SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Léonidas Muhire
Latest from Léonidas Muhire
Imyuka ihumanya ikirere mu Rwanda buri mwaka yiyongeraho toni zirenga miliyoni 5
23 Kam 2026U Rwanda
Imyuka ihumanya ikirere mu Rwanda buri mwaka yiyongeraho toni zirenga miliyoni 5

Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cyo kubungabunga Ibidukikije (REMA) ku myuka ihumanya ikirere, yagaragaje ko mu gihe cy’imyaka 16 mu Rwanda imyuka ihumanya ikirere yavuye kuri toni miliyoni 2.395 igera kuri toni miliyoni 7.832.

RIB yakuyeho urujijo ku rupfu rw’umunyemari Habimana Noël
22 Kam 2026Ubutabera
RIB yakuyeho urujijo ku rupfu rw’umunyemari Habimana Noël

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko umunyemari Habimana Noël uherutse gupfa bigateza impaka, yapfuye azize urupfu rusanzwe nyuma y’uko hari abakekaga ko ashobora kuba yarishwe.

Rwamagana: Arenga miliyoni 700 Frw agiye gukoreshwa mu kwagura Ikigo Nderabuzima cya Muyumbu
21 Kam 2026U Rwanda
Rwamagana: Arenga miliyoni 700 Frw agiye gukoreshwa mu kwagura Ikigo Nderabuzima cya Muyumbu

Umuryango Health Builders ufatanyije na Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) n’Akarere ka Rwamagana, byatangije ibikorwa byo kwagura no kuvugurura Ikigo Nderabuzima cya Muyumbu, mu mushinga uzatwara 485.000$ (arenga gato miliyoni 709 Frw).

Ibirayi byatangiye gucuruzwa hakoreshejwe ‘Application’ yihariye
19 Kam 2026U Rwanda
Ibirayi byatangiye gucuruzwa hakoreshejwe ‘Application’ yihariye

Mu gihe ibiciro bidasiba kuzamuka harimo n’iby’ibikomoka ku buhinzi, hatangijwe uburyo bwo guhahira ibirayi ku ikoranabuhanga ryihariye rifasha abahinzi kubigurisha ku giciro cyagenwe kitabashyira mu gihombo kandi cyiyongeraho amafaranga make ku muguzi kuko nta nzira ndende bicamo.

Ibyo wamenya ku ikoranabuhanga ryo kuhira imyaka rikoresha mudasobwa i Gabiro
17 Kam 2026U Rwanda
Ibyo wamenya ku ikoranabuhanga ryo kuhira imyaka rikoresha mudasobwa i Gabiro

Mu Cyanya cy’Ubuhinzi cya Gabiro (Gabiro Agribusiness Hub) hari gushyirwa mu bikorwa umushinga wo kuhira imyaka hifashishijwe mudasobwa.

Israel yakuye u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bifite abaturage babujijwe kuyinjiramo kubera Ebola
15 Kam 2026Amakuru
Israel yakuye u Rwanda ku rutonde rw’ibihugu bifite abaturage babujijwe kuyinjiramo kubera Ebola

Israel yatangaje ko yakuye u Rwanda na Kenya ku rutonde rw’ibihugu abaturage babyo babujijwe kuyinjiramo, kubera impungenge zari zatewe n’icyorezo cya Ebola cyagaragaye muri Afurika y’Iburasirazuba.

Abana 56% biga mu wa gatatu ntibashobora gusobanukirwa ibyo basomye mu Kinyarwanda
15 Kam 2026U Rwanda
Abana 56% biga mu wa gatatu ntibashobora gusobanukirwa ibyo basomye mu Kinyarwanda

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyagaragaje ko hakiri ikibazo kijyanye n’imyigishirize y’indimi mu mashuri abanza, aho abenshi badashobora gusobanukirwa ibyo basoma, ibigira ingaruka ku mitsindire yabo.

Tanzania igiye gufungura ikibuga cy’indege cya mbere kinini mu Karere
15 Kam 2026Muri Afurika
Tanzania igiye gufungura ikibuga cy’indege cya mbere kinini mu Karere

Guverinoma ya Tanzania yatangaje ko Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Msalato kiri kubakwa mu Murwa Mukuru, Dodoma kizaba ari cyo kinini mu buso muri Afurika y’Iburasirazuba, kizatangira gukora muri Nzeri 2026, nyuma y’imyaka ine umushinga wo kucyubaka ushyirwa mu bikorwa.

Gasabo: Umugabo yanizwe n’inyama yitwa ‘Nyash’ arapfa
15 Kam 2026Utuntu n’Utundi
Gasabo: Umugabo yanizwe n’inyama yitwa ‘Nyash’ arapfa

Umugabo wari ugiye kugura amafunguro muri restaurant mu Mujyi wa Kigali, yishwe n’inyama yari yananiye uwari wayiguze undi yiyemeza kuyirya birangira imuhitanye.

Uwakoze inyandikomvugo y’uko Bagosora yari kuba Perezida yahishuye uburyo umugambi wamupfubanye
15 Kam 2026Politiki
Uwakoze inyandikomvugo y’uko Bagosora yari kuba Perezida yahishuye uburyo umugambi wamupfubanye

Senyoni Alphonse wari umwe mu bari mu myanya ikomeye mu gisirikare cy’u Rwanda ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yari yegereje, yahishuye ibyabaye mu ijoro ryo ku wa 7 Mata 1994 ubwo indege yari itwaye Habyarimana Juvénal yari yaraye ihanuwe maze Col Bagosora Théoneste agahita yemezwa nk’umusimbura we ariko biza kumupfubana mu gihe gito.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram