SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Hamenya John Robert
Latest from Hamenya John Robert
Nyamitari yakomeje mu irushanwa rya TPF6
10 Ugu 2013Amakuru
Nyamitari yakomeje mu irushanwa rya TPF6

{Kuri uyu wa Gatandatu tariki 9 Ugushyingo 2013, mu marushanwa ya TPF6 ari kubera muri Kenya hatangajwe ko abahanzi Patrick Nyamitari w’u Rwanda, Sitenda wa Uganda na Nyambura wa Kenya bakomeza.} Kuri uyu mugoroba, uwitwa Bior wo muri Sudani y’Amajyepfo we yahise asezererwa. Aba bakaba ari abahanzi bari bari ku rutonde rw'abagombaga kuvamo umwe usezererwa […]

“SIFA Awards” amarushanwa agiye guhemba Amakorali y’indashyikirwa muri ADEPR
8 Ugu 2013Gospel
“SIFA Awards” amarushanwa agiye guhemba Amakorali y’indashyikirwa muri ADEPR

{Umuryango Isange Corporation uravuga ko watangije amarushanwa wise SIFA Awards ku rwego rw’igihugu agamije guhemba amakorali atandukanye abarizwa mu itorero rya ADEPR.} Aya marushanwa ngo arimo ibyiciro bigera kuri 26 ngo bakaba bateganya ko amakorali azaba ahatana atazarenga 70 aturuka hirya no hino mu gihugu. Ntigurirwa Piter, umuyobozi wa Isange avuga ko kuri ubu bahereye […]

Kamichi  ari kurangizanya indirimbo na Kidum muri Kenya
6 Ugu 2013Amakuru
Kamichi ari kurangizanya indirimbo na Kidum muri Kenya

{“Gatima Kanjye” ni indirimbo nshya umuhanzi Kamichi yahimbanye na Kidum Kibido, iyi ndirimbo ikaba yatumye ajya muri Kenya; aho bari kuyirangiriza muri Studio ya Producer R Kay.} Abinyujije ku rubuga rwa Instagram, Kamichi yerekenye ifoto yicaye muri iyi studio ari kwandika amwe mu magambo agomba kuzumvikana muri iyi ndirimbo "Gatima Kanjye". Yanditse ati “Ubu Nairobi… […]

“She Doesn’t Know”, indirimbo nshya ya Alpha ivuga ku rukundo rwa Online
6 Ugu 2013Amakuru
“She Doesn’t Know”, indirimbo nshya ya Alpha ivuga ku rukundo rwa Online

{Umuhanzi nyarwanda Alpha Rwirangira uri muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “She Doesn’t Know”, indirimbo avugamo urukundo rw’ubu rwateye rw’abakundana binyuze kuri internet no kuri telefone ariko batarahura.} Aganira na IGIHE Rwirangira, wegukanye umwanya wa mbere mu marushanwa ya Tusker project Fame 3, yavuze ko iyi ndirimbo iri mu […]

Itorero Inyamibwa ryaserukiye u Rwanda mu iserukiramuco muri Kenya
4 Ugu 2013Ibirori
Itorero Inyamibwa ryaserukiye u Rwanda mu iserukiramuco muri Kenya

{Itorero Inyamibwa ryo mu cyahoze cyitwa Kaminuza Nkuru y’u Rwanda ryitabiriye icyumweru cy’iserukiramuco ryo muri Kaminuza yo muri Kenya yitwa Kenyatta University (KU Culture Week Festival 2013).} Iri torero ryagiye rihagarariye za Kaminuza zo mu Rwanda, ryahagurutse i Kigali kuwa 2 Ugushyingo ryerekeza mu mujyi wa Nairobi, muri Kenyatta University. Iri serukiramuco ribaye ku nshuro […]

“Ndagutegereje”, indirimbo nshya ya King James
3 Ugu 2013Amakuru
“Ndagutegereje”, indirimbo nshya ya King James

{Umuhanzi King James yashyize hanze indirimbo nshya yise “Ndagutegereje” iri mu njyana yihuta amenyereweho ya Pop/RnB.} Muri iyi ndirimbo King James, w'imyaka 23, aririmba amagambo y’urukundo avuga ko akumbuye umukunzi we, ati “Ndumva mfite amashyushyu yo kukubona, kuko urukumbuzi mfite njye ndumva rudasanzwe.” Akongera ati "Sinjye uri burote nkubonye ndagukumbuye, banguka ungwemo ndagutegereje cyane." Iyi […]

Igitaramo cya Big Fizzo n’Itsinda ry’Abarundi cyitabiriwe cyane
2 Ugu 2013Ibirori
Igitaramo cya Big Fizzo n’Itsinda ry’Abarundi cyitabiriwe cyane

{Ntibyari bimenyerewe ko kuri Sports View Hotel hakubita hakuzura nk’uko byagenze kuri uyu wa Gatanu tariki ya 1 Ugushyingo mu gitaramo cyateguwe n’itsinda ry’Abarundi barimo icyamamare Big Fizzo n’itorero ry’ababyinnyi n’abavuzi b’ingoma bazwi ku izina ry’Abagumyabanga.} Aba bantu bari bitabiriye, bagaragaje kuryoherwa n’imbyino z’iri torero ry’Abagumyabanga ndetse banishimana n’abahanzi banyuranye bari baturutse i Burundi. Benshi […]

Chris Brown yafunguwe, basanze ibyaha aregwa bitamuhama
29 Ukw 2013Hanze
Chris Brown yafunguwe, basanze ibyaha aregwa bitamuhama

{Umuhanzi Chris Brown, washinjwaga gukubita no gukomeretsa, yarekuwe kuri uyu wa Mbere kuko urukiko rwasanze nta cyaha gikomeye kimuhama, nk'uko yabiregwaga, ahubwo ko ibyabaye ari amakosa yoroheje.} Chris Brown ariko yasabwe kutagera muri metero 100 yegera uwamureze ko yari yamukubise ku Cyumweru, ubwo yari muri hoteli y’inyenyeri eshanu, i Washington, D.C. Ntihemejwe niba Chris Brown, […]

Kina Music yasubiranyemo na Makanyaga indi ndirimbo ye
27 Ukw 2013Imyidagaduro
Kina Music yasubiranyemo na Makanyaga indi ndirimbo ye

{Bamaze kubona ko indirimbo "Rubanda" yakunzwe cyane ikanabagarurira abafana benshi, abahanzi bagize Kina Music bahisemo kongera gusaba umusaza Makanyaga gusubiranamo indi ndirimbo ye ubu bakaba bafashe iyitwa “Nshatse Inshuti” nayo yamenyekanye cyane.} Aba bahanzi bagize itsinda Kina Music ni Knowless, Christopher, Dream Boyz na Tom Close. Clement Ishimwe, umuyobozi wa Kina Music, ari nawe utunga […]

KFM yahuje abafana, abanyamakuru n’abahanzi mu gitaramo cy’akataraboneka
26 Ukw 2013Ibirori
KFM yahuje abafana, abanyamakuru n’abahanzi mu gitaramo cy'akataraboneka

{Byari ibyishimo n’akanyamuneza ku bafana benshi bari bitabiriye igitaramo cyitwa “K Unplugged” cyahuje abanyamakuru ba Radio KFM, abahanzi bakorana bya hafi na hafi nayo n’abakunzi b’umuziki nyarwanda. Iki gitaramo cyabereye i Gikondo ahasanzwe habera imurikagurisha.} N’ubwo kititabiriwe cyane nk’uko byari byitezwe, iki gitaramo cyari kinogeye ijisho. Cyagaragayemo abahanzi bakomeye mu Rwanda kandi bakunzwe cyane barimo […]

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram