SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Umwali Zhuri
Latest from Umwali Zhuri
Motorola Razr Fold, telefoni ya rurangiza ikunjwa igura miliyoni 3,5 Frw
23 Kam 2026Mobayilo
Motorola Razr Fold, telefoni ya rurangiza ikunjwa igura miliyoni 3,5 Frw

Motorola yashyize hanze Razr Fold, smartphone yayo ya mbere ikunjwa nk’igitabo, mu gihe ishaka guhangana na Samsung imaze imyaka myinshi iyoboye isoko rya telefoni zikunjwa, cyane cyane Galaxy Fold.

Imiterere ya Air Force One, indege nshya Trump yamuritse (Video)
20 Kam 2026Videos
Imiterere ya Air Force One, indege nshya Trump yamuritse (Video)

Perezida Donald Trump yerekanye indege yo mu bwoko bwa Boeing 747-8 yavuguruwe, igenewe kwinjizwa mu itsinda ry’indege za Air Force One, zisanzwe zikoreshwa mu gutwara Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Aba-Gen Z bakomeje guhindura ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina
20 Kam 2026Urukundo
Aba-Gen Z bakomeje guhindura ibijyanye n’imibonano mpuzabitsina

Mu gihe mu myaka yashize guhura n’umuntu mu kabari, mukanywa, bikarangira habaye imibonano y’ijoro rimwe byafatwaga nk’ibisanzwe mu buzima bw’urubyiruko, ubu ibintu biri guhinduka.

Dore Sunscreen nziza wakoresha muri iki gihe cy’izuba
20 Kam 2026Fashion
Dore Sunscreen nziza wakoresha muri iki gihe cy'izuba

Muri iki gihe cy’izuba, gukoresha sunscreen cyangwa amavuta arinda uruhu izuba ni kimwe mu bintu by’ingenzi mu kwita ku ruhu. Icyakora hari benshi babyirengagiza, cyane cyane kubera ko zimwe muri zo zisiga umwera ku ruhu, zifatana n’amavuta cyangwa zigatuma uruhu ruhinduka mu buryo butabanyuze.

Igikombe cy’Isi: Umukinnyi wa mbere yahawe ikarita y’umutuku ahaniwe ikosa rishya
20 Kam 2026Football
Igikombe cy’Isi: Umukinnyi wa mbere yahawe ikarita y’umutuku ahaniwe ikosa rishya

Umukinnyi wa Paraguay, Miguel Almiron, yabaye uwa mbere mu mateka y’Igikombe cy’Isi weretswe ikarita y’umutuku kubera kurenga ku itegeko rishya rya FIFA ribuza umukinnyi gupfuka umunwa mu gihe ari kuvugana n’uwo bahanganye.

Ibizaba mu gihe uzaba uri hafi gupfa
20 Kam 2026Utuntu n’Utundi
Ibizaba mu gihe uzaba uri hafi gupfa

Abashakashatsi mu buvuzi bwita ku barwayi bari mu marembera, bagaragaje ko abantu benshi bari hafi gupfa, bagira inzozi cyangwa iyerekwa rikomeye, aho babona abo bakundaga bapfuye, inshuti za kera cyangwa n’amatungo bakundaga.

Ibyo wamenya kuri iPhone Ultra, telefone nshya ya Apple yitezwe ku isoko
19 Kam 2026Mobayilo
Ibyo wamenya kuri iPhone Ultra, telefone nshya ya Apple yitezwe ku isoko

Apple ishobora kuba iri hafi kwinjira mu isoko rya telefone zizingwa, nyuma y’imyaka myinshi bivugwa ko iri gukora kuri iPhone nshya ishobora kwitwa iPhone Ultra. Iyi telefone yitezweho kuba iya mbere ya Apple ifite écran izingwa, ikazaba ihanganye n’izindi nka Samsung Galaxy Z Fold na telefone za Google zifite ikoranabuhanga nk’iryo.

Ibyo wamenya ku munyezamu wa Cap-Vert wagizwe ‘ikimenyabose’ n’umukino na Espagne
16 Kam 2026Football
Ibyo wamenya ku munyezamu wa Cap-Vert wagizwe 'ikimenyabose' n'umukino na Espagne

Umunyezamu wa Cap-Vert, Vozinha, yabaye umwe mu bavuzwe cyane mu gikombe cy’Isi cya 2026, nyuma yo gufasha igihugu cye kunganya na Espagne 0-0 mu mukino wa mbere wo mu Itsinda H wabereye kuri Atlanta Stadium.

Bozizé wayoboye Centrafrique yatangiye kuburanishwa
16 Kam 2026Muri Afurika
Bozizé wayoboye Centrafrique yatangiye kuburanishwa

Urukiko rushyigikiwe n’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrique rwatangiye kuburanisha adahari, François Bozizé wahoze ari Perezida w’icyo gihugu, ukekwaho ibyaha byibasiye inyokomuntu byakozwe hagati ya 2009 na 2013.

Waba wibaza impamvu hari abantu barumwa n’imibu, abandi ikabareba? Dore igisubizo
16 Kam 2026Muri Afurika
Waba wibaza impamvu hari abantu barumwa n’imibu, abandi ikabareba? Dore igisubizo

Hari abantu bakunze kuvuga ko imibu ibarya kurusha abandi bari kumwe, ku buryo isa n’aho ibahitamo ikirengagiza bagenzi babo. Abahanga bavuga ko ibyo atari ukwibeshya, kuko imibu ishobora gukururwa n’umuntu umwe kurusha undi bitewe n’ibimenyetso bitandukanye umubiri we ufite.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram