SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Mutangana Gaspard
Izanditswe na Mutangana Gaspard
Itangazamakuru mu Rwanda, imodoka itagira feri ikeneye umushoferi?
9 Kam 2021U Rwanda
Itangazamakuru mu Rwanda, imodoka itagira feri ikeneye umushoferi?

Kuri ubu iyo uri nko mu ruhame ukumva hari uvuze ijambo RTLM cyangwa Kangura, umutima urasimbuka bitewe n'amateka mabi ibi binyamakuru byombi byagize.

Mudasobwa 4 000 zigiye guhabwa abarimu  mu kunoza ireme ry’uburezi
15 Gic 2021U Rwanda
Mudasobwa 4 000 zigiye guhabwa abarimu mu kunoza ireme ry’uburezi

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Amashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro, RTB, cyatangiye gutanga mudasobwa ku barimu bigisha mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro, TVET, muri gahunda yiswe ‘One Laptop per Trainer’, hagamijwe kubafasha koroshya akazi kabo no kuzamura ireme ry’uburezi batanga.

Cogebanque yegereje Abanyarwanda ikoranabuhanga ribafasha kubona serivisi z’imari mu buryo busirimutse
11 Gic 2021U Rwanda
Cogebanque yegereje Abanyarwanda ikoranabuhanga ribafasha kubona serivisi z’imari mu buryo busirimutse

Banki Nyarwanda y’Ubucuruzi, Cogebanque, imaze imyaka icyenda itera inkunga irushanwa ryo kuzenguruka igihugu ku mukino wo gusiganwa ku magare, yifashishije Tour du Rwanda 2021 mu kwegereza abaturarwanda ikoranabuhanga ryabafasha kugera kuri serivisi z’imari.

Inyange Industries yagaragaje akanyamuneza ko kwegerana n’abakiliya bayo muri Tour du Rwanda 2021
11 Gic 2021U Rwanda
Inyange Industries yagaragaje akanyamuneza ko kwegerana n’abakiliya bayo muri Tour du Rwanda 2021

Uruganda Inyange Industries rusanzwe rutunganyiriza ibinyobwa bitandukanye mu Rwanda, rwatangaje ko rufite akanyamuneza rwatewe no kuba abagura ibicuruzwa byarwo bararushijeho kwiyongera mu bihe bya Tour du Rwanda 2021.

U Butaliyani: Uburangare bw’umuganga bwatumye aterwa doze esheshatu z’urukingo rwa Pfizer icyarimwe
11 Gic 2021Utuntu n’Utundi
U Butaliyani: Uburangare bw’umuganga bwatumye aterwa doze esheshatu z’urukingo rwa Pfizer icyarimwe

Umutaliyanikazi w’imyaka 23 ari gukurikiranwa n’abaganga, nyuma yo guterwa doze esheshatu z’urukingo rwa Covid-19 biturutse ku burangare bwa muganga.

Sudani y’Epfo: Perediza Kiir yasheshe Inteko Ishinga Amategeko
9 Gic 2021Muri Afurika
Sudani y’Epfo: Perediza Kiir yasheshe Inteko Ishinga Amategeko

Perezida wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir yasheshe Inteko Ishinga Amategeko, mu rwego rwo gukomeza inzira y’amahoro, nyuma y’imyaka isaga umunani iki gihugu kirimo imvururu n’umutekano muke bishingiye ku isaranganywa ry’ubutegetsi.

Umuryango wa Barack Obama uri mu gahinda kubera imbwa yabo yapfuye
9 Gic 2021Mu Mahanga
Umuryango wa Barack Obama uri mu gahinda kubera imbwa yabo yapfuye

Umuryango wa Barack Obama wabaye Perezida wa 44 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika uri mu gahinda watewe n’urupfu rw’imbwa yawo yari izwi ku izina rya Bo, yapfuye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 8 Gicurasi 2021 izize kanseri.

Ingabo z’u Rwanda zibungabunga amahoro  muri Sudani y’Epfo zafashije abana bakuwe mu byabo n’intambara
7 Gic 2021Muri Afurika
Ingabo z’u Rwanda zibungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo zafashije abana bakuwe mu byabo n’intambara

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Gicurasi, ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kubungabunga Amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) zahaye ibikoresho by’ishuri abanyeshuri bo mu nkambi mu Mujyi wa Juba.

U Bwongereza: Ubwiyongere bw’ubwoko bushya bwa Covid-19 bukomeje gutera impungenge
7 Gic 2021Mu Mahanga
U Bwongereza: Ubwiyongere bw’ubwoko bushya bwa Covid-19 bukomeje gutera impungenge

Inzego z’ubuzima mu gihugu cy’u Bwongereza zatangaje ko zihangayikishijwe n’ubwiyongere bukabije bw’ubwoko bushya bwa Covid-19 bwagaragaye bwa mbere mu Buhinde.

Abanyarwanda b’i Washington bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi, basabwa kwima umwanya abayipfobya
5 Gic 2021Diaspora
Abanyarwanda b'i Washington bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi, basabwa kwima umwanya abayipfobya

Abanyarwanda batuye muri Leta ya Washington, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bibutse ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi, basabwa kudaha umwanya abayipfobya n’abakiyihakana.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram