SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Bukuru JC
Izanditswe na Bukuru JC
Ijisho rw’Ubugenzacyaha ntirihuga – Dr Murangira kuri Sibomana Athanase ushinjwa gukoresha amagambo apfobya Jenoside
22 Mat 2026New section
Ijisho rw'Ubugenzacyaha ntirihuga – Dr Murangira kuri Sibomana Athanase ushinjwa gukoresha amagambo apfobya Jenoside

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr Murangira Thierry, yabajijwe ku magambo amaze iminsi avugwa na Sibomana Athanase wigeze kuba umunyamakuru wa Radio Rwanda, benshi bahamya ko apfobya Jenoside, asubiza ko ijisho ry’ubugenzacyaha rihora rireba.

Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda
23 Gas 2026New section
Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda

Mupende Ramadhan wamamaye nka Bad Rama mu bijyanye n’imyidagaduro akomeje kugarukwaho na benshi, bibaza ku murongo mushya yafashe wo guharabika abayobozi no kurwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, ndetse n’icyaba cyabimuteye.

Kimenyi na Rutamu bavuze ku matiku yamunze itangazamakuru rya siporo
14 Gas 2026Football
Kimenyi na Rutamu bavuze ku matiku yamunze itangazamakuru rya siporo

Umunyezamu Kimenyi Yves na Rutamu Elie Joe wakoze kuri Radio Rwanda na Radio Flash, banenze abarimo abanyamakuru ba siporo bibasira abakinnyi, by’umwihariko ku buryo itangazamakuru ryitwaye ku munyezamu wa APR FC, Ishimwe Pierre.

Rugaju Reagan yateguje gushyira hanze Lorenzo yise ‘Gore Gore’
14 Gas 2026Imikino
Rugaju Reagan yateguje gushyira hanze Lorenzo yise 'Gore Gore'

Umunyamakuru wa Siporo kuri RBA, Rugaju Reagan, yavuze ko hari igihe kizagera agashyira hanze byose azi kuri Musangamfura Christian ‘Lorenzo’ bakoranye, kandi kuva icyo gihe nta muntu uzongera kumuha amazi.

Intambara y’amagambo hagati y’abanyamakuru Jean Luc na Lorenzo
13 Gas 2026Football
Intambara y’amagambo hagati y’abanyamakuru Jean Luc na Lorenzo

Nta kiruhuko cyo guterana amagambo hagati ya bamwe mu banyamakuru ba siporo mu Rwanda, aho kuri ubu abagezweho ari Imfurayacu Jean Luc wa B&B FM Kigali na Musangamfura Christian ‘Lorenzo’ wa SK FM.

Rurageretse hagati y’abanyamakuru b’imikino kuri SK FM na Isibo TV&Radio
10 Gas 2026Imikino
Rurageretse hagati y’abanyamakuru b’imikino kuri SK FM na Isibo TV&Radio

Hatutumbye intambara y’amagambo hagati y’abanyamakuru bakora inkuru n'ibiganiro by'imikino kuri SK FM n’aba Isibo TV&Radio, bashinjanya kwica siporo y’u Rwanda no kugira ubunyamwuga buke.

Gutukana bya gishumba, amatiku n’ubunebwe: Ni gute itangazamakuru rya siporo ryisanze aha hantu?
24 Mat 2025Imikino
Gutukana bya gishumba, amatiku n’ubunebwe: Ni gute itangazamakuru rya siporo ryisanze aha hantu?

Mu ijoro ryo ku wa 23 Mata 2025, Urwego rw'Abanyamakuru Bigenzura mu Rwanda (RMC), rwashyize hanze itangazo ryihanangiriza abanyamakuru ba siporo ribasaba gukora kinyamwuga.

U Bufaransa: Imitungo ye yose yayiraze komine kuko bahuje izina
15 Uku 2024Utuntu n’Utundi
U Bufaransa: Imitungo ye yose yayiraze komine kuko bahuje izina

Roger Thiberville yasize araze imitungo ye ya miliyoni zisaga €10 Komine yo mu Bufaransa mu gace ka Normandie, abikora nta kindi agendeyeho uretse kuba bahuje izina.

Hagaragajwe ko gusoma nabi Bibiliya bishobora guhembera ihohotera ryo mu ngo
9 Uku 2024Imyemerere
Hagaragajwe ko gusoma nabi Bibiliya bishobora guhembera ihohotera ryo mu ngo

Rev Dr Nagaju Muke, Umuyobozi w’Umuryango The Circle of Concerned African Women Theologians mu Rwanda, yavuze ko gusoma nabi Bibiliya bishobora kuba isoko y’ihohoterwa mu miryango, asaba abanyamadini kujya bita kubyo babwiriza abayoboke babo.

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo yafunzwe
8 Uku 2024Mu Mahanga
Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Minisitiri w’Ingabo yafunzwe

Ubushinjacyaha bwa Koreya y’Epfo bwafunze Kim Yong Hyun wahoze ari Minisitiri w’Ingabo, ashinjwa uruhare mu gutanga igitekerezo cyatumye Perezida Yoon Suk Yeol ashyiraho ibihe bidasanzwe.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram