SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Nshimiyimana Eric
Izanditswe na Nshimiyimana Eric
Abanyarwanda bagiye guhabwa imbuto y’ibirayi yongerewe ubushobozi
21 Kam 2026Amakuru
Abanyarwanda bagiye guhabwa imbuto y’ibirayi yongerewe ubushobozi

Ikigo cy’Igihugu gushinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) cyatangaje kigiye gufatanya n’Ikigo Mpuzamahanga cyita ku Binyabijumba (International Potato Center- CIP) bigatangira guha abahinzi imbuto y’ibirayi yongerewe ubushobozi ku buryo byera bidatewe umuti wo kurwanya indwara y’Imvura ibyibasira.

Umubyeyi wawe ugushyiramo ingengabitekerezo ya Jenoside witandukanye na we – Kaboneka
21 Kam 2026U Rwanda
Umubyeyi wawe ugushyiramo ingengabitekerezo ya Jenoside witandukanye na we – Kaboneka

Komiseri muri Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu, Kaboneka Francis, yasabye abanyeshuri bo muri Kaminuza y’Ubukerarugendo, Ikoranabuhanga n’Ubukungu (UTB), ishami rya Rubavu, kuzibukira ingengabitekerezo ya Jenoside hatitawe ku wo iturutseho ku buryo n’iyo yaba iturutse ku babyeyi babo bakwiriye kwitadukanya na bo.

Ngororero: Hakenewe arenga miliyari 8 Frw mu kubakira abatuye mu manegeka
21 Kam 2026U Rwanda
Ngororero: Hakenewe arenga miliyari 8 Frw mu kubakira abatuye mu manegeka

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ngororero bwagaragaje ko hakenewe arenga miliyari 8 Frw yo kubakira no gusanira imiryango ituye ahashyira ubuzima bwayo mu kaga.

Nyabihu: Hari gukorwa iperereza ku cyishe abaturage batandatu baherukaga gusangira inzoga
16 Kam 2026U Rwanda
Nyabihu: Hari gukorwa iperereza ku cyishe abaturage batandatu baherukaga gusangira inzoga

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyabihu bwatangaje ko hatangiye gukorwa iperereza ku cyateye impfu z’abaturage batandatu baherukaga gusangira inzoga mu kabari. Ni mu gihe abandi babiri basangiye na bo barembeye mu bitaro bya Gisenyi.

Rutsiro: Hakenewe ibyumba by’amashuri birenga 900 mu kugabanya ubucucike
16 Kam 2026U Rwanda
Rutsiro: Hakenewe ibyumba by’amashuri birenga 900 mu kugabanya ubucucike

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko hakenewe ibyumba bishya by’amashuri 909, bizafasha kugabanya ubucucike mu mashuri.

Rubavu: Ababyeyi bahugira mu bucuruzi bashyizwe mu majwi mu bitera igwingira
14 Kam 2026U Rwanda
Rubavu: Ababyeyi bahugira mu bucuruzi bashyizwe mu majwi mu bitera igwingira

Ababyeyi benshi bo mu Karere ka Rubavu bahugira mu bucuruzi ntibite ku bana babo, batunzwe agatoki nka bamwe mu bakomeza gutuma ikibazo cy’igwingira n’imirire mibi kitaba amateka.

Rubavu: Miliyoni 100 Frw ziri gukoreshwa mu gutangiza ubukerarugendo bushingiye ku mashyuza
10 Kam 2026Ibidukikije
Rubavu: Miliyoni 100 Frw ziri gukoreshwa mu gutangiza ubukerarugendo bushingiye ku mashyuza

Ubuyobozi bwa Koperative COOPLKI y’abahoze mu ngabo, bwatangaje ko buzakoresha miliyoni 100 Frw mu mirimo burimo yo gutunganya igice cy’ubukerarugendo bushingiye ku mashyuza, ndetse imirimo igeze kuri 80%.

Rubavu: Miliyoni 420 Frw ziri kwifashishwa mu gusana amakusanyirizo y’amata
9 Kam 2026U Rwanda
Rubavu: Miliyoni 420 Frw ziri kwifashishwa mu gusana amakusanyirizo y’amata

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatangaje ko buri gukoresha miliyoni zirenga 420 Frw mu gusana amakusanyirizo y’amata atakijyanye n’igihe.

I Rubavu hari kubakwa ivuriro ry’amatungo rizatwara arenga miliyoni 50 Frw
7 Kam 2026U Rwanda
I Rubavu hari kubakwa ivuriro ry’amatungo rizatwara arenga miliyoni 50 Frw

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwatangaje ko buri gukoresha 53.885.647 Frw mu kubaka ivuriro ry’amatungo rizafasha abaveterineri n’abarozi kubona imiti y’amatungo hafi.

Rutsiro: Yiyahuye nyuma yo kubuza umugore we gutunga telefone akamutsembera
7 Kam 2026U Rwanda
Rutsiro: Yiyahuye nyuma yo kubuza umugore we gutunga telefone akamutsembera

Umugabo w’imyaka 26 wo mu Karere ka Rutsiro yanyoye umuti wica udukoko arapfa, bikekwa ko yabitewe n’amakimbirane yari amaze iminsi afitanye n’umugore we yabujije gutunga telefone ngo atazacudika n’abandi bagabo, undi akamutsembera ko atabaho adatunze telefone.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram