SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Utuje Cedric
Latest from Utuje Cedric
Trump yakinnye ku mubyimba Starmer w’u Bwongereza uri mu mazi abira
21 Kam 2026Mu Mahanga
Trump yakinnye ku mubyimba Starmer w’u Bwongereza uri mu mazi abira

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakinnye ku mubyimba Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer, agaragaza ko yatsinzwe bikomeye cyane ku mishinga igamije guteza imbere Abongereza.

Ntibyemewe gukubita umwana inkoni, inshyi cyangwa inkonji- RIB
21 Kam 2026U Rwanda
Ntibyemewe gukubita umwana inkoni, inshyi cyangwa inkonji- RIB

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B Thierry, yakebuye ababyeyi bahana abana babo bihanukiriye, ku buryo bishobora kubaviramo kugira ibikomere bikomeye.

Gloria Mukamabano agiye gusubira mu itangazamakuru
21 Kam 2026U Rwanda
Gloria Mukamabano agiye gusubira mu itangazamakuru

Gloria Mukamabano uheruka gusezera itangazamakuru nyuma yo kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko agiye gusubira muri uyu mwuga aho azajya akorana ibiganiro na Jean Pierre Kagabo bahoze bakorana mu Rwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA).

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza ashobora kuba asigaje amasaha mbarwa ku butegetsi
21 Kam 2026Mu Mahanga
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza ashobora kuba asigaje amasaha mbarwa ku butegetsi

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer ashobora kwegura mu cyumweru gitaha nyuma y’uko abamushyigikiye mu ishyaka rye bakomeje kuba mbarwa.

Ifoto ikomeje guca ibintu hagati ya Trump na Meloni
21 Kam 2026Mu Mahanga
Ifoto ikomeje guca ibintu hagati ya Trump na Meloni

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gushimangira ko Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giorgia Meloni, yamusabye ko bifotozanya mu nama ya G7 kugira ngo yongere igikundiro cye mu bantu.

RIB yasobanuye uko Marchal Ujeku yanyanganyije abantu ibibanza bya miliyoni 144 Frw
20 Kam 2026U Rwanda
RIB yasobanuye uko Marchal Ujeku yanyanganyije abantu ibibanza bya miliyoni 144 Frw

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira Thierry, yatangaje ko ibyaha biregwa Ujekuvuka Emmanuel wamenyekanye nka Marchal Ujeku atabikoreye mu Mujyi wa Kigali gusa ahubwo ko yabikoreye no mu Karere ka Bugesera, aho bakiriye ibirego bijyanye n’ubutaka bifite agaciro ka miliyoni 144 Frw.

Ishuri Rikuru ry’Ubuzima rya Ruli ryashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 200
19 Kam 2026U Rwanda
Ishuri Rikuru ry’Ubuzima rya Ruli ryashyize ku isoko ry’umurimo abarenga 200

Ishuri Rikuru ry’Ubuforomo n’Ububyaza, Ruli Higher Institute of Health – RHIH, ryashyize ku isoko ry’umurimo abantu 239, basoje amasomo mu cyiciro cya Mbere n’icya Kabiri cya Kaminuza.

Niba umugore wawe yagukubise ntiwihanire – Dr. Murangira
19 Kam 2026U Rwanda
Niba umugore wawe yagukubise ntiwihanire – Dr. Murangira

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko kuba umugabo bitavuze kwihanira, ahubwo ari ukumenya uburyo umuntu yitwara mu bihe bigoye, uburakari yari afite akabuyobora ntibumuyobore.

RIB yasubije abaturage telefone z’arenga miliyoni 40 Frw zari zibwe
19 Kam 2026U Rwanda
RIB yasubije abaturage telefone z’arenga miliyoni 40 Frw zari zibwe

Abatunze telefoni 140 zari zibwe bazisubijwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), nyuma yo kugaruzwa no guta muri yombi bamwe mu bari bazibye. Izi telefoni zose zifite agaciro ka miliyoni 40 Frw.

Abakora iyamamazabikorwa beretswe uko AI yabafasha kunoza ibyo bakora
19 Kam 2026U Rwanda
Abakora iyamamazabikorwa beretswe uko AI yabafasha kunoza ibyo bakora

Ikoranabuhanga rigezweho ry’Ubwenge Buhangano, AI rikomeje kugena imikorere itandukanye ku batuye Isi by’umwihariko mu kumenyekanisha ibikorwa by’abantu ku buryo mu gihe gito biba byageze kuri buri wese.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram