SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Niyonzima Moïse

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Niyonzima Moïse
Mu Mujyi utekanye: Amafoto ya Goma igenzurwa na M23
4 Gas 2025U Rwanda
Mu Mujyi utekanye: Amafoto ya Goma igenzurwa na M23

Goma, Umujyi wa ‘Wananzambe’ unafatwa nk’Umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, urahumeka umwuka mushya nyuma y’iminsi mike y’imirwano yasize umutwe wa M23 utsinze ingabo za Leta zifatanyije n’imitwe irimo FDLR, Wazalendo, Ingabo z’u Burundi, iza Afurika y’Epfo n’abacanshuro bo muri Romania.

Mu mafoto ya kure: Ubwiza bwa  Kigali, umujyi ukomeje kuba urukerereza
19 Kam 2024Amafoto
Mu mafoto ya kure: Ubwiza bwa Kigali, umujyi ukomeje kuba urukerereza

Kuva ku bwa Richard Kandt mu 1907, uvuye i Kanombe na Nyamirambo wahuranya za Gasogi, Umujyi wa Kigali warakuze uraguka, uraryoha ukurura imari, urakungahara abanyamahanga barawushima, none ubu ni uburyohe ku barenga miliyoni 1,7 bawutuye n'abandi benshi bawugenda.

Ntibiganda: Umuhate w’Abanyarwanda ku murimo (Amafoto)
1 Gic 2024Iterambere
Ntibiganda: Umuhate w’Abanyarwanda ku murimo (Amafoto)

Buri mwaka tariki 1 Gicurasi mu Rwanda no ku Isi hose hizihizwa Umunsi Mpuzamahanga w’Umurimo, mu rwego rwo kuzirikana uruhare imirimo itandukanye igira mu iterambere ry’Igihugu, ndetse n’umuhate abakozi badasiba kugaragaza mu byo bakora.

“Car Free Zone” yahindutse agace gateye amabengeza muri Kigali (Amafoto)
4 Nze 2021Amafoto
“Car Free Zone” yahindutse agace gateye amabengeza muri Kigali (Amafoto)

‘Imbuga City Walk’, agace kahariwe abanyamaguru ahazwi nko muri “Car Free Zone” mu Mujyi wa Kigali rwagati, ni hamwe mu hantu mu minsi mike hazaba hakurura abashaka kuruhuka.

Aryoha asubiwemo! Uko umutekano wari wakajijwe mu ruzinduko rwa Perezida Kagame na Tshisekedi (Amafoto)
30 Kam 2021Amafoto
Aryoha asubiwemo! Uko umutekano wari wakajijwe mu ruzinduko rwa Perezida Kagame na Tshisekedi (Amafoto)

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi ku wa 25-26 Kamena 2021, bagiriye uruzinduko rw’amateka mu Mujyi wa Rubavu na Goma.

Umuvugizi wa ADEPR yavuze ku kimwaro cy’abihayimana bijanditse muri Jenoside n’uruhare rw’itorero mu kwiyubaka
2 Kam 2021U Rwanda
Umuvugizi wa ADEPR yavuze ku kimwaro cy’abihayimana bijanditse muri Jenoside n’uruhare rw’itorero mu kwiyubaka

Umuvugizi w’Itorero ADEPR, Pasiteri Ndayizeye Isaïe, yavuze ko bibabaje kuba hari abakirisitu n’abapasiteri bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ndetse bikaba ari ikimwaro gikomeye kuri bagenzi babo bayigizemo uruhare cyangwa bakica abo basenganaga.

Mu mafoto: Abofisiye binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda, ab’abagore baserukana  amajipo
26 Mat 2021Amafoto
Mu mafoto: Abofisiye binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda, ab’abagore baserukana amajipo

Kuri uyu wa 26 Mata 2021 ni bwo abasore n’inkumi 721 basoje amasomo yabo abemerera kwinjira mu Gisirikare ry’u Rwanda nk’abofisiye bato bahabwa n’ipeti rya Sous-Lieutenant.

Ubwiza n’ubukungu buhishe mu bibumbano binogeye ijisho hirya no hino muri Kigali (Amafoto)
18 Mat 2021Ubugeni
Ubwiza n’ubukungu buhishe mu bibumbano binogeye ijisho hirya no hino muri Kigali (Amafoto)

Kuri uyu wa 18 Mata hirya no hino ku Isi, hizihijwe Umunsi Mpuzamahanga wahariwe ibibumbano. Mu Rwanda si henshi hari ibibumbano ariko aho biri hose usanga bibumbatiye umuco n’amateka akomeye, bigakorwa mu buryo bwa gihanzi n’ubugeni binyura ababisura n’ababireba.

Twishimane ku Munsi Mpuzamahanga w’Ibitwenge (Amafoto)
14 Mat 2021Amafoto
Twishimane ku Munsi Mpuzamahanga w’Ibitwenge (Amafoto)

Tariki ya 14 Mata ni Umunsi Mpuzamahanga ngarukamwaka wahariwe Ibitwenge “International Moment of Laughter Day’’. Watangijwe n’Umunyamerika w’umunyarwenya Izzy Gesell mu 1997.

Mu mafoto: Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bifatanyije n’abasaga 500 gutangiza #Kwibuka27
7 Mat 2021U Rwanda
Mu mafoto: Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bifatanyije n’abasaga 500 gutangiza #Kwibuka27

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bifatanyije n’Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda mu muhango wo gutangiza ku nshuro ya 27 iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram