SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Ntakirutimana Deus

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Ntakirutimana Deus
Imwe mu myanzuro ikomeye yagiye ifatirwa mu nama y’Umushyikirano guhera mu 2003
14 Uku 2016Amakuru
Imwe mu myanzuro ikomeye yagiye ifatirwa mu nama y’Umushyikirano guhera mu 2003

Kuva mu myaka 13 ishize, Abanyarwanda b’ingeri zitandukanye bitabira Inama y’igihugu y’Umushyikirano igiye kuba ku nshuro ya 14, guhera kuwa Kane no kuwa Gatanu tariki 15 na 16 Ukuboza 2016.

Autriche: Hagaragaye ijambo rirerire gusumba andi ku Isi mu 2016
12 Uku 2016Utuntu n’Utundi
Autriche: Hagaragaye ijambo rirerire gusumba andi ku Isi mu 2016

Ijambo "Bundespräsidentenstichwahlwiederholungsverschiebung" rigizwe n’inyuguti 51 ryakoreshejwe mu matora yo muri Autriche ryagaragaye nk’ijambo rirerire ry’umwaka wa 2016 ku Isi.

Perezida Putin yanze impano y’imbwa yahawe n’u Buyapani
12 Uku 2016Utuntu n’Utundi
Perezida Putin yanze impano y’imbwa yahawe n’u Buyapani

Umudepite wo mu Buyapani witwa Koichi Hagiuda yatangaje ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yanze impano y’imbwa yari yemerewe na guverinoma y’iki gihugu cyo ku mugabane wa Aziya.

Impamvu idasanzwe yatumye Umunyakenya yita umuhungu we ‘Kagame’
12 Uku 2016Interviews
Impamvu idasanzwe yatumye Umunyakenya yita umuhungu we ‘Kagame’

Izina ‘Kagame’ rimaze kuba ikimenyabose mu mahanga kubera ibikorwa by’indashyikirwa Perezida Paul Kagame amaze kugeza ku Banyarwanda, bishingiye ku miyoborere ye myiza n’icyerekezo cy’iterambere n’ubukungu yahaye igihugu.

RDC: Abayobozi bakuru barindwi bashobora gufatirwa ibihano na EU
12 Uku 2016Muri Afurika
RDC: Abayobozi bakuru barindwi bashobora gufatirwa ibihano na EU

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) ushobora gufatira ibihano Abayobozi barindwi bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bashinjwa kubangamira inzira za demokarasi muri icyo gihugu.

Iperereza rya CIA ryagaragaje ko u Burusiya bwagize uruhare mu itorwa rya Trump
10 Uku 2016Mu Mahanga
Iperereza rya CIA ryagaragaje ko u Burusiya bwagize uruhare mu itorwa rya Trump

Iperereza ry’ibanga ry’Ibiro by’Ubutasi bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (CIA) ryagaragaje ko u Burusiya bwivanze mu matora ya Perezida aherutse kuba muri Amerika kugira ngo bufashe Donald Trump gutsinda.

Gambia: Yahya Jammeh yisubiyeho ahakana ibyavuye mu matora
10 Uku 2016Muri Afurika
Gambia: Yahya Jammeh yisubiyeho ahakana ibyavuye mu matora

Yahya Jammeh yanze ibyavuye mu matora y'Umukuru w'Igihugu muri Gambia yari yegukanywe na Adama Barrow bari bahanganye.

Impaka z’urudaca kuri Twitter ku ngingo ya 100 mu Itegeko Nshinga
8 Uku 2016Amakuru
Impaka z’urudaca kuri Twitter ku ngingo ya 100 mu Itegeko Nshinga

Abantu batandukanye bateye impaka kuri Twitter zishingiye ku ngingo ya 100 yo mu Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 igena uko Perezida atorwa, bavuga ko uko ryavuguruwe mu 2015 bidahita bigaragaza uburyo atorwa.

CNLG yasabye amahanga kudaha agahenge abakekwaho Jenoside
8 Uku 2016U Rwanda
CNLG yasabye amahanga kudaha agahenge abakekwaho Jenoside

Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) irashishikariza ibihugu bicumbikiye abakekwaho icyaha cya jenoside kubahiriza amategeko mpuzamahanga bikabashyikiriza ubutabera bwabyo cyangwa bikabohereza Rwanda kugira ngo bacirwe imanza.

Bimwe mu bigo bya leta na za Banki bashyizwe mu majwi mu kudindiza ubutabera
8 Uku 2016U Rwanda
Bimwe mu bigo bya leta na za Banki bashyizwe mu majwi mu kudindiza ubutabera

Abahesha b’Inkiko b’Umwuga barasaba Minisiteri y’Ubutabera kubafasha kubumvikanishiriza ibibazo byabo mu nzego zitandukanye zirimo iza leta n’iz’abikorera zikomeje kubabera imbogamizi mu gushyira mu bikorwa ibyemezo by’inkiko.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram