SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Akimana Erneste

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Akimana Erneste
Rusizi: Ab’i Munyove basabye ubuyobozi ubufasha mu kwimura imibiri y’abazize Jenoside idashyinguye mu Rwibutso
4 Gic 2024U Rwanda
Rusizi: Ab’i Munyove basabye ubuyobozi ubufasha mu kwimura imibiri y’abazize Jenoside idashyinguye mu Rwibutso

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 b’ahitwa i Munyove mu Karere ka Rusizi barasaba ubuyobozi kubafasha kwimura imibiri iruhukire mu mva biyubakiye ubwabo ikajyanywa kuruhukira mu Rwibutso rusange.

Uruganda rw’icyayi rwa Gisakura rworoje  inka  abahinzi b’icyayi
10 Uku 2023U Rwanda
Uruganda rw’icyayi rwa Gisakura rworoje inka abahinzi b’icyayi

Abahinzi ndetse n'abasoromyi bane b’icyayi bo mu Ruganda rwa Gisakura Tea Company bahawe inka enye ,abandi bahabwa ibikoresho bitandukanye bashimirwa uruhare bagira mu iterambere ry’ubuhinzi bw’icyayi.

Rusizi: Abafashijwe na World Vision bayivuze imyato, ubuyobozi bubizeza kubaguma hafi
21 Nze 2023U Rwanda
Rusizi: Abafashijwe na World Vision bayivuze imyato, ubuyobozi bubizeza kubaguma hafi

Umuryango Mpuzamahanga, World Vision n'abafanyabikorwa bawo bishimiye ibyo bagezeho mu myaka itanu bamaze bafasha abaturage bo mu Karere ka Rusizi kwiteza imbere no gushyigikira umwana muri rusange.

Abatuye ku Nkombo begerejwe ibikoresho biborohereza kubona amazi meza
16 Nze 2023U Rwanda
Abatuye ku Nkombo begerejwe ibikoresho biborohereza kubona amazi meza

Ikigo gikora kikanakwirakiza ibikoresho bitunganya amazi yo kunywa bizwi nka ‘Purifaaya’ cyagejeje ibikorwa byacyo mu Murenge wa Nkombo ho mu Karere ka Rusizi.

RIB yasabye Abanya-Rusizi kwirinda ibyaha byo kwangiza ibidukikije
20 Kam 2023Ibungabunga
RIB yasabye Abanya-Rusizi kwirinda ibyaha byo kwangiza ibidukikije

Umukozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), ushinzwe kugenza ibyaha byangiza ibidukikije, David Bwimba yasabye abaturage bo mu Murenge wa Bweyeye ukijijwe na Pariki y'Igihugu ya Nyungwe kwirinda ibyaha birimo kwangiza ibidukikije kuko bihanwa n'amategeko ahubwo bakaba aba mbere mu ku kubirinda.

Rusizi: Abajyanama basabye abaturage guhagurukira ikibazo cy’imirire mibi
14 Gic 2023U Rwanda
Rusizi: Abajyanama basabye abaturage guhagurukira ikibazo cy’imirire mibi

Abagize Inama Njyanama y’Akarere ka Rusizi basabye abaturage kongera imbaraga mu guteza imbere imibereho yabo, kandi bakita ku mirire y’abana ngo bibarinde kugwingira.

Rusizi: Imiryango itishoboye igiye guhabwa amafaranga yo kwivana mu bukene
26 Mat 2023U Rwanda
Rusizi: Imiryango itishoboye igiye guhabwa amafaranga yo kwivana mu bukene

Abaturage bo mu Murenge wa Butare mu karere ka Rusizi bagiye guhabwa $1100 ku muryango, ni ukuvuga ahwanye nibura na miliyoni 1.2 Frw, agomba kubafasha kwivana mu bukene.

Hagiye gushyirwaho komisiyo iziga ku bibazo bikibangamiye imigenderanire hagati y’u Burundi n’u Rwanda
18 Wer 2023Amakuru
Hagiye gushyirwaho komisiyo iziga ku bibazo bikibangamiye imigenderanire hagati y’u Burundi n’u Rwanda

Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba mu Rwanda, Habitegeko François n’Umuyobozi w’Intara ya Cibitoke mu Burundi, Bizoza Carême, bemeranyijwe ko bagiye gushyiraho komisiyo ihuriweho izacukumbura ibibazo bikibangamiye imigenderanire ku baturiye umupaka uhuza ibihugu byombi.

Umunya-Canada n’Umunyamerika bashyizeho agahigo ko kwiruka ibilometero 500 mu Rwanda
31 Uku 2022Utuntu n’Utundi
Umunya-Canada n'Umunyamerika bashyizeho agahigo ko kwiruka ibilometero 500 mu Rwanda

Umunyamerika Luke Forelle n’Umunya-Canada Elliot Berenger baciye agahigo ko kwiruka ku ntera y’ibilometero 500 banyura mu bice bitandukanye by’u Rwanda.

RSSB yasobanuriye ab’i Nyakarenzo na Gashonga inyungu ziri mu kwiteganyiriza muri Ejo Heza
27 Ugu 2022U Rwanda
RSSB yasobanuriye ab’i Nyakarenzo na Gashonga inyungu ziri mu kwiteganyiriza muri Ejo Heza

Urwego rw'Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB, rwifatanyije n’abaturage bo mu Mirenge ya Nyakarenzo na Gashonga mu Karere ka Rusizi mu Muganda Rusange usoza Ugushyingo kwa 2022.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram