SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Muhonzire Sylvine

No description available.

Default Author
Izanditswe na Muhonzire Sylvine
Imbuga nkoranyambaga: Umuranga wagobotse abadiaspora bifuza abakunzi mu Rwanda; ubuhamya bwa bamwe
28 Gas 2022Urukundo
Imbuga nkoranyambaga: Umuranga wagobotse abadiaspora bifuza abakunzi mu Rwanda; ubuhamya bwa bamwe

Mu myaka 20 ishize imbuga nkoranyambaga zitaraza, byari bigoye kubona umusore n’inkumi bari mu rukundo bataziranye, batarahura, badaturanye, batigana cyangwa se badakorana.

Uwanyiligira yatatse akarengane mu kugabana imitungo na nyiri Alpha Palace batandukanye
18 Gas 2022U Rwanda
Uwanyiligira yatatse akarengane mu kugabana imitungo na nyiri Alpha Palace batandukanye

Uwanyiligira Phaina wahoze ari umugore wa Bayingana Alexis nyiri inyubako yakoreragamo Alpha Palace i Remera, arasaba kurenganurwa nyuma yo gutandukana n’umugabo we ntibagabanywe imitungo kandi bari barasezeranye ivangamutungo rusange.

Ikinyarwanda cyaba kiri mu marembera mu mashuri yo mu Rwanda?
14 Gas 2022U Rwanda
Ikinyarwanda cyaba kiri mu marembera mu mashuri yo mu Rwanda?

Mu ndirimbo yubahiriza igihugu y’u Rwanda harimo imirongo igira iti ‘Umuco dusangiye uraturanga, Ururimi rwacu rukaduhuza’. Ibi byerekana uburyo ururimi rw’Ikinyarwanda ari umurunga ukomeye uhuza Abanyarwanda, rukaba inkingi umuco rwishingikirijeho.

Cyusa amaze koroza inkwavu n’ingurube abarenga 600 ahereye ku mafaranga yabikaga kuri buruse
11 Gas 2022Success Stories
Cyusa amaze koroza inkwavu n’ingurube abarenga 600 ahereye ku mafaranga yabikaga kuri buruse

Ibihumbi 25 Frw bya buruse byahabwaga abanyeshuri bo muri Kaminuza y’u Rwanda buri kwezi mbere ya 2019, kuri benshi byari agatonyanga mu nyanja ugereranyije n’ibyo babaga bakeneye. Icyakora Cyusa Ian Berulo yabashije kuyabyazamo umushinga wafashije abana kudata ishuri.

Ecobank igiye kujya itanga inguzanyo ya 100% ku bifuza kugura imodoka nshya za VolksWagen
10 Gas 2022Ubukungu
Ecobank igiye kujya itanga inguzanyo ya 100% ku bifuza kugura imodoka nshya za VolksWagen

Banki y’Ubucuruzi, Ecobank Rwanda Plc, yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na sosiyete icuruza imodoka z’uruganda rwa VolksWagen mu Rwanda, CFAO Motor Rwanda, yo kujya hatangwa inguzanyo ku bifuza kugura imodoka nshya z’uru ruganda.

Uganda yategetswe kwishyura indishyi za miliyoni 325$ z’ibyo yangije mu ntambara muri RDC
9 Gas 2022Muri Afurika
Uganda yategetswe kwishyura indishyi za miliyoni 325$ z’ibyo yangije mu ntambara muri RDC

Urukiko Mpuzamahanga rw'Umuryango w'Abibumbye, ICJ, rwategetse Uganda kwishyura Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo indishyi ya miliyoni 325$ (arenga miliyari 337 Frw) kubera uruhare yagize mu ntambara yabaye muri iki gihugu kuva 1998 kugeza 2003.

Abana 1000 bagizweho ingaruka n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina basubijwe mu buzima busanzwe
9 Gas 2022U Rwanda
Abana 1000 bagizweho ingaruka n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina basubijwe mu buzima busanzwe

Urugaga rw’amadini n’amatorero na Kiliziya mu kubungabunga ubuzima, RICH, ku bufatanye n’Umuryango Mpuzamahanga urwanya ubusumbane, Oxfam, basoje umushinga wafashije abana barenga 1000 bagizweho ingaruka n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina kongera kwiyubaka no gusubira mu buzima busanzwe.

Imishinga itanu ifite udushya yegukanye miliyoni 24 Frw mu marushanwa yateguwe na UR
6 Gas 2022Iterambere
Imishinga itanu ifite udushya yegukanye miliyoni 24 Frw mu marushanwa yateguwe na UR

Imishinga itanu ifite udushya dushingiye ku bushakashatsi cyane mu bijyanye n’ingufu, yegukanye miliyoni 24 Frw nyuma yo gutsinda amarushanwa yateguwe na Kaminuza y’u Rwanda ibinyujije mu Kigo cyayo cyigisha ibijyanye n’ingufu hagamijwe iterambere rirambye (ACE-ESD).

Covid-19: Abana miliyari 1.6 ku Isi badindijwe n’ifungwa ry’amashuri, ishyano rirazibukirwa mu Rwanda
5 Gas 2022U Rwanda
Covid-19: Abana miliyari 1.6 ku Isi badindijwe n’ifungwa ry’amashuri, ishyano rirazibukirwa mu Rwanda

Kuva icyorezo cya Covid-19 cyagera ku Isi, ubuzima bwarahindutse mu mpande zose, ibyo abantu bakoraga mu buryo busanzwe nko kohereza abana ku ishuri birahinduka, kandi ibyo bigira ingaruka zitandukanye.

ACP Dr. Sinayobye yahererekanyije ububasha na Lt Col Dr. Karangwa wamusimbuye ku buyobozi bwa RFL
3 Gas 2022U Rwanda
ACP Dr. Sinayobye yahererekanyije ububasha na Lt Col Dr. Karangwa wamusimbuye ku buyobozi bwa RFL

ACP Dr. Sinayobye François wari umaze imyaka ine ari umuyobozi mukuru wa Laboratoire y’u Rwanda y’ibimenyetso bishingiye ku bumenyi n’ubuhanga bikoreshwa mu butabera (RFL) yahererekanyije ububasha na Lt Col Dr. Karangwa Charles wamusimbuye.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram