SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Nkurunziza Jean Baptiste
Izanditswe na Nkurunziza Jean Baptiste
Bisi zikoresha amashanyarazi zageze mu Rwanda
24 Ugu 2023U Rwanda
Bisi zikoresha amashanyarazi zageze mu Rwanda

Ikigo kimenyerewe mu gutwara abagenzi hifashishijwe bisi zikoresha amashanyarazi, BasiGo cyatangaje ko bisi zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zamaze kugera mu Rwanda ndetse n’abashoferi bazazitwara bamaze gutegurwa.

Minisitiri Bizimana yakebuye uwavuze ko ‘yicuza kuba Umunyarwanda’
18 Ukw 2023U Rwanda
Minisitiri Bizimana yakebuye uwavuze ko ‘yicuza kuba Umunyarwanda’

Ifungwa ry’umunyamakuru wigenga Jean Paul Nkundineza rikomeje kuvugisha benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga, ndetse hari n’uwuririye ku butumwa bwa RIB buvuga ko yafunze uyu munyamakuru avuga ko yicuza kuba afite ubwenegihugu bw’u Rwanda.

Abanyedini batanu bafunzwe bakekwaho kwicisha inzara umugore w’Umunyakoreya
16 Nze 2023Mu Mahanga
Abanyedini batanu bafunzwe bakekwaho kwicisha inzara umugore w'Umunyakoreya

Abantu batandatu bo mu idini ryitwa ‘Abasirikare ba Kirisitu’ batawe muri yombi bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rw’umugore w’Umunyakoreya bivugwa ko yakubiswe ndetse yicishwa inzara kugeza ashizemo umwuka muri Leta ya Georgia.

Kigali: Inka 300 zatanzwe kuri Eid al-Adha, Abayisilamu basangiye n’abakirisitu (Amafoto)
20 Nya 2021U Rwanda
Kigali: Inka 300 zatanzwe kuri Eid al-Adha, Abayisilamu basangiye n’abakirisitu (Amafoto)

Mu kwizihiza Umunsi Mukuru w’Igitambo inka 300 mu Mujyi wa Kigali zatanzwe, Abayisilamu basangira n’abakirisitu Ilaidi ya Eid al-Adha yabaye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19 aho buri wese yasangishijwe ifunguro iwe.

Muhanga: Abacururiza mu isoko rishya barinubira ibiciro by’ubukode bihanitse
20 Nya 2021U Rwanda
Muhanga: Abacururiza mu isoko rishya barinubira ibiciro by'ubukode bihanitse

Abacuruzi biganjemo ab’imboga n’imbuto bakorera mu isoko rishya rya kijyambere riherereye mu Mujyi wa Muhanga, baravuga ko nubwo bashyizwe ahantu heza ho gukorera bagorwa n’ibiciro bihanitse byaho.

BK yegukanye igihembo cya banki nziza mu Rwanda
19 Nya 2021Amabanki
BK yegukanye igihembo cya banki nziza mu Rwanda

Banki ya Kigali yegukanye igihembo cya banki nziza mu Rwanda mu bihembo bizwi nka ‘Euromoney Awards for Excellence’ by’umwaka wa 2021 kubera imikorere yayo myiza igamije guhindura imibereho n’iterambere ry’isoko ikoreraho n’uburyo yitwaye muri ibi bihe bya Covid-19.

Kigali: Babiri bafashwe bagurisha ikibanza kitari icyabo kuri miliyoni 14 Frw
18 Nya 2021U Rwanda
Kigali: Babiri bafashwe bagurisha ikibanza kitari icyabo kuri miliyoni 14 Frw

Polisi y’Igihugu yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho icyaha cyo kugurisha ikibanza kitari icyabo kuri miliyoni 14 Frw.

Ruhango: Abantu 239 bafatiwe mu masengesho i Kanyarira; buri wese yari afite icyifuzo cyihariye ashyiriye Imana
17 Nya 2021U Rwanda
Ruhango: Abantu 239 bafatiwe mu masengesho i Kanyarira; buri wese yari afite icyifuzo cyihariye ashyiriye Imana

Abantu 239 bafatiwe ku musozi wa Kanyarira mu Murenge wa Byimana, Akagari ka Mpanda bari gusenga barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19.

Urubyiruko rwashashe inzobe ku buringanire, rusaba Leta kurufata nk’umusingi w’iyi gahunda
16 Nya 2021U Rwanda
Urubyiruko rwashashe inzobe ku buringanire, rusaba Leta kurufata nk’umusingi w’iyi gahunda

Umuryango Nyarwanda utegamiye kuri leta Are Hope Organisation wahurije hamwe urubyiruko mu ngeri zitandukanye hagamijwe kubasobanurira no guhana ibitekerezo bituma rurushaho kumva neza no guhindura imyumvire ku ihame ry’uburinganire hagati y’umugabo n’umugore.

Kigali: Yatawe muri yombi akekwaho kwiyitirira inzego akiba abantu amafaranga kuri Mobile Money
14 Nya 2021U Rwanda
Kigali: Yatawe muri yombi akekwaho kwiyitirira inzego akiba abantu amafaranga kuri Mobile Money

Polisi y’Igihugu ikorera mu Mujyi wa Kigali, yerekanye umugabo ukomoka mu Karere ka Nyanza ukurikiranyweho icyaha cyo kwiba abantu amafaranga kuri telefone akoresheje amayeri yo kubahamagara yiyita umukozi wa MTN na RURA.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram