SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Marie Monique Dushime
Izanditswe na Marie Monique Dushime
Kigali: Batangiye gutwara imyanda mu buryo bugezweho
9 Gic 2013U Rwanda
Kigali: Batangiye gutwara imyanda mu buryo bugezweho

{Mu rwego rwo kurushaho kujyana n’iterambere, koperative COPED ( Compagnie pour environement et development) ikora isuku mu Mujyi wa Kigali yatangiye gukoresha ibikoresho bigezweho bigizwe n’ibimoteri ndetse n’imodoka zabugenewe mu gutwara imyanda.} Koperative COPED ikorera mu Murenge wa Nyarugenge muri gahunda ya Leta yo kugira rwiyemezamirimo umwe ukora isuku kuri buri murenge, “One Sector One […]

Imizi y’u Rwanda kuva mwaka wa 300 kugeza mu 1900
9 Gic 2013Ibitabo
Imizi y'u Rwanda kuva mwaka wa 300 kugeza mu 1900

{Nyuma yo gusesengura amateka y’u Rwanda kuva mu mwaka wa 300 kugera mu 1900, Umusizi Nsanzabera Jean de Dieu yayakusanyirije mu gitabo yise ‘Imizi y’u Rwanda’ umutumba wa mbere no mu tundi duto yagereranyije n’abana b’umwami aritwo yise ibikomangoma.} Umusizi Nsanzabera aganira na IGIHE yagize icyo atangaza kuri iki gitabo agira ati “‘Imizi y’u Rwanda’ […]

Amateka y’u Rwanda, intandaro yo gupfa k’ururimi rw’Ikinyarwanda
5 Gic 2013Ikinyarwanda
Amateka y’u Rwanda, intandaro yo gupfa k’ururimi rw'Ikinyarwanda

{Amateka atari meza yaranze u Rwanda yavukije bamwe mu banyarwanda amahirwe yo gukura bavuga Ikinyarwanda nk’ururimi kavukire, bituma aho baboneye urubuga rwo kuruvuga barugoreka.} Nk’uko amateka y’u Rwanda abigaragaza Abanyarwanda benshi batangiye guhunga igihugu cyababyaye bagana mu bihugu birukikije ndetse no mu mahanga ya kure kuva mu mwaka wa 1959, bitewe n’ubwicanyi n’itotezwa byakorerwaga Abatutsi […]

80%  by’Abanyarwanda bakwiriye kuremerwa na RAB
2 Gic 2013U Rwanda
80% by’Abanyarwanda bakwiriye kuremerwa na RAB

{Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), kirasanga gifite inshingano zo kuremera umubare munini w’Abanyarwanda kuko ugizwe n’abahinzi n’aborozi.} Nk’uko insanganyamatsiko y’umunsi w’umurimo muri uyu mwaka wa 2013 igira iti “Duheshe agaciro umurimo, turemera abatawufite”, RAB isanga ifite uruhare rukomeye mu kuremera Abanyarwanda basaga 80% bakora umurimo w’ubuhinzi n’ubworozi kandi ari yo ifite serivisi […]

Abavumvu babangamiwe n’imwe mu miti iterwa mu myaka
1 Gic 2013U Rwanda
Abavumvu babangamiwe n'imwe mu miti iterwa mu myaka

{Abavumvu bahangayikishijwe n’imiti iterwa ku bihingwa kuko yica inzuki zabo, bikaba intandaro yo kutabona umusaruro. Ubuyobozi mu nzego z’ubuhinzi buvuga ko iki kibazo bukizi kandi bushaka uburyo cyashakirwa umuti.} Abakora umwuga w’ubuvumvu bavuga ko n’ubwo imiti iterwa ku myaka igira akamaro ko kuyirinda, iyo inzuki zigiye gushaka ubuki (guhova) zigasangaho iyo miti zihita zipfa. Rucibigango […]

Dusobanukirwe n’ibicuro ku mubiri wacu
30 Mat 2013Utuntu n’Utundi
Dusobanukirwe n’ibicuro ku mubiri wacu

{N’ubwo hari abafata ibicuro nk’ibimenyetso by’ukuri bigaragaza ikigiye kubaho cyangwa ikizabaho abahanga mu bumenyi nyamuntu bo ntibemeranya n’ababifata nk’ukuri.} Ibicuro ni ibyiyumviro umuntu agira ku gice runaka cy’umubiri we, aho ubyiyumvaho abiha ibisobanuro bitangukanye bitewe n’imyemerere ya buri muntu. Ni muri urwo rwego bamwe mu banyarwanda baganiriye na IGIHE batangaje ko bemera ibicuro nk’ukuri n’ubwo […]

Umwanya muke w’ababyeyi uhungabanya imirire y’umwana
28 Mat 2013Kubaho
Umwanya muke w’ababyeyi uhungabanya imirire y’umwana

{Ibiribwa by’umwimerere bifite akamaro kanini ku buzima bw’umwana ugitangira kurya, ari byo biribwa fashabere, kubera umwanya muto w’ababyeyi ntibabashe kubitunganya, bituma bisimburwa n’ibiribwa mvaruganda.} Muri iki gihe hirya no hino ku isi bigaragara ko abantu bafite byinshi bibahuza, cyane cyane gushaka amafaranga, bituma barushaho gushaka ubuzima bworoshye kugira ngo babone umwanya wo gukora gahunda zabo. […]

Gatsata: Ibiza bikomeje kubagiraho ingaruka
26 Mat 2013U Rwanda
Gatsata: Ibiza bikomeje kubagiraho ingaruka

{ Umurenge wa Gatsata ni umwe mu mirenge 15 igize Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, ukaba ariwo ugaragara nk’uwibasiwe n’ibiza biterwa n’imvura cyane mu Mujyi wa Kigali kubera ko ugizwe n’igice cy’ubutaka buhanamye ndetse n’igishanga cya Nyabarongo. Iki kibazo cy’ibiza kibasiye uyu Murenge cyatumye uza mu myanya ya nyuma mu kugira isuku.} Nyuma […]

Guhangayika k’umubyeyi wonsa bituma abura amashereka
26 Mat 2013Inama
Guhangayika k’umubyeyi wonsa bituma abura amashereka

{Bamwe mu babyeyi babyaye bahura n’ikibazo cyo kubura amashereka nyamara rimwe na rimwe ugasanga babigiramo uruhare} Ubusanzwe iyo umubyeyi amaze kubyara aba agomba konsa umwana bitarenze iminota 30 kuko iyo akurura aribwo imisemburo ikora amashereka yitwa “prolactine” itangira gukora. Nubwo amashereka ashobora gutinda kuboneka hari igihe bikabya ku buryo hashobora kurenga iminsi itanu umwana ntacyo […]

Gutereka ubwanwa mu idini ya Islamu, umwe mu migenzo ikomeye
26 Mat 2013Amadini
Gutereka ubwanwa mu idini ya Islamu, umwe mu migenzo ikomeye

{N’ubwo kogosha ubwanwa bamwe mu bagabo babifata nko kwigirira isuku, mu idini ya Islamu bo bibafitiye umumaro munini ku buzima bwabo.} Ubusanzwe abagabo benshi bakunda kogosha ubwanwa mu rwego rw’isuku, ariko mu idini ya Islamu bo si ko babibona kuko ngo gutereka ubwanwa bwo ku kananwa bifite ibisobanuro ndetse n’akamaro kenshi ku buzima bw’umugabo. Nk’uko […]

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram