SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Ishimwe Rugamba Ornella
Izanditswe na Ishimwe Rugamba Ornella
Iran: Umuhanzi yahanishijwe gukubitwa ibiboko 74 azira gutatira umuco
21 Kam 2026U Rwanda
Iran: Umuhanzi yahanishijwe gukubitwa ibiboko 74 azira gutatira umuco

Umuhanzi Parastoo Ahmadi wo muri Iran n’abandi barindwi bakoranye mu gitaramo cyatambutse kuri YouTube, bahanishijwe gukubitwa ibiboko 74 buri wese, nyuma yo gushinjwa gutangaza ibihabanye n’umuco n’amategeko ngengamyitwarire by’icyo gihugu.

Kent State University igiye gutangiza ishuri ry’imideli mu Rwanda
21 Kam 2026Imideli
Kent State University igiye gutangiza ishuri ry’imideli mu Rwanda

Kent State University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika igiye gutangiza ishuri ryigisha ibijyanye n’imideli mu Rwanda, umushinga ugamije gufasha igihugu kubona abahanga mu guhanga imyambaro n’ibindi bijyana na yo.

Sosiyete 100 zicuruza ikawa n’icyayi zigiye guhurira mu imurika i Kigali
19 Kam 2026U Rwanda
Sosiyete 100 zicuruza ikawa n’icyayi zigiye guhurira mu imurika i Kigali

Mu Rwanda hagiye gutangira imurikagurisha Nyafurika ryahariwe ikawa n’icyayi ku nshuro ya kabiri, aho rizaba rigamije ubucuruzi ndetse n’amasoko mashya ku rwego mpuzamahanga.

UTAB yateye inkunga imiryango yarokotse Jenoside
13 Kam 2026U Rwanda
UTAB yateye inkunga imiryango yarokotse Jenoside

Kaminuza y’Ikoranabuhanga n’Ubugeni ya Byumba (UTAB), yatanze inkunga ku miryango ibiri yo mu Karere ka Bugesera yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Afurika y’Epfo: Bafunzwe bazira kugurisha igisamujyonjyo
7 Kam 2026Muri Afurika
Afurika y’Epfo: Bafunzwe bazira kugurisha igisamujyonjyo

Abagabo bane bafatiwe muri Afurika y’Epfo bakekwaho kugerageza kugurisha Igisamujyonjyo, imwe mu nyamaswa iri mu zigiye gucika ku Isi kubera ubuhigi n’ubucuruzi butemewe n’amategeko.

Umunyamerika wanduriye Ebola muri RDC yayikize
7 Kam 2026Muri Afurika
Umunyamerika wanduriye Ebola muri RDC yayikize

Umuganga w’Umunyamerika wanduye Virusi ya Ebola mu gihe yabagaga abarwayi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yayikize nyuma y’ibyumweru birenga bibiri yitabwaho n’abaganga mu Budage.

Stephen Curry wateye umugongo Under Armour yiyambaje  Li-Ning izajya imukorera inkweto
2 Kam 2026Basketball
Stephen Curry wateye umugongo Under Armour yiyambaje Li-Ning izajya imukorera inkweto

Icyamamare mu mukino wa Basketball, Stephen Curry, ukinira ikipe ya Golden State Warriors yasinye amasezerano y’imyaka 10 yo gukorana n’uruganda rukora inkweto rwo mu Bushinwa rwa Li-Ning, nyuma y’imyaka 13 akorana na Under Armour.

Umusaza w’imyaka 50 yishwe na mugenzi we amuziza inyama
31 Gic 2026Utuntu n’Utundi
Umusaza w’imyaka 50 yishwe na mugenzi we amuziza inyama

Umusaza w’imyaka 50 y’amavuko wo muri Uganda yishwe atewe icyuma nyuma y’amakimbirane bivugwa ko yagiranye na mugenzi we, yaturutse ku kugabana inyama.

Kigali Fashion Week: Ibyo wamenya ku bana bafite ubumuga bw’uruhu bamuritse imideli
28 Gic 2026Fashion
Kigali Fashion Week: Ibyo wamenya ku bana bafite ubumuga bw’uruhu bamuritse imideli

Iradukunda Nicole w’imyaka 11 n’umuvandimwe we, Nikita Ineza Ange w’imyaka 8 ni abana bihebeye ibijyanye no kumurika imideli, ndetse barenga abashoboraga kubaca intege kuko bafite ubumuga bw’uruhu.

Shelter Group Africa yafatanyije na AVEGA Agahozo gusana inzu z’abarokotse Jenoside
27 Mat 2026New section
Shelter Group Africa yafatanyije na AVEGA Agahozo gusana inzu z’abarokotse Jenoside

Ikigo Nyafurika cy’Ishoramari mu by’ubwubatsi, Shelter Group Africa, cyasuye abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi babarizwa mu muryango wa AVEGA Agahozo mu rwego rwo kubashyigikira no kubafasha mu mibereho yabo ya buri munsi.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram