Thibault Relecom washinze Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye mu Rwanda, SKOL Brewery Ltd, yagiranye ibiganiro byihariye n’ibyamamare mu myidagaduro y’u Rwanda ku buryo bwo guteza imbere no kwagura impano z’urubyiruko rw’u Rwanda.
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yavuze ko ubumwe bwaranze Abanyarwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994, ari bwo bwatumye bongera kwiyubaka, ndetse bongera kugira icyizere cy'ejo hazaza.
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), igaragaza ko umusaruro w’ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi ukomeje kuzamuka, aho mu myaka itanu ishize amafaranga imboga n’imbuto byinjirizaga igihugu yikubye kane ahanini bitewe n’amasoko mpuzamahanga yagiye yiyongera.
Polisi ya Minneapolis ikorera muri Leta ya Minesota,, yatangaje ko umudepite wo muri iyo leta ufite inkomoko muri Somalia, Ilhan Omar, yasutsweho ikinyabutabire kitazwi n’umuturage wakoresheje urushinge.
Uruganda rukora indege rwa Boeing rwatangaje ko mu gihembwe cya kane cya 2025, rwungutse miliyari 8,2$, nyuma y’imyaka itatu yaranzwe n’ibihombo.
Guverineri wa Leta ya California, Gavin Newsom, yatangaje ko TikTok isiba amakuru anenga Perezida Donald Trump, ashimangira ko hatangijwe isuzuma ku buryo urwo rubuga rugenzura amakuru rwakira harebwa niba rwararenze ku mategeko ya California.
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko umushinga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ujyanye no kurinda umutekano muri Ukraine wamaze gutunganywa ku kigero cya 100%.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishobora gutanga imbabazi ku barwanyi b’umutwe wa Hamas mu gihe bazemera kumanika intwaro, nka kimwe mu bikubiye mu mushinga w’amahoro wateguwe na leta ya Washington D.C.
Perezida w’inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodríguez, yatangaje ko yahaze amabwiriza aturuka i Washington D.C, mu gihe agihanganye no kongera guhuza abatuye iki gihugu nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifashe uwari Perezida wacyo, Nicolás Maduro.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu ayoboye kitazifashisha ingufu mu mugambi gifite wo kwigarurira Greenland.