SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Igizeneza Jean Désiré
Latest from Igizeneza Jean Désiré
Wolfram yo mu Rwanda yihariye 20% by’ikoreshwa muri Amerika
18 Kam 2026U Rwanda
Wolfram yo mu Rwanda yihariye 20% by’ikoreshwa muri Amerika

Ikigo gicukura amabuye y’agaciro mu Rwanda, Trinity Metals, cyatangaje ko amabuye y’agaciro ya Wolfram cyohererza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yihariye 20% by’akoreshwa yose muri iki gihugu.

Moto ibihumbi 25 n’uruganda ruri mu nzira: Ikiganiro na Chawla wa Spiro (Video)
17 Kam 2026U Rwanda
Moto ibihumbi 25 n’uruganda ruri mu nzira: Ikiganiro na Chawla wa Spiro (Video)

Mu gihe Afurika ikomeje gutera intambwe ikomeye mu bijyanye no kwimakaza ubwikorezi butangiza ikirere bwifashishije amashanyarazi, Spiro ni kimwe mu bigo byashyizemo imbaraga by’umwihariko ku isoko ry’u Rwanda aho moto zikoresha lisansi zigenda zisezererwa.

Ibyumba byageze ku bihumbi 27: Ishusho y’iterambere ry’amahoteli mu Rwanda
14 Kam 2026Ubukerarugendo
Ibyumba byageze ku bihumbi 27: Ishusho y’iterambere ry’amahoteli mu Rwanda

Kuvuga ubukerarugendo ukibagirwa amahoteli ni nko kwibagirwa isukari ugiye gutegura icyayi. Yego cyanyobwa ariko byaba ari amaburakindi. Impamvu ni uko nyuma yo gusura ibyiza nyaburanga bitatse igihugu runaka, ababikora baba bakeneye kuruhukira ahantu heza no guhabwa serivisi zinoze.

RwandAir yahembwe nk’ikigo cya mbere gitanga serivisi nziza muri Afurika
13 Kam 2026Ubukerarugendo
RwandAir yahembwe nk’ikigo cya mbere gitanga serivisi nziza muri Afurika

RwandAir yegukanye igikombe cy’ikigo cy’ubwikorezi bwo mu kirere gitanga serivisi nziza zo mu ndege kurusha ibindi muri Afurika kizwi nka ‘Best Cabin Service in Africa’.

Perezida Kagame yahembye ba ofisiye bakuru bahize abandi mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare
12 Kam 2026U Rwanda
Perezida Kagame yahembye ba ofisiye bakuru bahize abandi mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare

Perezida Kagame yahaye ibihembo by’ishimwe abanyeshuri batatu bahize abandi mu mahugurwa yahawe ba ofisiye bakuru 108 bo mu bihugu 20 bya Afurika, yamaze ibyumweru 46 atangirwa mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare [RDF Command and Staff College] riri i Nyakinama mu Karere ka Musanze.

Imiti itagikiza indwara: U Rwanda rwashoye miliyari 40 Frw mu gushaka igisubizo
12 Kam 2026Ubuzima
Imiti itagikiza indwara: U Rwanda rwashoye miliyari 40 Frw mu gushaka igisubizo

Ikibazo cy’udukoko tugira ubudahangarwa ku miti kizwi nka ‘Antimicrobial Resistance: AMR) gikomeje gufata indi ntera ari na ko gihitana ubuzima bwa benshi.

Kubaka ishami rya Zipline i Karongi bizatwara miliyari 3 Frw
9 Kam 2026Ikoranabuhanga
Kubaka ishami rya Zipline i Karongi bizatwara miliyari 3 Frw

Guverinoma y’u Rwanda yemeye gukodesha ubutaka bwa Leta Ikigo gitanga serivisi z’ubwikorezi hifashishijwe drones, Zipline Rwanda, kizubakaho ishami ryo mu Karere ka Karongi mu rwego rwo kugera mu bice byose by’u Rwanda.

Toni yikubye gatanu igera ku 1600$: Impamvu y’ibiganiro bya BPR ku kibazo cya lisansi ikosha
8 Kam 2026Ubucuruzi
Toni yikubye gatanu igera ku 1600$: Impamvu y’ibiganiro bya BPR ku kibazo cya lisansi ikosha

BPR Bank Rwanda PLC yatangije gahunda yiswe ‘‘BPR Power Talk Series’ igamije guhuriza hamwe abakiliya bayo bo mu nzego z’ubucuruzi zitandukanye hareberwa hamwe ibibazo birimo ndetse n’uburyo yafatanya na bo mu kubikemura.

Umunsi mazutu u Rwanda rukoresha yikuba kabiri kubera ba rusahuriramunduru b’abanyamahanga
7 Kam 2026Amakuru
Umunsi mazutu u Rwanda rukoresha yikuba kabiri kubera ba rusahuriramunduru b’abanyamahanga

Iyo Isi yugarijwe n’ibibazo, u Rwanda rufata iya mbere mu kurengera abaturage barwo rukigomwa byinshi kugira ngo ibature umutwaro.

Imikoranire na NASA, ishoramari na Zipline mu byishimirwa mu mubano w’u Rwanda na Amerika
5 Kam 2026Amakuru
Imikoranire na NASA, ishoramari na Zipline mu byishimirwa mu mubano w’u Rwanda na Amerika

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n'Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko u Rwanda ruri mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu bijyanye n'umushinga wa Artemis ndetse ko ruri gukorana n’Ikigo cya Amerika gishinzwe iby’Isanzure (NASA) mu kubyaza isanzure umusaruro.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram