SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Aimable Dusabimana

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Aimable Dusabimana
Irushanwa rya ‘Kigali Itatswe n’Ubusizi’ rigiye kongera kuba
26 Ukw 2017Umuco
Irushanwa rya 'Kigali Itatswe n'Ubusizi' rigiye kongera kuba

Kigali Itatswe n'Ubusizi, irushanwa ritegurwa hagamijwe guteza imbere abafite impano zo kuvuga imivugo rigiye kongera kubera i Kigali mu mwihariko wo kurushaho gushimangira akamaro kabwo mu kwigisha no guhindura umuryango nyarwanda.

Eminem yibasiye Trump amushinja kwirengagiza abaturage akaba imbata ya Twitter
11 Ukw 2017Mu Mahanga
Eminem yibasiye Trump amushinja kwirengagiza abaturage akaba imbata ya Twitter

Umuraperi Eminem yibasiye Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, agaruka cyane ku myitwarire ye irimo kwirengagiza ibabazo by'ingutu byugarije icyo gihugu cy'igihangange ahubwo umwanya munini akawumara acyocyorana kuri Twitter.

The Bright Five Singers bagiye gukora igitaramo cyo kumurika album ya mbere
27 Nze 2017Muzika
The Bright Five Singers bagiye gukora igitaramo cyo kumurika album ya mbere

Abaririmbyi n'abacuranzi bagize itsinda The Bright Five Singers bagiye gukora igitaramo gikomeye cyo kumurika indirimbo zigize album yabo ya mbere nyuma y'imyaka ibiri batangiye gukora umuziki mu buryo bwihariye muri Kiliziya Gatolika.

Intandaro y’umunabi wakurikiye igitaramo cya Runtown na Sheebah
26 Nze 2017Muzika
Intandaro y'umunabi wakurikiye igitaramo cya Runtown na Sheebah

Umunabi, ukutavuga rumwe hagati y'abahanzi n'abandi bantu batandukanye batumiwe mu gitaramo cya Runtown na Sheebah cyabaye mu mpera z'icyumweru gishize ni kimwe mu byasizwe n'imigendekere yacyo.

Runtown na Sheebah bazava mu Rwanda bahafatiye amashusho y’indirimbo bakoranye
23 Nze 2017Imyidagaduro
Runtown na Sheebah bazava mu Rwanda bahafatiye amashusho y'indirimbo bakoranye

Umuraperi Runtown uri mu bakomeye muri Nigeria azasiga akoreye mu Rwanda amashusho y'indirimbo ahuriyemo na Sheebah Karungi wo muri Uganda, amwe agomba gufatirwa mu gitaramo cyabo.

Umunabi n’umujinya mu banyamakuru, akumiro ku batumiye Tekno
12 Nze 2017Imyidagaduro
Umunabi n'umujinya mu banyamakuru, akumiro ku batumiye Tekno

Impera z'icyumweru gishize zasize inkuru zitandukanye mu bijyanye n'imyidagaduro, ibiganiro byinshi byumvikanamo uko umuhanzi Tekno yasiragije abamutumiye i Kigali ariko igitaramo cye kikarangwa n'ubwitabire bw'ikigero cyo hejuru.

Tekno Miles yasesekaye i Kigali (Amafoto)
10 Nze 2017Imyidagaduro
Tekno Miles yasesekaye i Kigali (Amafoto)

Umuhanzi wo muri Nigeria Augustine Miles Kelechi [Tekno Miles] yasesekaye i Kigali ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, tariki ya 10 Nzeri 2017, aho ategerejwe mu gitaramo gikomeye agiye gukorera mu Rwanda.

Jay Z na Kanye West batangiye kwiyunga nyuma y’igihe badacana uwaka
10 Nze 2017Hanze
Jay Z na Kanye West batangiye kwiyunga nyuma y'igihe badacana uwaka

Nyuma y’igihe havugwa umwuka mubi mu mibanire ya Jay Z na Kanye West bahoze ari inshuti z'akadasohoka, kuri ubu bari mu nzira zo kwiyunga bagacoca ibibazo byari hagati yabo kugira ngo ubumwe bari bafitanye bwageraga no mu bucuruzi bukomeze.

Ni Nyampinga Sakwe, ikinamico nshya ifite umwihariko wo kwibanda ku bibazo by’urubyiruko
8 Nze 2017Imyidagaduro
Ni Nyampinga Sakwe, ikinamico nshya ifite umwihariko wo kwibanda ku bibazo by'urubyiruko

Umushinga Ni Nyampinga ugiye gutangira kujya utambutsa ikinamico nshya ifite intego yo kuvuga ku bibazo by'abakiri bato mu Rwanda no kubivugutira umuti binyuze mu masomo azajya ayitangirwamo mu buryo bwihariye.

Akiki Ruti Sylvie yamuritse igitabo kigaruka ku bizazane yanyuzemo mu buzima (Amafoto)
7 Nze 2017Ibitabo
Akiki Ruti Sylvie yamuritse igitabo kigaruka ku bizazane yanyuzemo mu buzima (Amafoto)

Akiki Ruti Sylvie, umukirisitu wabayeho mu buzima bw'imihangayiko, yamuritse igitabo kibukomozaho ndetse n'ibyo yabwigiyemo byatumye agira icyizere cyo kubaho no gukorera Imana.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram