SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Berrick Munyeshyaka
Latest from Berrick Munyeshyaka
Impamvu abagabo bakunda umupira w’amaguru
18 Kam 2026Utuntu n’Utundi
Impamvu abagabo bakunda umupira w'amaguru

Umupira w’amaguru ni wo mukino urebwa n’abantu benshi kurusha indi ku Isi, kuko urebwa n’abarenga miliyari eshatu n’igice. Igikombe cy’Isi cyo mu wa 2022 cyarebwe n’abagera kuri miliyari eshanu, kandi ni cyo gikorwa cya siporo cyarebwe kurusha ibindi mu mateka.

Ukraine yagabweho ibitero bikomeye n’u Burusiya
17 Kam 2026Mu Mahanga
Ukraine yagabweho ibitero bikomeye n’u Burusiya

Ingabo z’u Burusiya zagabye igitero cya Drone muri Ukraine, mu ijoro ryacyeye rishyira tariki 17 Kamena 2026. Byabereye mu ntara ya Zaporizhia, umwe arapfa abandi barindwi barakomereka.

Ingaruka zikomeye ku bakoresha ikibuno nk’igitsina
14 Kam 2026Utuntu n’Utundi
Ingaruka zikomeye ku bakoresha ikibuno nk'igitsina

Imibonano mpuzabitsina ikorewe mu kibuno, ni igihe cyose muri uyu mwanya wagenewe gusohokeramo imyanda hinjijwe igikoresho runaka, intoki cyangwa igitsina ahasohokera umwanda hagamijwe kwishimisha.

Akaga gategereje abatitondera imibonano mpuzabitsina yo mu kanwa
14 Kam 2026Utuntu n’Utundi
Akaga gategereje abatitondera imibonano mpuzabitsina yo mu kanwa

Indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina zirimo imitezi na mburugu na Virusi itera Sida, zishobora kwibasira abayikora bifashishije umunwa, aho byanabaviramo kanseri, guhuma, ubugumba no kwangirika k’ubwonko.

Zimwe mu mbuto n’imboga zakurinda indwara z’umutima
14 Kam 2026Ubuzima
Zimwe mu mbuto n’imboga zakurinda indwara z’umutima

Nubwo abantu bitabira kurya amoko y’imboga n’imbuto atanu buri munsi, munsi y’umwe muri batanu ni we urya izirimo intungamubiri za Flavonols zizwiho kurinda indwara zifata umutima.

Umuhanga mu bwubatsi wabaye Minisitiri (Video)
12 Kam 2026U Rwanda
Umuhanga mu bwubatsi wabaye Minisitiri (Video)

Kuva mu ijoro ryo ku wa 10 Kamena 2026, u Rwanda rufite Minisiteri y’Ibikorwaremezo ifite abayobozi bashya barimo inzobere mu bwubatsi Murwanashyaka Damien wagize uruhare mu iyubakwa ry’imishinga minini mu Rwanda.

Donald Trump yishimiye izamuka ry’ibiciro
11 Kam 2026Mu Mahanga
Donald Trump yishimiye izamuka ry’ibiciro

Donald Trump yatunguye Isi ubwo yavugaga ko akunda izamuka ry’ibiciro ku masoko nyuma y’uko imibare yerekana ko byatumbagiye cyane muri Amerika muri Gicurasi ugereranyije n’imyaka itatu ishize.

Canada ishaka kubuza abari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga
11 Kam 2026Mu Mahanga
Canada ishaka kubuza abari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga

Minisitiri w’umuco muri Canada, Marc Miller ku wa Gatatu tariki 10 Kamena 2026, yashyikirije Inteko Ishinga Amategeko, umushinga w’itegeko rikumira abana bari munsi y’imyaka 16 ku mbuga nkoranyambaga.

Ikanzu yateranyije umukobwa na nyina witegura ubukwe afite imyaka 60
30 Gic 2026Utuntu n’Utundi
Ikanzu yateranyije umukobwa na nyina witegura ubukwe afite imyaka 60

Umugore w'imyaka 60 yabwiye umukobwa we ko azambara ikanzu nk'iyo yamuguriye ku bukwe bwe, biramurakaza cyane yisunga imbuga nkoranyambaga ngo bamugire inama.

Trump yamaze impungenge abahangayikishijwe n’ubuzima bwe
28 Gic 2026Mu Mahanga
Trump yamaze impungenge abahangayikishijwe n’ubuzima bwe

Ku wa Kabiri, tariki 26 Gicurasi 2026, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yagiye mu bitaro bya gisirikare gukorerwa ibizamini byerekana uko ubuzima bwe buhagaze.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram