SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Gisèle UMUTESI
Izanditswe na Gisèle UMUTESI
Miss Umutara Polytechnic 2012 yahagaritswe umwaka atiga
27 Ukw 2012U Rwanda
Miss Umutara Polytechnic 2012 yahagaritswe umwaka atiga

{Bukiza Ange Pascale wabaye Nyampinga wa Kaminuza y'Umutara Polytechnic (UP) 2012, yahawe igihano cyo kumara umwaka wose atiga kubera gukekwaho kunyereza amafaranga agera ku bihumbi 200 y'amanyarwanda yatse avuga ko agiye kuyafashisha abana b'abakene kurusha abandi muri iri shuri.} Amakuru dukesha bamwe mu banyeshuri biga muri UPU ni uko mu gitondo cyo kuri uyu wa […]

Urutonde rw’ibyamamare by’abagore 10 bambara neza kurusha abandi mu 2012
25 Ukw 2012Hanze
Urutonde rw’ibyamamare by’abagore 10 bambara neza kurusha abandi mu 2012

{Uru rutonde rwakozwe n’ikinyamakuru Daily News bibanze cyane ku byamamare muri sinema, muzika ndetse no kwerekana imideri bagiye bigaragaza bambaye neza kurusha abandi muri uyu mwaka.} 10. Gwyneth Paltnow Ni icyamamare muri Sinema muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akaba n’umuririmbyikazi. Yagaragaye muri filime nka Proof, the talented Mr Ripley, Shakspear in love n’izindi nyinshi. […]

Muhima: Umukobwa w’imyaka 19 yatawe muri yombi akekwaho kwiba sheki ya 200,000
19 Ukw 2012U Rwanda
Muhima: Umukobwa w’imyaka 19 yatawe muri yombi akekwaho kwiba sheki ya 200,000

{Kuri sitasiyo ya Polisi ku Muhima hafungiye umukobwa w’imyaka 19, ukekwaho kubikuza amafaranga 200,000 muri Banki y’Ubucuruzi (BCR) akoresheje sheki yibye Quincaillerie Eco-Marche.} Nk’uko tubikesha urubuga rwa polisi, Tuyisenge Philomène yageze kuri BCR ku wa gatatu tariki 17 ukwakira, nyuma y’aho ba nyiri sheke, “Quincaillerie Eco-Marche”, bari bamaze kubwira iyo banki ko babuze agatabo kabo […]

Abahanzi bo mu karere bagiye guhurira mu Rwanda mu gitaramo “Boda 2 Boda”
19 Ukw 2012Muzika
Abahanzi bo mu karere bagiye guhurira mu Rwanda mu gitaramo "Boda 2 Boda"

{Relax restaurant and Bar yateguye igitaramo kiswe Boda 2 Boda kizaba kirimo abahanzi baturutse mu bihugu bitandukanye nk’u Rwanda, u Burundi, na Uganda.} Iki gitaramo kizaba ku itariki 2 Ugushyingo 2012 muri Relax Restaurant and Bar, iherereye mu mujyi wa kigali mu isoko rishya, kizatangira saa kumi n’ebyiri za nimugoroba, kwinjira bizaba ari amafaranga y’u […]

Minisitiri w’intebe wa Australia yaguye imbere y’abantu ku nshuro ya gatatu
18 Ukw 2012Utuntu n’Utundi
Minisitiri w’intebe wa Australia yaguye imbere y’abantu ku nshuro ya gatatu

{Minisitiri w’Intebe wa Australia, Julia Gillard yituye hasi mu rugendo yari yagiriye mu gihugu cy’u Buhinde, bitewe n’inkweto ndende yari yambaye.} Yaguye wese ubwo yateraga intambwe itari nini cyane, hanyuma 'talon' y’urukweto rwe ifatwa mu byatsi nk'uko Mailonline.co.uk yabitangaje. Iyi ni inshuro ya gatatu kuko yaherukaga kugwa hasi mu myiyerekano yari yabereye i Canberra mu […]

Kitoko ntazagaragara muri “Agaciro Concerts” yerekeje mu Bwongereza
12 Ukw 2012Muzika
Kitoko ntazagaragara muri “Agaciro Concerts” yerekeje mu Bwongereza

{Umuhanzi Kitoko Bibarwa nta kigaragaye mu bitaramo byateguwe n’abahanzi batandukanye byo gukusanya inkunga yo gushyira mu kigega AgDF, kuko mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu tariki 12 Ukwakira saa saba z’ijoro yerekeje ku mugabane w’u Burayi mu gihugu cy’u Bwongereza, aho azakorera ibitaramo bitandukanye}. Agiye mu gihe yari umwe mu bazanye igitekerezo cyo gukora […]

Chameleon yashyizwe ku rutonde rwa ba Illuminati b’Abanyafurika
10 Ukw 2012Hanze
Chameleon yashyizwe ku rutonde rwa ba Illuminati b’Abanyafurika

{Muri ibi bihe havugwa ikibazo cya Illluminati kigenda gifata indi ntera umunsi ku wundi ndetse abenshi ntibabisobanukirwe neza, ubu noneho biravugwa ko Jose Chameleon na we yaba abarizwa muri Illuminati nk’uko www.bigeye.ug dukesha iyi nkuru yabisobanuye.} Mu mwaka wa 2004, ni bwo ibinyamakuru byatangiye kuvuga ko Chamileone yaba akorana n’imbaraga z’i kuzimu ngo akaba ari […]

“Home”, film ya Yann Arthus yashyizwe mu Kinyarwanda igiye kwerekanwa bwa mbere
10 Ukw 2012Sinema
"Home", film ya Yann Arthus yashyizwe mu Kinyarwanda igiye kwerekanwa bwa mbere

{Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12/10/2012, nibwo bwa mbere Filime «Home» yashyizwe mu Kinyarwanda izerekanwa ku mugaragaro muri KIST mu Mujyi wa Kigali kuva saa kumi z’umugoroba, aho kwinjira bizaba ari ubuntu.} Iki gikorwa cyo kuyerekana ku mugaragaro hamwe n’icyo kuyishyira mu Kinyarwanda, byose byakozwe n’umuryango wita ku kurengera ibidukidukije n’iterambere ry’abantu ARECO Rwanda […]

Chris Brown yeruye atangaza ko urwo akunda Rihanna na Karrueche rungana
7 Ukw 2012Hanze
Chris Brown yeruye atangaza ko urwo akunda Rihanna na Karrueche rungana

Mu gihe hari hashize iminsi micye avuze ko yatandukanye na Karrueche Tran kugira ngo amurinde kubabazwa n'umubano udasanzwe asigaye afitanye na Rihanna, Chris Brown yashyize ahagaragara video agaragaramo yisobanura kuri iki cyemezo yari yafashe avuga ko izi nkumi zombi, Karrueche na Rihanna, azikunda ku buryo bungana. Muri iyo video, Chris Brown yasobanuye ko nta n'umwe […]

Ama G The Black arwaye bikomeye
3 Ukw 2012Amakuru
Ama G The Black arwaye bikomeye

Amakuru dukesha nyina wa Ama G The Black, Bankundiye Safina avuga ko umuhungu we amaranye igihe kitari gito uburwayi bumufata umutwe ukamurya cyane n’amatwi bigatuma yumva adashaka kumva ikintu icyo ari cyo cyose kimusakuriza. Bankundiye yabwiye IGIHE ati “Ama G afite ndwara imufata akamera nk’umusazi agahungabana ku buryo tuvanye kwa muganga.” Kuri uyu wa gatatu […]

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram