Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.
“Ubwo nabonaga bagenzi banjye bataha numvaga ko nanjye bigomba kumbaho, Rwarakabije ataha nanjye nahise niyumvisha ko nagombye gutaha ariko hakabura ikintu kimpa imbaraga ngo ibyo napanze mbishyire mu bikorwa.” Kuri uyu wa Gatanu nibwo Umuryango Mpuzamahanga wita ku Mpunzi ((HCR) washyikirije ubuyobozi bw’Umurenge wa Gisenyi abitandukanije na FDLR bagera kuri 11. Muri aba bagabo, umugore […]
Kuryamana n’abagabo bakabimwishyurira amafaranga bumvikanye, ni ko kazi gatunze Uzamukunda Clementine, umugore w’imyaka 47, utuye mu Karere ka Bugesera.
Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi y’i Mahama mu Karere ka Kirehe ziyibagiza ibihe bikomeye zirimo zigashinga ingo nshya ndetse n’abazi guhanga udushya ntibatanzwe.
Ishami rya Polisi rikorera mu Karere ka Gatsibo rifunze umugabo umaze iminsi itatu ashinze urugo, ukurikiranweho kwica umwana w’imyaka ine.
Umwali wambaye ikamba ry’uhiga abandi uburanga mu Rwanda muri uyu mwaka wa 2015 nta musore bakundana agira.
Aba banyarwanda bashimiswe tariki ya 22 Kamena 2015 ubwo bari mu kazi. Aba barimo uwitwa Joseph Mbonyicuti na Aimé Nkundabatware, bakoreraga Ikigo cy’Abadage gishinzwe amashyamba cyitwa Wankara Ltd gifite icyicaro i Gacuriro mu Mujyi wa Kigali.
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Huye barahamya ko banyazwe amasambu bakanashinja ubuyobozi kunanirwa kugaragaza ukuri no gukemura ikibazo bavuga ko cyakuruwe na bwo.
{Kaminuza y’u Rwanda yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda gusuzuma ishingiro ry’umushinga w’itegeko rihindura kandi ryuzuza itegeko rishyiraho iyi kaminuza rikanagena ububasha, imiterere n’imikorere yayo, ikabona ubwigenge busesuye.}
{Bamwe mu baturage batuye hafi y’ahahoze ikiraro cya Rwabusoro cyahuzaga Akarere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo ndetse n’Akarere ka Bugesera mu Ntara y’ Iburasirazuba, baratangaza ko batangiye guhangayikishwa n’imirambo imanuka mu Kanyaru ndetse bamwe bagakeka ko yaba ituruka mu Burundi.}
Mu rugo rwa nyakwigendera Twagirayezu Michel uzwi ku izina rya Ragadi, habereye imirwano yahuje abo mu muryango we, ubwo basozaga ikiriyo cya Nyakwigendera.