Ababiligi beretswe ukutavogerwa k’u Rwanda, rwakira UCI: Amafoto y'ibitazibagirana ku mwaka wa 2025
Hashize amasaha make Abanyarwanda binjiye mu mwaka mushya wa 2026, gusa urwibutso ruracyari rwose ku byaranze umwaka ushize, cyane ko wabayemo byinshi byiza ku gihugu, nubwo hatabuze ibyivanga.