SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Uwizeyimana Rosette
Latest from Uwizeyimana Rosette
Espagne: Umugore wa Minisitiri w’Intebe akurikiranyweho ruswa
20 Kam 2026Mu Mahanga
Espagne: Umugore wa Minisitiri w’Intebe akurikiranyweho ruswa

Umugore wa Minisitiri w’Intebe wa Espagne, Begoña Gómez, yategetswe kujya yitaba urukiko mu gihe akurikiranyweho ibyaha bya ruswa ndetse abuzwa kuva mu gihugu.

Nyuma y’imyaka itandatu ku butegetsi, Ndayishimiye yavuze ko ari bwo amenye kuyobora
20 Kam 2026Afurika y'Iburasirazuba
Nyuma y'imyaka itandatu ku butegetsi, Ndayishimiye yavuze ko ari bwo amenye kuyobora

Perezida w’u Burundi Ndayishimiye Evariste, yavuze ko imyaka itandatu amaze ku butegetsi yari ari ku ishuri ryo kwiga uko bateza imbere igihugu, ubu akaba ari bwo akibimenya.

Uwahoze ari Minisitiri muri Nigeria yashinje u Bwongereza kumwanduriza izina
20 Kam 2026Muri Afurika
Uwahoze ari Minisitiri muri Nigeria yashinje u Bwongereza kumwanduriza izina

Uwahoze ari Minisitiri w’Ingufu muri Nigeria na Perezida w’umuryango w’ibihugu byohereza ibikomoka kuri peteroli mu mahanga (OPEC), Diezani Alison-Madueke, yavuze ko inzego z’ubutabera z’u Bwongereza zamusebeje ubwo zamukoragaho iperereza ku byaha bya ruswa.

Umuhanda Prince House-Cyamitsingi uzamara icyumweru ufunze
19 Kam 2026U Rwanda
Umuhanda Prince House-Cyamitsingi uzamara icyumweru ufunze

Kuva mu ijoro ryo kuri uyu wa 19 kugeza ku wa 26 Kamena 2026, umuhanda Prince House-Cyamitsingi uri mu Mujyi wa Kigali urafungwa by’agateganyo kubera imirimo ibanziriza iyagurwa ryawo.

Zimbabwe: Inteko yongeje Perezida Mnangagwa imyaka yo kuyobora, ikuraho amatora ataziguye
19 Kam 2026Muri Afurika
Zimbabwe: Inteko yongeje Perezida Mnangagwa imyaka yo kuyobora, ikuraho amatora ataziguye

Inteko Ishinga Amategeko ya Zimbabwe yatoye itegeko ryemerera Perezida Emmerson Mnangagwa, gukomeza kuyobora igihugu kugeza mu 2030 mu gihe byari biteganyijwe ko manda ye ya kabiri izarangira mu 2028.

Amerika yatanze arenga miliyoni 375 $ mu kurwanya Ebola muri Afurika
18 Kam 2026Mu Mahanga
Amerika yatanze arenga miliyoni 375 $ mu kurwanya Ebola muri Afurika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye cyatanze miliyoni 375 $ (miliyari 557 Frw) mu bikorwa byo guhangana n’icyorezo cya Ebola muri Afurika, anashimangira ko Amerika ari yo yagize uruhare rukomeye mu kugikumira.

Muhanga: Akekwaho kwica mubyara we bapfa umugore
17 Kam 2026U Rwanda
Muhanga: Akekwaho kwica mubyara we bapfa umugore

Umugabo wo mu Karere ka Muhanga yafunzwe akekwaho kwica mubyara we witwaga Nshimiyimana Gilbert, amuteye icyuma mu rutugu, amuziza ko yamufashe agiye kuryamana n’umugore we.

FBI yaburijemo umugambi w’igitero kuri White House
17 Kam 2026Mu Mahanga
FBI yaburijemo umugambi w'igitero kuri White House

Urwego rw’iperereza rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI) rwatangaje ko rwaburijemo umugambi wo kugaba ibitero ku bitabiriye ibirori by’imikino njyarugamba byabereye ku Ngoro y’Umukuru w’Igihugu (White House), hafatwa abantu bakekwaho gucura uwo mugambi.

Nigeria: Umugore wa Jenerali wapfiriye mu maboko y’abamushimuse yabohowe
16 Kam 2026Muri Afurika
Nigeria: Umugore wa Jenerali wapfiriye mu maboko y’abamushimuse yabohowe

Igisirikare cya Nigeria cyatangaje ko cyabohoye Amina Abubakar, umugore wa Gen Maj Rabe Abubakar wari warashimutiwe muri Leta ya Katsina muri Gicurasi 2026.

Impamvu Donald Trump agiye kwakirira imikino njyarugamba ku biro bye
13 Kam 2026Mu Mahanga
Impamvu Donald Trump agiye kwakirira imikino njyarugamba ku biro bye

Ku wa 14 Kamena 2026 Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, azareba imikino njyarugamba ya MMA (Mixed Martial Arts) izabera mu kibuga cyiswe ‘The Claw’ kiri ku biro by’Umukuru w’Igihugu, White House.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram