Mu mafoto: Abofisiye binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda, ab’abagore baserukana amajipo
Kuri uyu wa 26 Mata 2021 ni bwo abasore n’inkumi 721 basoje amasomo yabo abemerera kwinjira mu Gisirikare ry’u Rwanda nk’abofisiye bato bahabwa n’ipeti rya Sous-Lieutenant.