SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

David Eugène Marshall
Izanditswe na David Eugène Marshall
Impanuro za Dr Kayitesi ku babyeyi bareresha abana amata aho kubakamira amashereka
15 Ugu 2018Inama
Impanuro za Dr Kayitesi ku babyeyi bareresha abana amata aho kubakamira amashereka

Mu 2015, Umuryango w’Abibumbye washyizeho ingamba z’iterambere rirambye (SDG’s) zikubiye mu ngingo zitandukanye harimo n’iyo gusigasira ubuzima buzira umuze bw’umwana n’umubyeyi nk’ipfundo ryo kubaka ahazaza h’Isi.

Ibyegera bya Perezida Nkurunziza bihabwa amahirwe yo kumusimbura mu 2020
14 Ugu 2018Muri Afurika
Ibyegera bya Perezida Nkurunziza bihabwa amahirwe yo kumusimbura mu 2020

Kuva mu 2015 ishyamba si ryeru muri politiki y’u Burundi, kubera manda ya gatatu ya Perezida Nkurunziza itavugwaho rumwe n’abo badahuje ibitekerezo bya politiki. Bamushinja kutubahiriza amasezerano ya Arusha n’Itegeko Nshinga.

Afurika yungukira iki mu nama igirana n’ibihugu bikize ku Isi?
13 Ugu 2018Muri Afurika
Afurika yungukira iki mu nama igirana n’ibihugu bikize ku Isi?

Ni kenshi abayobozi ba Afurika bitabira inama ziga ku bufatanye bw’uyu mugabane n’ibihugu bikize ku Isi nka Leta zunze Ubumwe za Amerika, u Bushinwa, u Buyapani, u Bufaransa n’ibindi, zose zigahuriza ku nsanganyamatsiko y’ubufatanye bugamije iterambere.

Urwibutso ku hantu ho kwidagadurira hubatse izina mu Mujyi wa Kigali (Amafoto)
12 Ugu 2018Imyidagaduro
Urwibutso ku hantu ho kwidagadurira hubatse izina mu Mujyi wa Kigali (Amafoto)

Ni kenshi abantu bavuga kuri za karahanyuze mu buryo bw’ibihangano nk’indirimbo, imideli, imyambarire n’ibindi birimo n’amafunguro.

Tanzania: Inzego z’umutekano z’u Rwanda zitabiriye imyitozo yo kurwanya iterabwoba
10 Ugu 2018U Rwanda
Tanzania: Inzego z’umutekano z’u Rwanda zitabiriye imyitozo yo kurwanya iterabwoba

Itsinda rigizwe n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’u Rwanda n’abasivili bagera kuri 217 riyobowe na Brigadier Général Jean Bosco Ngiruwonsanga, riri muri Tanzania mu myitozo ya gisirikare igamije guhashya ibikorwa by’iteabwoba no guhangana n’ibiza.

Ubushakashatsi bwerekanye igabanuka ry’umubare w’abana bavuka buri mwaka
10 Ugu 2018Utuntu n’Utundi
Ubushakashatsi bwerekanye igabanuka ry’umubare w’abana bavuka buri mwaka

Ubushakashatsi bwagaragaje ko hafi kimwe cya kabiri cy’ibihugu byo ku Isi byugarijwe n’igabanuka ry’umubare w’abana bavuka.

Uwigeze gusaba ko RDC ikatwamo ibice yagizwe intumwa ya Amerika mu Biyaga bigari
10 Ugu 2018Mu Mahanga
Uwigeze gusaba ko RDC ikatwamo ibice yagizwe intumwa ya Amerika mu Biyaga bigari

Umunyamabanga wa Leta ya Amerika Ushinzwe Ububanyi n’amahanga, Mike Pompeo yatangaje ko Dr. J. Peter Pham ari we ntumwa yihariye y’icyo gihugu mu karere k’ibiyaga bigari bya Afurika.

Abahinzi b’ibirayi 77.9% mu Rwanda bagurisha ku giciro bategetswe – Ubushakashatsi
7 Ugu 2018U Rwanda
Abahinzi b’ibirayi 77.9% mu Rwanda bagurisha ku giciro bategetswe – Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bwakozwe n’Ihuriro ry’imiryango itari iya leta mu Rwanda, bwagaragaje ko abahinzi b’ibirayi bagera kuri 77.9%, bagurisha ku giciro bategetswe.

Ibyo wamenya ku bihano Amerika yasubirijeho Iran
5 Ugu 2018Mu Mahanga
Ibyo wamenya ku bihano Amerika yasubirijeho Iran

Kuri uyu wa Mbere tariki 5 Ugushyingo, nibwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongerereye ibihano by’ubukungu kuri Iran bisanga ibyo zasubijeho, nyuma yo kwikura mu masezerano yatumye Iran idohorerwa ku byo yari yarafatiwe izira kwikungahaza ku ngufu za kirimbuzi.

Ethiopia izohereza icyogajuru mu kirere mu 2019
4 Ugu 2018Ikoranabuhanga
Ethiopia izohereza icyogajuru mu kirere mu 2019

Bitarenze Nzeri 2019, Ethiopia izaba yinjiye mu ruhando rw’ibihugu mbarwa bya Afurika bifite ibyogajuru bwite mu isanzure.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram