura mu bwigunge abaturage basaga 4500
26 Gic 2021U Rwanda
Kanyinya: Hubatswe ikiraro cyo mu kirere cyitezweho gukura mu bwigunge abaturage basaga 4500

Abaturage bo mu Murenge wa Kanyinya mu Kagari Ka Taba mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko kuri ubu banyuzwe n’icyemezo cy’ubuyobozi cyo kububakira ikiraro gica mu kirere kuko bagorwaga no gukora ingendo zihuza Umurenge wa Jali mu Karere ka Gasabo n’uwa Kanyinya mu ka Nyarugenge.

Abashoferi batatu bafashwe  bakekwaho guha ruswa abapolisi  harimo iya 1000 Frw
16 Gic 2021U Rwanda
Abashoferi batatu bafashwe bakekwaho guha ruswa abapolisi harimo iya 1000 Frw

Polisi y’Igihugu yeretse itangazamakuru abashoferi batatu n’ubafasha umwe (umutandiboyi) bafashwe bakekwaho kugerageza guha ruswa abapolisi bacunga umutekano wo mu muhanda.

Abapolisi 140  berekeje mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrique
16 Gic 2021U Rwanda
Abapolisi 140 berekeje mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrique

Itsinda ry’abapolisi 140 b’u Rwanda berekeje mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrique.

Hahembwe abitwaye neza muri ‘Wavumbuzi Entrepreneurship Challenge’
14 Gic 2021U Rwanda
Hahembwe abitwaye neza muri ‘Wavumbuzi Entrepreneurship Challenge'

Ku wa 12 Gicurasi hasojwe irushanwa rya ‘Wavumbuzi Entrepreneurship Challenge’ ryari rimaze iminsi riba ahanini hagamijwe kuzamura imitekerereze y’urubyiruko ruri mu mashuri yisumbuye kuva mu mwaka wa mbere kugeza mu wa Gatandatu.

Imvano y’amashusho y’abanyeshuri bo mu Ruhango bagaragaye babyina nk’abari gukora imibonano mpuzabitsina
13 Gic 2021Utuntu n’Utundi
Imvano y’amashusho y’abanyeshuri bo mu Ruhango bagaragaye babyina nk’abari gukora imibonano mpuzabitsina

Ku mbuga nkoranyambaga, hashize iminsi ibiri hakwirakwira amashusho y’abanyeshuri bo mu ishuri ryo mu Karere ka Ruhango, bari mu cyumba bigaragara ko ari icyo hanze y’ishuri, bari kubyina mu buryo budasanzwe, hamwe umukobwa aryamye ku buriri, umusore nawe amuryamye hejuru nk’aho bari gukora imibonano mpuzabitsina.

Abantu barindwi bamaze kwicwa n’ibiza, inzu 78 zarasenyutse muri Gicurasi
12 Gic 2021Ibidukikije
Abantu barindwi bamaze kwicwa n’ibiza, inzu 78 zarasenyutse muri Gicurasi

Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’Ubutabazi (Minema), yatangaje ko mu minsi 11 ya mbere y’ukwezi kwa Gicurasi abagera kuri barindwi bamaze kwitaba Imana , abandi 19 barakomereka bazize ibiza byatewe n’imvura nyinshi.

Impamvu y’izamuka ry’igiciro cy’ifarini
12 Gic 2021U Rwanda
Impamvu y’izamuka ry’igiciro cy’ifarini

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yasobanuye ko ingaruka zatewe n’icyorezo cya COVID-19 zakoze ku biciro ku isoko bituma ifarini ihenda.

FARG imaze gukoresha miliyari 336 Frw mu myaka 23
11 Gic 2021U Rwanda
FARG imaze gukoresha miliyari 336 Frw mu myaka 23

Ikigega cya Leta gitera inkunga abacitse ku icumu rya Jenoside batishoboye, FARG, mu myaka 23 kimaze, cyakoresheje miliyari zisaga 336 Frw, aho igice kinini cy’ayo mafaranga ari miliyari 190 Frw yakoreshejwe mu burezi.

Impamvu y’umubare muto w’abakobwa bakora mu bijyanye n’ubumenyingiro mu mboni za Minisitiri Bayisenge
10 Gic 2021U Rwanda
Impamvu y'umubare muto w'abakobwa bakora mu bijyanye n'ubumenyingiro mu mboni za Minisitiri Bayisenge

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof Bayisenge Jeannette, yashimangiye ko kuba ku isoko ry’umurimo umubare w’abana b’abakobwa ukiri muke, ahanini biterwa n’uko umubare w'abiga amasomo y'ubumenyingiro ukiri muto.

PSF isanga gusubika CHOGM ari umukoro ku bikorera
9 Gic 2021Ishoramari
PSF isanga gusubika CHOGM ari umukoro ku bikorera

Uragaga rw’Abikorera mu Rwanda (PSF) rwasabye abikorera kudacika intege ahubwo bahabwa umukoro wo kunoza ibyari bitaranoga neza, nyuma y’isubikwa ry’inama Ihuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma zigize Commonwealth (CHOGM) yagombaga kubera i Kigali.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram