SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Musangwa Arthur

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Musangwa Arthur
Umuzi wo guhakana no gupfobya Jenoside n’urwango rwa bamwe mu bahungiye i Burayi
16 Kam 2026Politiki
Umuzi wo guhakana no gupfobya Jenoside n’urwango rwa bamwe mu bahungiye i Burayi

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, ubwo yafunguraga ku mugaragaro urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ruri ku nkombe z’Uruzi rwa Seine mu Mujyi wa Paris, yagaragaje ko abahakana, abapfobya aya mateka ndetse n’abagikwirakwiza imvugo z’urwango bakigaragara nyuma y’imyaka 32 aya mateka abaye, asaba umuryango mpuzamahanga kuba maso.

Ibibazo bya RNC byabaye nk’inkuru y’umunyorogoto, inkoko n’umusazi
10 Kam 2026U Rwanda
Ibibazo bya RNC byabaye nk’inkuru y’umunyorogoto, inkoko n’umusazi

Muri RNC umwiryane ukomeje kuzamuka umunsi ku wundi, aho batumvikana ku buryo Ben Rutabana yaburiwe irengero n’uruhare rwa bamwe mu bagize uyu mutwe w’iterabwoba.

Ingabo z’u Burundi muri RDC, ubufatanye na FDLR n’ifungwa ry’imipaka: Ibinyoma bya Perezida Ndayishimiye
11 Gic 2026Politiki
Ingabo z’u Burundi muri RDC, ubufatanye na FDLR n’ifungwa ry’imipaka: Ibinyoma bya Perezida Ndayishimiye

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye kugaragara mu itangazamakuru avuga ibinyoma ku mubano wazambye hagati y’igihugu cyabo n’u Rwanda ndetse n’uruhare afite mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

IRMCT igiye gusoza inshingano; isize he imanza z’abajenosideri?
14 Mat 2026New section
IRMCT igiye gusoza inshingano; isize he imanza z’abajenosideri?

Urwego rwasigariyeho Inkiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (IRMCT), rwashyizweho mu myaka 16 ishize ngo rukomeze gukurikirana imanza zasizwe n’inkiko mpuzamahanga mpanabyaha zirimo urwashyiriweho u Rwanda n’urwashyiriweho Yugoslavia, no guta muri yombi abari bagishakishwa, rushobora gusoza imirimo yarwo muri Kamena 2026, byose bikazagenwa n’icyemezo cy’Akanama ka Loni gashinzwe umutekano. Dosiye za hafi kandi ziremereye rwakozeho ni iya Kabuga Félicien byamaze kwemezwa ko atazaburanishwa n’iya Kayishema Fulgence wafatiwe muri Afurika y’Epfo.

Muyaya yahindutse umuzindaro wa FDLR n’umuryango wa Habyarimana
8 Mat 2026Politiki
Muyaya yahindutse umuzindaro wa FDLR n’umuryango wa Habyarimana

Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya Katembwe, yagaragaje ko atagifite ukwihishira mu gushyigikira no kuvugira umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’umuryango wa Juvénal Habyarimana wayoboye u Rwanda kuva mu 1973 kugeza mu 1994.

Akazu Kanze Marcel Gatsinzi Intambara Y Ubutegetsi Nyuma Y Ihanurwa Ry Indege
8 Mat 2026Mu Mateka
Akazu Kanze Marcel Gatsinzi Intambara Y Ubutegetsi Nyuma Y Ihanurwa Ry Indege

Umwiryane mu butegetsi bwa Juvénal Habyarimana ntabwo watangiye nyuma y’urupfu rwe, kuko na mbere hari haragiye habaho ibimenyetso by’uko atavuga rumwe n’abari bagize Akazu barimo umugore we, Agathe Kanziga Habyarimana na basaza be. Urugero rworoshye ni urupfu rwa Colonel Stanislas Mayuya.

Umunsi Kanziga Na Zigiranyirazo Bicisha Umupadiri W Umututsi Wanze Gusengera
7 Mat 2026Mu Mateka
Umunsi Kanziga Na Zigiranyirazo Bicisha Umupadiri W Umututsi Wanze Gusengera

Inkuru zigaruka kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 cyane cyane ibyabaye ku munsi wayo wa mbere, zikunze kwibanda cyane ku byabereye mu Mujyi wa Kigali, ni gake uzumva uko byari byifashe i Rambura ku ivuko rya Juvenal Habyarimana n’umugore we, Agathe Kanziga.

Impinyuza ku bashaka korosa uruhare rwa Habyarimana mu mugambi wa Jenoside
31 Wer 2026New section
Impinyuza ku bashaka korosa uruhare rwa Habyarimana mu mugambi wa Jenoside

Abana ba Juvénal Habyarimana barangajwe imbere na Jean Luc Habyarimana, bamaze iminsi bagaragara mu bikorwa bakorana inkundura bagamije gutagatifuza umubyeyi wabo, ku buryo hari n’aho bigera ugasanga bateye bamwe urujijo, bibaza uburyo koko yagize uruhare muri Jenoside kandi yarapfuye mbere y’uko itangira.

Ndayishimiye yishe ayahe mategeko ajyana kandidatire ya Macky Sall muri Loni?
30 Wer 2026New section
Ndayishimiye yishe ayahe mategeko ajyana kandidatire ya Macky Sall muri Loni?

Inkuru yavuzwe cyane mu mpera z’icyumweru gishize ni iy’uburyo ibihugu bya Afurika 20 byanze kwemeza ubusabe bwa Perezida Ndayishimiye uyoboye Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wabisabaga kwemeza kandidatire ya Macky Sall nk’umukandida ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru wa Loni, ibihugu byahisemo gusubiza ko bitabyemera bigaragaza ko ibyakozwe byose bitakurikije amategeko.

Ubushobozi buke Ndayishimiye yagaragaje mu miyoborere ntibuzaroha AU mu manga?
28 Wer 2026New section
Ubushobozi buke Ndayishimiye yagaragaje mu miyoborere ntibuzaroha AU mu manga?

Ibihugu 20 bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe byahisemo kugaragaza ijwi ryabyo ko bidashyigikiye imikorere itubahiriza amategeko ya Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye uyobora AU mu 2026, watanze kandidatire ya Macky Sall ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru wa Loni agashaka ko abakuru b’ibihugu basigaye ba Afurika bayemeza mu masaha 24 gusa binyuze mu gushyigikira icyemezo yafashe ku giti cye.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram