SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Manzi Sabin
Izanditswe na Manzi Sabin
SKOL yaganiriye n’abavuga rikumvikana mu myidagaduro  ku kuzamura impano z’urubyiruko (Amafoto)
3 Gas 2026Mu Mahanga
SKOL yaganiriye n’abavuga rikumvikana mu myidagaduro ku kuzamura impano z’urubyiruko (Amafoto)

Thibault Relecom washinze Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye mu Rwanda, SKOL Brewery Ltd, yagiranye ibiganiro byihariye n’ibyamamare mu myidagaduro y’u Rwanda ku buryo bwo guteza imbere no kwagura impano z’urubyiruko rw’u Rwanda.

Umurage Abanyarwanda basangiye n’Intwari z’Igihugu mu mboni za Dr. Bizimana
1 Gas 2026Mu Mahanga
Umurage Abanyarwanda basangiye n’Intwari z’Igihugu mu mboni za Dr. Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yavuze ko ubumwe bwaranze Abanyarwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, ari bwo bwatumye bongera kwiyubaka, ndetse bongera kugira icyizere cy'ejo hazaza.

Amafaranga u Rwanda rwinjije avuye mu mbuto n’imboga byoherejwe mu mahanga yikubye kane mu myaka itanu
31 Mut 2026Ubucuruzi
Amafaranga u Rwanda rwinjije avuye mu mbuto n’imboga byoherejwe mu mahanga yikubye kane mu myaka itanu

Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), igaragaza ko umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi ukomeje kuzamuka, aho mu myaka itanu ishize amafaranga imboga n’imbuto byinjirizaga igihugu yikubye kane ahanini bitewe n’amasoko mpuzamahanga yagiye yiyongera.

Umuturage yasutse ibisa n’imiti ku mudepite wa Amerika biteza impaka
28 Mut 2026Mu Mahanga
Umuturage yasutse ibisa n’imiti ku mudepite wa Amerika biteza impaka

Polisi ya Minneapolis ikorera muri Leta ya Minesota,, yatangaje ko umudepite wo muri iyo leta ufite inkomoko muri Somalia, Ilhan Omar, yasutsweho ikinyabutabire kitazwi n’umuturage wakoresheje urushinge.

Boeing yazahajwe n’ibihombo, mu mpera za 2025 yungutse miliyari 8.2$
28 Mut 2026Imyidagaduro
Boeing yazahajwe n’ibihombo, mu mpera za 2025 yungutse miliyari 8.2$

Uruganda rukora indege rwa Boeing rwatangaje ko mu gihembwe cya kane cya 2025, rwungutse miliyari 8,2$, nyuma y’imyaka itatu yaranzwe n’ibihombo.

TikTok yashinjwe gusiba amakuru anenga Trump
28 Mut 2026Mu Mahanga
TikTok yashinjwe gusiba amakuru anenga Trump

Guverineri wa Leta ya California, Gavin Newsom, yatangaje ko TikTok isiba amakuru anenga Perezida Donald Trump, ashimangira ko hatangijwe isuzuma ku buryo urwo rubuga rugenzura amakuru rwakira harebwa niba rwararenze ku mategeko ya California.

Ukraine yamaze gutunganya umushinga wa Amerika wo guhagarika intambara
27 Mut 2026Mu Mahanga
Ukraine yamaze gutunganya umushinga wa Amerika wo guhagarika intambara

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko umushinga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ujyanye no kurinda umutekano muri Ukraine wamaze gutunganywa ku kigero cya 100%.

Amerika ishobora kubabarira abarwanyi ba Hamas mu gihe bamanika intwaro
27 Mut 2026Mu Mahanga
Amerika ishobora kubabarira abarwanyi ba Hamas mu gihe bamanika intwaro

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishobora gutanga imbabazi ku barwanyi b’umutwe wa Hamas mu gihe bazemera kumanika intwaro, nka kimwe mu bikubiye mu mushinga w’amahoro wateguwe na leta ya Washington D.C.

Perezida w’Inzibacyuho wa Venezuela arambiwe guhabwa amabwiriza na Amerika
27 Mut 2026Mu Mahanga
Perezida w’Inzibacyuho wa Venezuela arambiwe guhabwa amabwiriza na Amerika

Perezida w’inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodríguez, yatangaje ko yahaze amabwiriza aturuka i Washington D.C, mu gihe agihanganye no kongera guhuza abatuye iki gihugu nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifashe uwari Perezida wacyo, Nicolás Maduro.

Trump yisubiyeho, avuga ko atazakoresha imbaraga mu kwigarurira Greenland
21 Mut 2026Mu Mahanga
Trump yisubiyeho, avuga ko atazakoresha imbaraga mu kwigarurira Greenland

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu ayoboye kitazifashisha ingufu mu mugambi gifite wo kwigarurira Greenland.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram