SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Ayera Belyne
Izanditswe na Ayera Belyne
Ku myaka 42 yiga mu wa mbere ‘secondaire’: Inkuru ya Gumyusenge (Video)
5 Kam 2026U Rwanda
Ku myaka 42 yiga mu wa mbere ‘secondaire’: Inkuru ya Gumyusenge (Video)

Gumyusenge Jean Pierre ni umugabo w’abana bane w’imyaka 42 wiga mu mashuri yisumbuye mu mwaka wa mbere. Yavukiye mu Karere ka Huye mu Ntara y’Amajyepfo, igihe cyo kujya kwiga kigeze ajyayo nk’abandi bana, ariko kubera ubushobozi buke byatumye ava mu ishuri ageze mu mwaka wa gatatu w’amashuri abanza.

Umwihariko w’ibikorwaremezo bifasha ikawa y’u Rwanda guhiga izindi ku isoko mpuzamahanga (Video)
2 Kam 2026U Rwanda
Umwihariko w’ibikorwaremezo bifasha ikawa y’u Rwanda guhiga izindi ku isoko mpuzamahanga (Video)

Ikawa y’u Rwanda yabaye ubukombe ku isoko mpuzamahanga ndetse iherutse kuza muri eshanu nziza zasogongewe mu Imurikagurisha mpuzamahanga ry’Ikawa ‘World of Coffee San Diego’, ryabereye i California muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ryabaye muri Mata 2026.

Mu Rwanda bazabaga inka 1.894 mu minsi itatu: Abayisilamu bizihije Eid Al-Adha
27 Gic 2026Imyemerere
Mu Rwanda bazabaga inka 1.894 mu minsi itatu: Abayisilamu bizihije Eid Al-Adha

Abayisilamu bo mu bice bitandukanye by’igihugu bizihije Umunsi Mukuru w’Igitambo uzwi nka Eid Al-Adha, bibuka uko Aburahamu yari agiye gutamba umwana we Ismail, Imana ikamuha intama yo gutambamo igitambo.

Ubushakashatsi bwagaragaje inshuro umuntu agomba koga mu mutwe
24 Gic 2026Ubuzima
Ubushakashatsi bwagaragaje inshuro umuntu agomba koga mu mutwe

Hari aho uzumva bavuga ngo koga mu mutwe buri munsi ntabwo ari byiza kuko bica umusatsi, abandi bakavuga ngo gukoresha isabune yo koga mu mutwe (shampoo) kenshi si byiza ku musatsi, ariko ubushashatsi bwakozwe na Procter & Gamble, ikigo cyo muri Amerika gikora ibikoresho bitandukanye, birimo ibyo kwita ku musatsi, bwaragaje ko bikwiriye ko umuntu yoga mu mutwe kenshi gashoboka.

Abayisilamu 72 bo mu Rwanda bagiye i Mecca mu mutambagiro Mutagatifu
18 Gic 2026Imyemerere
Abayisilamu 72 bo mu Rwanda bagiye i Mecca mu mutambagiro Mutagatifu

Ku wa 17 Gicurasi 2026, bamwe mu bayoboke b’Idini ya Islam mu Rwanda berekeje i Mecca muri Arabie Saoudite mu mutambagiro mutagatifu uba buri mwaka.

Abayobozi n’abakozi ba Letshego Rwanda Plc bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi, basabwa gusigasira ubumwe
14 Gic 2026New section
Abayobozi n’abakozi ba Letshego Rwanda Plc bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi, basabwa gusigasira ubumwe

Umuyobozi Mukuru wa LETSHEGO AFRIKA HOLDING (Ifite icyicaro gikuru muri Bostwana) yasuye ishami rya LETSHEGO mu Rwanda yifatanya n’abakozi mu Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, basura Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, bigishwa amateka yaranze u Rwanda mbere ya Jenoside, mu gihe cya Jenoside, uko yahagaritswe, kugeza ku bumwe n’ubwiyunge.

Mu myaka ine Leta yahannye abakozi bayo 1300
14 Gic 2026New section
Mu myaka ine Leta yahannye abakozi bayo 1300

Imibare ya Komisiyo y'Igihugu ishinzwe Abakozi ba Leta igaragaza ko mu myaka ine ishize hirukanwe abakozi 329 abandi 1056 barahanwa.

Abanyarwanda 6.000 bagiye kubagwa ishaza babifashijwemo n’Ingabo na Polisi
11 Gic 2026Ubuzima
Abanyarwanda 6.000 bagiye kubagwa ishaza babifashijwemo n’Ingabo na Polisi

Abanyarwanda bo mu turere twose tw’igihugu bagera kuri 90.000 bafite ibibazo by’amaso bagiye gusuzumwa, mu gihe abandi 6.000 bazabagwa indwara y’ishaza, binyuze mu gikorwa cy’inzego z’umutekano zirimo Ingabo z’Igihugu na Polisi y’u Rwanda.

Uruganda rwa miliyari 5 Frw n’abakozi 400 -Habimana agiye gukorera kizimyamoto mu Rwanda
24 Mat 2026New section
Uruganda rwa miliyari 5 Frw n’abakozi 400 -Habimana agiye gukorera kizimyamoto mu Rwanda

Inkongi y’umuriro ni kimwe mu biza bihangayikishije leta kuko iyo bije bitwara ubuzima bw’abantu, bikangiza ibikorwaremezo n’ibikoresho bihenze n’ibyoroheje. Habimana Olivier yavuze ko mu 2027 azubaka uruganda rukora ibikoresho byifashishwa mu kuzimya inkongi, bikazagabanya ibitumizwa mu mahanga.

Mutoni Assia yagowe n’akazi ko gusukura imirambo
29 Wer 2026Imyidagaduro
Mutoni Assia yagowe n’akazi ko gusukura imirambo

Mutoni Assia wakunzwe cyane muri sinema nyarwanda, yavuze ko nyuma yo kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, hari byinshi byamugoye birimo kwikorera imirimo yo mu rugo ndetse n’akazi ko gusukura imirambo kwa muganga, ajya akora iyo byabaye ngombwa.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram