SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Hakizimana Jean Paul
Latest from Hakizimana Jean Paul
Ngoma: Hari gukorwa iperereza ku bishe umugabo bamuciye umutwe
22 Kam 2026U Rwanda
Ngoma: Hari gukorwa iperereza ku bishe umugabo bamuciye umutwe

Inzego z’umutekano mu Karere ka Ngoma zatangiye iperereza kugira ngo hamenyekane abantu basanze umugabo w’imyaka 42 iwe mu rugo bakamwica bamuciye ijosi ndetse n’ibindi bice by’umubiri we.

Abasiririkare n’abapolisi b’u Rwanda boroje abaturage 900 b’Iburasirazuba
22 Kam 2026U Rwanda
Abasiririkare n’abapolisi b’u Rwanda boroje abaturage 900 b'Iburasirazuba

Ingabo z’u Rwanda zifatanyije na Polisi y’u Rwanda bahaye inka n’ihene abaturage 916 bo mu mirenge itanu yo mu turere twa Kayonza na Kirehe.

Rwamagana: Umwana w’imyaka 11 yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye
22 Kam 2026U Rwanda
Rwamagana: Umwana w’imyaka 11 yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye

Umwana w’umuhungu wari ufite imyaka 11 wo mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Kigabiro, yasanzwe mu mugozi yapfuye, bikekwa ko yiyahuye.

Bwabinjirije miliyoni 16 Frw: Ubwatsi bw’amatungo bwabaye imari ishyushye i Kayonza
22 Kam 2026Amakuru
Bwabinjirije miliyoni 16 Frw: Ubwatsi bw’amatungo bwabaye imari ishyushye i Kayonza

Urubyiruko 50 rwo mu Karere ka Kayonza rumaze gusarura arenga miliyoni 16 Frw mu buhinzi bw’ubwatsi bw’amatungo mu gihembwe kimwe, nyuma y’uko rubonye abakiliya benshi.

Iburasirazuba: Ibyangombwa ibihumbi 87 by’abaturage bari bafite ibibazo by’ubutaka bimaze gukosorwa
21 Kam 2026Basketball
Iburasirazuba: Ibyangombwa ibihumbi 87 by’abaturage bari bafite ibibazo by’ubutaka bimaze gukosorwa

Ibyangombwa by’ubutaka ibihumbi 87.567 by’abaturage bo mu turere dutatu two mu Ntara y’Iburasirazuba turimo Kayonza, Kirehe na Nyagatare twakunze kurangwamo ibibazo bituruka ku masambu atari yanditswe n’abapfaga imbibi z’ubutaka, bimaze gukosorwa.

Kayonza: Babiri batekaga kanyanga baburanishirijwe mu ruhame bahita banakatirwa
20 Kam 2026U Rwanda
Kayonza: Babiri batekaga kanyanga baburanishirijwe mu ruhame bahita banakatirwa

Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwaburanishirije mu ruhame abaturage babiri bo mu Karere ka Kayonza baguwe gitumo batetse kanyanga, ruhita runabakatira aho umwe yakatiwe gufungwa imyaka 3,6, undi akatirwa gufungwa imyaka irindwi.

Abagenagaciro basuye urwibutso rwa Kiziguro, basabwa kurwanya ingengabitekerezo y’urwango
20 Kam 2026U Rwanda
Abagenagaciro basuye urwibutso rwa Kiziguro, basabwa kurwanya ingengabitekerezo y’urwango

Abagize Urugaga rw’Abagenagaciro b’umwuga mu Rwanda, IRPV, basabwe kugira uruhare mu kurwanya ingengabitekerezo y’urwango no gutanga umusanzu mu kurwanya abagoreka amateka y’u Rwanda bifashisha imbuga nkoranyambaga.

Ngoma: Isomwa ry’urubanza abantu 10 baregwamo gutwara isambu y’undi ryasubitswe
18 Kam 2026Ubutabera
Ngoma: Isomwa ry’urubanza abantu 10 baregwamo gutwara isambu y’undi ryasubitswe

Urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwasubitse isomwa ry’urubanza Mukakibogo Veronique aregamo abaturage icumi abashinja kumutwarira ubutaka bakanga kubuvamo, rurwimurira ku wa 10 Nyakanga 2026.

Imihanda, ibiyaga na pariki bigiye guhabwa ibyangombwa by’ubutaka
18 Kam 2026U Rwanda
Imihanda, ibiyaga na pariki bigiye guhabwa ibyangombwa by’ubutaka

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubutaka cyatangaje ko cyatangiye kubarura ubutaka bwubatsweho imihanda, uburiho ibiyaga, imigezi ndetse na pariki, kugira ngo bihabwe ibyangombwa by’ubutaka (UPI) mu rwego rwo kwandika ubutaka bwose u Rwanda rufite.

Ngoma: Bariye inka irwaye ubuganga, umwe arapfa icyenda bajyanwa kwa  muganga igitaraganya
17 Kam 2026Imyidagaduro
Ngoma: Bariye inka irwaye ubuganga, umwe arapfa icyenda bajyanwa kwa muganga igitaraganya

Abaturage icumi bo mu Karere ka Ngoma mu Murenge wa Kazo, bajyanywe kwa muganga umwe ahita yitaba Imana nyuma yo gutaburura inka yari yishwe n’indwara y’ubuganga bakayirya ikabamerera nabi.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram