SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Izuba Rirashe

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Izuba Rirashe
Umwe muri 11 bitandukanije na FDLR yavuye i Goma agera Kinshasa n’amaguru
18 Ukw 2015U Rwanda
Umwe muri 11 bitandukanije na FDLR yavuye i Goma agera Kinshasa n’amaguru

“Ubwo nabonaga bagenzi banjye bataha numvaga ko nanjye bigomba kumbaho, Rwarakabije ataha nanjye nahise niyumvisha ko nagombye gutaha ariko hakabura ikintu kimpa imbaraga ngo ibyo napanze mbishyire mu bikorwa.” Kuri uyu wa Gatanu nibwo Umuryango Mpuzamahanga wita ku Mpunzi ((HCR) washyikirije ubuyobozi bw’Umurenge wa Gisenyi abitandukanije na FDLR bagera kuri 11. Muri aba bagabo, umugore […]

Bugesera: Umukobwa na nyina batunzwe n’uburaya ndetse bavuga ko badateze kubureka
14 Ukw 2015Kubaho
Bugesera: Umukobwa na nyina batunzwe n’uburaya ndetse bavuga ko badateze kubureka

Kuryamana n’abagabo bakabimwishyurira amafaranga bumvikanye, ni ko kazi gatunze Uzamukunda Clementine, umugore w’imyaka 47, utuye mu Karere ka Bugesera.

Guhunga u Burundi ntibibuza abo mu nkambi y’i Mahama gushakana no guhanga
12 Ukw 2015U Rwanda
Guhunga u Burundi ntibibuza abo mu nkambi y’i Mahama gushakana no guhanga

Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi y’i Mahama mu Karere ka Kirehe ziyibagiza ibihe bikomeye zirimo zigashinga ingo nshya ndetse n’abazi guhanga udushya ntibatanzwe.

Umugeni yatawe muri yombi akekwaho kwica umwana w’imyaka ine
9 Nya 2015U Rwanda
Umugeni yatawe muri yombi akekwaho kwica umwana w’imyaka ine

Ishami rya Polisi rikorera mu Karere ka Gatsibo rifunze umugabo umaze iminsi itatu ashinze urugo, ukurikiranweho kwica umwana w’imyaka ine.

Umusore Nyampinga Kundwa yifuza gukundana nawe ibyo akwiye kuba yujuje
5 Nya 2015Urukundo
Umusore Nyampinga Kundwa yifuza gukundana nawe ibyo akwiye kuba yujuje

Umwali wambaye ikamba ry’uhiga abandi uburanga mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2015 nta musore bakundana agira.

Abanyarwanda babiri bashimuswe na Leta y’u Burundi
24 Kam 2015Muri Afurika
Abanyarwanda babiri bashimuswe na Leta y’u Burundi

Aba banyarwanda bashimiswe tariki ya 22 Kamena 2015 ubwo bari mu kazi. Aba barimo uwitwa Joseph Mbonyicuti na Aimé Nkundabatware, bakoreraga Ikigo cy’Abadage gishinzwe amashyamba cyitwa Wankara Ltd gifite icyicaro i Gacuriro mu Mujyi wa Kigali.

Ubuyobozi ntibuvuga rumwe n’abaturage ku masambu bivugwa ko yanyazwe
21 Kam 2015U Rwanda
Ubuyobozi ntibuvuga rumwe n’abaturage ku masambu bivugwa ko yanyazwe

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Huye barahamya ko banyazwe amasambu bakanashinja ubuyobozi kunanirwa kugaragaza ukuri no gukemura ikibazo bavuga ko cyakuruwe na bwo.

Kaminuza y’u Rwanda irasaba ubwigenge busesuye
8 Kam 2015U Rwanda
Kaminuza y’u Rwanda irasaba ubwigenge busesuye

{Kaminuza y’u Rwanda yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda gusuzuma ishingiro ry’umushinga w’itegeko rihindura kandi ryuzuza itegeko rishyiraho iyi kaminuza rikanagena ububasha, imiterere n’imikorere yayo, ikabona ubwigenge busesuye.}

Batangiye guhangayikishwa n’imirambo imanuka mu Kanyaru
5 Kam 2015U Rwanda
Batangiye guhangayikishwa n’imirambo imanuka mu Kanyaru

{Bamwe mu baturage batuye hafi y’ahahoze ikiraro cya Rwabusoro cyahuzaga Akarere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo ndetse n’Akarere ka Bugesera mu Ntara y’ Iburasirazuba, baratangaza ko batangiye guhangayikishwa n’imirambo imanuka mu Kanyaru ndetse bamwe bagakeka ko yaba ituruka mu Burundi.}

Nyanza: Barwaniye ku kiriyo bapfa imitungo ya nyakwigendera
12 Gic 2015U Rwanda
Nyanza: Barwaniye ku kiriyo bapfa imitungo ya nyakwigendera

Mu rugo rwa nyakwigendera Twagirayezu Michel uzwi ku izina rya Ragadi, habereye imirwano yahuje abo mu muryango we, ubwo basozaga ikiriyo cya Nyakwigendera.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram