SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Zigiranyirazo Bajecteur
Latest from Zigiranyirazo Bajecteur
BK, Numa Logistics na Kabisa mu bufatanye buteza imbere ubwikorezi butangiza
14 Kam 2026Amakuru
BK, Numa Logistics na Kabisa mu bufatanye buteza imbere ubwikorezi butangiza

Banki ya Kigali, Numa Logistics na Kabisa byinjiye mu bufatanye bugamije gushyigikira gahunda y’igihugu yo guteza imbere ubwikorezi butangiza ikirere.

Amafoto yaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame mu Bufaransa
3 Kam 2026Amafoto
Amafoto yaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame mu Bufaransa

Kuri uyu wa 2 Kamena 2026, Perezida Paul Kagame na Madamu Jeanette Kagame bari i Paris mu Bufaransa aho bari bitabiriye igikorwa cyo gufungura ku mugaragaro urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni urwibutso rwahawe izina rya "Les Archives."

Amahirwe y’ishoramari aboneka muri Kigali mu rwego rw’ubukerarugendo
23 Gic 2026Ubukerarugendo
Amahirwe y'ishoramari aboneka muri Kigali mu rwego rw'ubukerarugendo

Kigali ikomeje kuba umwe mu mijyi iri gutera imbere by'umwihariko mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, aho ibikorwaremezo bikomeje kubakwa, umutekano, isuku n’imiyoborere myiza bikarushaho gukura ari na ko abashoramari banyuranye batakizuyaza kuhashora agatubutse.

Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Botswana mu mafoto 125
8 Gic 2026New section
Ibyaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame muri Botswana mu mafoto 125

Perezida Paul Kagame aherutse kugirira uruzinduko muri Botswana, rwatangiye ku wa 6 rusozwa ku wa 7 Gicurasi 2027.

Uko Ishingwa Rya RTLM Ryashimangiriwe Na Habyarimana Mu Urugwiro
8 Mat 2026Mu Mateka
Uko Ishingwa Rya RTLM Ryashimangiriwe Na Habyarimana Mu Urugwiro

Ku wa 7 Mata 2026, mu ijambo yagejeje ku bitabiriye umuhango wo gutangiza igikorwa cyo Kwibuka ku Nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, yagarutse ku kuntu ishyaka ryabahezanguni mu ngengabitekerezo ya Jenoside rya CDR (Coalition pour la défense de la République), ryashingiwe mu biro bya Perezida Habyarimana ku wa 22 Gashyantare 1992.

Ibyaranze inama Abayobozi b’Inzego Nkuru za Leta n’iz’ibanze basasiyemo inzobe (Amafoto & Video)
24 Wer 2026New section
Ibyaranze inama Abayobozi b’Inzego Nkuru za Leta n’iz’ibanze basasiyemo inzobe (Amafoto & Video)

Ku wa 23 Werurwe, Inama Nyunguranabitekerezo y’Abayobozi b’Inzego Nkuru za Leta n’Inzego z’Ibanze yateraniye mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare i Gako bagamije kureba uko gushyira Umunyarwanda ku isonga byava mu magambo bikajya mu ngiro. Igenamigambi ritanoze na serivisi mbi byihariye umwanya munini muri ibi biganiro.

Amategeko agenga abashakanye, ubwiyongere bwa gatanya n’ihohoterwa: Ikiganiro na Me Nyembo
1 Wer 2026Abantu
Amategeko agenga abashakanye, ubwiyongere bwa gatanya n’ihohoterwa: Ikiganiro na Me Nyembo

Raporo y’Urwego rw’Ubucamanza mu Rwanda yerekanye ko mu mwaka wa 2024/2025 haburanishijwe imanza 2.674 z’abashakanye basaba gutandukana, zivuye ku manza 2.833 mu mwaka wari wabanje. Kwiyongera k’umubare w’abaka gatanya ni ikibazo gikomeye ku gihugu kubera ko imibereho myiza y’imiryango ari yo igena ahazaza hacyo.

Ababiligi beretswe ukutavogerwa k’u Rwanda, rwakira UCI: Amafoto y’ibitazibagirana ku mwaka wa 2025
1 Mut 2026New section
Ababiligi beretswe ukutavogerwa k’u Rwanda, rwakira UCI: Amafoto y'ibitazibagirana ku mwaka wa 2025

Hashize amasaha make Abanyarwanda binjiye mu mwaka mushya wa 2026, gusa urwibutso ruracyari rwose ku byaranze umwaka ushize, cyane ko wabayemo byinshi byiza ku gihugu, nubwo hatabuze ibyivanga.

Amafoto yaranze ibirori Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriyemo ab’ingeri zose hasozwa 2025
31 Uku 2025New section
Amafoto yaranze ibirori Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriyemo ab’ingeri zose hasozwa 2025

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zinyuranye hishimirwa ibyo u Rwanda rwagezeho, mu birori bisoza umwaka wa 2025 byabaye ku mugoroba wo ku wa 29 Ukuboza.

Akazi ka Perezida Kagame hanze y’u Rwanda mu 2025
31 Uku 2025New section
Akazi ka Perezida Kagame hanze y'u Rwanda mu 2025

Umwaka wa 2025 waranzwe n’akazi kenshi ku ruhande rwa Perezida Paul Kagame nk’uko bisanzwe, aho yakoze ingendo zitandukanye hirya no hino ku Isi mu rwego rwo gushakira igihugu amaboko no kurushaho gutsura umubano w’u Rwanda n’ibindi bihugu.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram