SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Israel Ishimwe
Latest from Israel Ishimwe
Zula Karuhimbi warokoye Abatutsi muri Jenoside yitabye Imana
1 Nya 2026U Rwanda
Zula Karuhimbi warokoye Abatutsi muri Jenoside yitabye Imana

Zula Karuhimbi wamenyekanye kubera kwitangira kurokora Abatutsi bahigwaga muri Jenoside yo mu 1994, yitabye Imana azize uburwayi.

Bawugeranyemo ibyishimo: Uko Abanyarwanda binjiye mu 2024 (Amafoto na Video)
31 Uku 2023Imyidagaduro
Bawugeranyemo ibyishimo: Uko Abanyarwanda binjiye mu 2024 (Amafoto na Video)

“Nanone dore umwaka urashize kandi n’undi uratashye. Twongere twishime, tunezerwe, dushimire Imana Nyagasani ikidukomeje, tukaba tugejeje aya magingo.” Aya magambo y’indirimbo ya Orchestre Impala ni yo yari ku mutima wa buri wese wishimiye gusoza umwaka agihumeka umwuka w’abazima.

Chorale de Kigali yatanze Noheli ishyitse, yizihiza imyaka 10 ya ‘Christmas Carols (Amafoto)
17 Uku 2023Ibiterane
Chorale de Kigali yatanze Noheli ishyitse, yizihiza imyaka 10 ya ‘Christmas Carols (Amafoto)

Ubu baragiye nta yindi ndirimbo baduhaye? Aya ni amagambo yavuzwe n’umwe mu bari bicaye inyuma y’ahateganyijwe ibyicaro by’abanyamakuru ubwo umurishyo wa nyuma usoza Igitaramo cya Chorale de Kigali wari umaze gukomwa.

Ntitwakubaka igihugu ngo twirengagize icyica ubuzima bw’abantu- Madamu Jeannette Kagame
16 Uku 2023U Rwanda
Ntitwakubaka igihugu ngo twirengagize icyica ubuzima bw’abantu- Madamu Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko u Rwanda rwifuzwa rutakubakwa mu gihe urubyiruko n’abakiri bato bakomeje kwishora mu ngeso zo kunywa inzoga n’ibiyobyabwenge.

Turi mu gihugu kizirikana- Barore yashimiye Perezida Kagame
15 Uku 2023U Rwanda
Turi mu gihugu kizirikana- Barore yashimiye Perezida Kagame

Barore Cléophas yashimye Perezida Kagame wamugiriye icyizere, akamuha inshingano zo kuyobora Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA).

Kendrick Lamar yakoreye amateka i Kigali mu gitaramo cyitabiriwe na Perezida Kagame na Madamu (Amafoto & Video)
6 Uku 2023Imyidagaduro
Kendrick Lamar yakoreye amateka i Kigali mu gitaramo cyitabiriwe na Perezida Kagame na Madamu (Amafoto & Video)

Umuraperi rurangiranwa ku ruhando mpuzamahanga, Kendrick Lamar Duckworth, yasendereje ibyishimo Abanyarwanda mu gitaramo cy’amateka cyitabiriwe n’abarimo Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame.

Ikigo cy’Abanyamerika gicuruza amashanyarazi akomoka ku zuba mu nzira zo gushora imari mu Rwanda
3 Uku 2023U Rwanda
Ikigo cy’Abanyamerika gicuruza amashanyarazi akomoka ku zuba mu nzira zo gushora imari mu Rwanda

Abayobozi b’Ikigo cy’Abanyamerika kimaze imyaka 16 mu bucuruzi bw’amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba, Sunrun, baciye amarenga yo gushora imari mu Rwanda nyuma yo gushima icyerekezo cy’igihugu n’imiyoborere yacyo.

Alyn Sano yagereranyije Rubavu n’ikirombe cya zahabu mu banyempano
2 Uku 2023Imyidagaduro
Alyn Sano yagereranyije Rubavu n’ikirombe cya zahabu mu banyempano

Alyn Sano Shengero yagaragaje ko Akarere ka Rubavu gafite abanyempano benshi ndetse kuri we akabona nka zahabu zikwiye gutunganywa neza zikabyazwa umusaruro.

Abanyempano b’i Nyamasheke banyuzwe na ArtRwanda-Ubuhanzi yabereye iwabo bwa mbere
30 Ugu 2023Imyidagaduro
Abanyempano b’i Nyamasheke banyuzwe na ArtRwanda-Ubuhanzi yabereye iwabo bwa mbere

Ku nshuro ya mbere, Irushanwa ArtRwanda-Ubuhanzi ryabereye mu Karere ka Nyamasheke ahatangirijwe urugendo rwo guhitamo abanyempano mu ngeri zitandukanye mu Ntara y’Iburengerazuba.

BK Group PLC yungutse miliyari 55,1 Frw mu mezi icyenda ya 2023
29 Ugu 2023Amabanki
BK Group PLC yungutse miliyari 55,1 Frw mu mezi icyenda ya 2023

BK Group PLC yatangaje ko mu mezi icyenda ya mbere ya 2023, yungutse miliyari 55,1 Frw nyuma yo kwishyura imisoro, bingana n’izamuka rya 26,7 % ugereranyije n’inyungu yabonetse mu gihe nk’icyo mu 2022.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram