Riderman yahishuye iby’ubukwe bwe, ubuzima bushaririye n’amasomo Isi yamwigishije
Riderman umugaba mukuru w’Ibisumizi ni umwe mu baraperi bafite izina rikomeye mu Rwanda ahamya ko mu myaka 29 amaze ku Isi yize amasomo akomeye cyane gusa na none ngo yashaririwe n’ibihe yanyuzemo ubwo yafungwaga.