Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakinnye ku mubyimba Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer, agaragaza ko yatsinzwe bikomeye cyane ku mishinga igamije guteza imbere Abongereza.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B Thierry, yakebuye ababyeyi bahana abana babo bihanukiriye, ku buryo bishobora kubaviramo kugira ibikomere bikomeye.
Gloria Mukamabano uheruka gusezera itangazamakuru nyuma yo kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko agiye gusubira muri uyu mwuga aho azajya akorana ibiganiro na Jean Pierre Kagabo bahoze bakorana mu Rwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA).
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer ashobora kwegura mu cyumweru gitaha nyuma y’uko abamushyigikiye mu ishyaka rye bakomeje kuba mbarwa.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gushimangira ko Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giorgia Meloni, yamusabye ko bifotozanya mu nama ya G7 kugira ngo yongere igikundiro cye mu bantu.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira Thierry, yatangaje ko ibyaha biregwa Ujekuvuka Emmanuel wamenyekanye nka Marchal Ujeku atabikoreye mu Mujyi wa Kigali gusa ahubwo ko yabikoreye no mu Karere ka Bugesera, aho bakiriye ibirego bijyanye n’ubutaka bifite agaciro ka miliyoni 144 Frw.
Ishuri Rikuru ry’Ubuforomo n’Ububyaza, Ruli Higher Institute of Health – RHIH, ryashyize ku isoko ry’umurimo abantu 239, basoje amasomo mu cyiciro cya Mbere n’icya Kabiri cya Kaminuza.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yavuze ko kuba umugabo bitavuze kwihanira, ahubwo ari ukumenya uburyo umuntu yitwara mu bihe bigoye, uburakari yari afite akabuyobora ntibumuyobore.
Abatunze telefoni 140 zari zibwe bazisubijwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), nyuma yo kugaruzwa no guta muri yombi bamwe mu bari bazibye. Izi telefoni zose zifite agaciro ka miliyoni 40 Frw.
Ikoranabuhanga rigezweho ry’Ubwenge Buhangano, AI rikomeje kugena imikorere itandukanye ku batuye Isi by’umwihariko mu kumenyekanisha ibikorwa by’abantu ku buryo mu gihe gito biba byageze kuri buri wese.