SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Ivan Nyagatare

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Ivan Nyagatare
Apostle Grace Lubega ategerejwe mu Rwanda mu giterane cy’ububyutse
14 Uku 2022Ivugabutumwa
Apostle Grace Lubega ategerejwe mu Rwanda mu giterane cy’ububyutse

Apostle Grace Lubega uyobora Phaneroo Ministries International ifite icyicaro i Kampala muri Uganda, ategerejwe mu giterane cyiswe Rwanda Revival Conference kizaba ku wa 4 Gashyantare 2023, muri BK Arena.

Imideli yakorewe mu Rwanda yamuritswe bwa mbere muri Ghana
17 Kan 2017Fashion
Imideli yakorewe mu Rwanda yamuritswe bwa mbere muri Ghana

Imyambaro ikorerwa mu Rwanda n’inzu y’imideli ya Tanga Designs yamuritswe bwa mbere mu iserukiramuco rikomeye muri Ghana rizwi nka ‘Mercedes Benz Fashion Festival’ yishimirwa n’abitabiriye ibyo birori.

Uwase ari mu banyamideli bo mu bihugu 50 bazitabira World Next Top Model
7 Nya 2017Fashion
Uwase ari mu banyamideli bo mu bihugu 50 bazitabira World Next Top Model

Umunyamideli Uwase Clementine abaye Umunyarwandakazi wambere ugiye mu irushanwa rya World Next Top Model hashakishwa uwahize abandi mu nguni zose z’Isi.

Umunya-Ireland yaguye ubucuruzi bw’imyambaro ikorerwa mu Rwanda kuri internet
5 Kam 2017Fashion
Umunya-Ireland yaguye ubucuruzi bw’imyambaro ikorerwa mu Rwanda kuri internet

Isoko ryo guhahira kuri internet rirarushaho kwaguka mu Rwanda, abaranga n’abagura ibicuruzwa kuva ku biribwa kugera ku myambaro banyuze kuri internet bagenda biyongera.

Amafoto y’ibirori bya Kigali Fashion Week byaranzwe n’imyambarire ihebuje
29 Gic 2017Fashion
Amafoto y'ibirori bya Kigali Fashion Week byaranzwe n'imyambarire ihebuje

Ibirori ngarukamwaka bikomeye bihuza abanyamideli bizwi “Kigali Fashion Week” byongeye kubera mu Mujyi wa Kigali, byerekanirwamo imyambaro idasanzwe yakozwe n'abafite ubuhanga mu kuyiha ishusho, barimo n'abaturuka hanze y'u Rwanda.

Abanyamideli 60 bazitabira Kigali Fashion Week bamenyekanye (Amafoto)
17 Gic 2017Fashion
Abanyamideli 60 bazitabira Kigali Fashion Week bamenyekanye (Amafoto)

Mu gihe imyiteguro y'ibirori ngarukamwaka byo kwerekana imideli ‘Kigali Fashion Week’ ku nshuro ya karindwi irimbanyije, abanyamideli 60 baziyerekana bateye intambwe igana mu cyiciro cya nyuma.

Uwase Alonga yamuritse igitabo yise “ABC’s of Rwanda” gitatse ibyiza by’igihugu mu nyuguti 26
1 Gic 2017Ibitabo
Uwase Alonga yamuritse igitabo yise “ABC’s of Rwanda” gitatse ibyiza by’igihugu mu nyuguti 26

ABC’s of Rwanda ni igitabo kigizwe n’inyuguti 26, zigaragaza isura y’u Rwanda kuva kuri A ihagarariye Akagera, imwe muri pariki ibarizwa mu gihugu, kugeza kuri Z isobanura “Zebra”, imparage, iri mu nyamaswa zikurura ba mukerarugendo bazana amadovize.

Ibikwiye kuranga abitabira urugendo rwo kwibuka
7 Mat 2017Fashion
Ibikwiye kuranga abitabira urugendo rwo kwibuka

Buri mwaka tariki ya 7 Mata ni umunsi abanyarwanda n’inshuti zabo batangira ibikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kuri uyu munsi kandi hakorwa urugendo rwo kwibuka.

Hatangijwe irushanwa ry’abafite impano zo kumurika imideli mu bakiri bato i Kigali (Amafoto)
4 Mat 2017Fashion
Hatangijwe irushanwa ry’abafite impano zo kumurika imideli mu bakiri bato i Kigali (Amafoto)

Ihuriro ry’Urubyiruko Champions Competition Arts Promoters (CCAP) ryatangije irushanwa ryo guteza imbere impano z'abakiri bato no gukomeza gushishikariza urubyiruko gutangira kubaka ejo hazaza habo bakibyiruka.

Menya ihame rikomeye cyane ryagufasha kwambara neza ukaberwa
30 Wer 2017Fashion
Menya ihame rikomeye cyane ryagufasha kwambara neza ukaberwa

Ese wari wareba ku mbuga nkoranyambaga imyenda runaka nk’ikanzu nziza cyangwa ikote ribereye umuntu ubonye ku ifoto maze warigura wakwireba ugasanga ntaho bihuriye nibyo wari witeze? Ugasanga ntibikubereye na gato? Niba byarakubayeho, nturi wenyine kuko ibi ni ibintu biba kuri benshi cyane cyane iyo bataramenya icyatuma baberwa.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram