SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Gilbert Ukwizagira
Latest from Gilbert Ukwizagira
Clive Davis wazamuye abahanzi nka Whitney Houston na Alicia Keys yapfuye
22 Kam 2026Imyidagaduro
Clive Davis wazamuye abahanzi nka Whitney Houston na Alicia Keys yapfuye

Clive Davis wateje imbere umuziki wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, binyuze mu kuzamura impano zitandukanye, yitabye Imana ku myaka 94 y'amavuko.

Spyro yashinje abakobwa bo muri Afurika y’Epfo gukenesha abahanzi bo muri Nigeria
22 Kam 2026Imyidagaduro
Spyro yashinje abakobwa bo muri Afurika y’Epfo gukenesha abahanzi bo muri Nigeria

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria, Spyro yatangaje ko hari abahanzi bagenzi be bo muri Nigeria bakeneshejwe cyane no guhonga amafaranga yabo abagore bo muri Afurika y’Epfo.

Umusogongero wa ‘The Polygamist’ filime ikomeje gukora ku marangamutima ya benshi
18 Kam 2026Sinema
Umusogongero wa ‘The Polygamist’ filime ikomeje gukora ku marangamutima ya benshi

Filime The Polygamist yakorewe muri Afurika y’Epfo ikaba ivuga ku busambanyi no gucana inyuma ni imwe mu zikomeje kwigarurira amarangamutima ya benshi mu bakunzi ba sinema by’umwihariko ku rubuga rwa Netflix ruri kuyinyuzaho kuva yasohoka ku wa 12 Kamena 2026.

Stromae yaciye agahigo kuri Spotify
18 Kam 2026Imyidagaduro
Stromae yaciye agahigo kuri Spotify

Umuhanzi Paul Van Haver uzwi nka 'Stromae', ukomoka mu Rwanda, yanditse amateka yo kugira indirimbo eshatu mu icumi zikunzwe cyane kurusha izindi ku rubuga rwa Spotify mu zikozwe mu Gifaransa.

Nicki Minaj ntagikozwa ibyo kujya gusenga
18 Kam 2026Imyidagaduro
Nicki Minaj ntagikozwa ibyo kujya gusenga

Nicki Minaj uri mu bagore bakora injyana na Hip-hop bakunzwe, yatangaje ko kuva yaba icyamamare atarakandagira mu rusengero.

Prince Harry agiye gusubiza umuryango we mu Bwongereza
17 Kam 2026Imyidagaduro
Prince Harry agiye gusubiza umuryango we mu Bwongereza

Umuryango wa Prince Harry na Meghan Markle utegerejwe mu Bwongereza muri Nyakanga 2026, aho bazaba bari kumwe n’abana babo, Archie w’imyaka irindwi na Lilibet w’imyaka itanu.

Tems azataramira mu birori byo gufungura ikigo cya  Barack Obama
17 Kam 2026Mu Mahanga
Tems azataramira mu birori byo gufungura ikigo cya Barack Obama

Umuhanzi Tems ukomoka muri Nigeria yashyizwe ku rutonde rw’abahanzi bazataramira mu birori byo gufungura icyanya cya Barack Obama wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Diddy yongeye kugabanyirizwa igihe azamara muri gereza
16 Kam 2026Imyidagaduro
Diddy yongeye kugabanyirizwa igihe azamara muri gereza

Umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs 'Diddy' yagabanyirijwe igihe azamara muri gereza kubera ko itariki yari kuzafungurirwaho yigijwe imbere.

James Barker wamamaye muri ‘Love Island USA’ yapfuye
16 Kam 2026Imyidagaduro
James Barker wamamaye muri ‘Love Island USA’ yapfuye

James Barker wari umuyobozi mukuru ushinzwe imitunganyirize y’uruhererekane rw’ikiganiro Love Island USA, yapfuye ku myaka 40 y’amavuko azize uburwayi.

Umugenzi yasimbutse mu indege yapfiriyemo umuraperi Oliver Tree
15 Kam 2026Utuntu n’Utundi
Umugenzi yasimbutse mu indege yapfiriyemo umuraperi Oliver Tree

Umugenzi wari mu ndege ari kumwe n’umuraperi Oliver Tree yabonye ikoze impanuka yasimbutse indege yarimo ikiri mu kirere imaze kugongana n’indi, ngo arebe ko yarokoka ariko abari bayirimo bose bahasiga ubuzima

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram