SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Rayon Sports yaguze Antonio watsinze ibitego byinshi muri Bénin
23 Kam 2026Football
Rayon Sports yaguze Antonio watsinze ibitego byinshi muri Bénin

Rayon Sports yaguze rutahizamu Antonio Atisso Kodjo ukomoka muri Togo, akaba ari na we wabaye umukinnyi watsinze ibitego byinshi muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Bénin.

Bwa mbere umukino wahagaze amasaha abiri mu Gikombe cy’Isi
23 Kam 2026Football
Bwa mbere umukino wahagaze amasaha abiri mu Gikombe cy’Isi

Ubwo u Bufaransa bwakinaga na Iraq mu mukino wa kabiri mu itsinda ry’Igikombe I cy’Isi cya 2026, abakinnyi bamaze amasaha abiri n’iminota 10 mu karuhuko, kubera imvura n’inkuba nyinshi. Ibi ni ubwa mbere bibayeho mu mateka y’iri rushanwa.

Ubuhanga bw’umukecuru w’imyaka 65 wazonze benshi mu kubuguza (Video)
23 Kam 2026Imikino
Ubuhanga bw’umukecuru w’imyaka 65 wazonze benshi mu kubuguza (Video)

Mukandekezi Rozarie w’imyaka 65 utuye mu Karere ka Kamonyi, ni umwe mu bakinnyi beza bazi kubuguza ku rwego rw’igihugu, gusa muri uyu mwaka wa 2026 ntiyahiriwe n’irushanwa ry’Umurenge Kagame Cup 2026.

#WC2026: Umupfumu wo muri Ghana yahize guteza  Harry Kane imvune
22 Kam 2026Football
#WC2026: Umupfumu wo muri Ghana yahize guteza Harry Kane imvune

Umupfumu wo muri Ghana witwa Nana Akwaku Bonsam, yatangaje ko yakoze imigenzo izatuma rutahizamu w’u Bwongereza, Harry Kane, agira imvune itazamwemerera kwitwara neza mu mukino w’Igikombe cy’Isi uzahuza Ghana n’u Bwongereza.

#WC2026: Iran yasize urwandiko rw’ubutumwa bw’amahoro muri Amerika
22 Kam 2026Football
#WC2026: Iran yasize urwandiko rw’ubutumwa bw’amahoro muri Amerika

Nyuma y’umukino wa kabiri wo mu itsinda Ikipe y’Igihugu ya Iran yanganyijemo n’u Bubiligi, yasize ubutumwa bwandikishije ikaramu mu rwambariro yarimo busaba ko “amahoro n’icyubahiro byahabwa amakipe yose”.

Lionel Messi yashyizeho agahigo gashya ko gutsinda ibitego byinshi mu Gikombe cy’Isi
22 Kam 2026Football
Lionel Messi yashyizeho agahigo gashya ko gutsinda ibitego byinshi mu Gikombe cy’Isi

Lionel Messi yabaye umukinnyi watsinze ibitego byinshi mu mateka y’Igikombe cy’Isi, nyuma yo gufasha Argentine gutsinda Autriche ibitego 2-0 no kubona itike ya 1/16 mu irushanwa ry’uyu mwaka.

Hugo Tricárico yagizwe umutoza w’abanyezamu ba Rayon Sports
22 Kam 2026Football
Hugo Tricárico yagizwe umutoza w'abanyezamu ba Rayon Sports

Ikipe ya Rayon Sports yemeje ko yahaye akazi Umufaransa, Hugo Tricárico, kugira ngo ayibere umutoza w’abanyezamu, afatanya na Ndayishimiye Eric ‘Bakame’.

Kamonyi: Sugira Ernest yafashije Olympic FC kwegukana irushanwa ryo kwibuka
22 Kam 2026Imikino
Kamonyi: Sugira Ernest yafashije Olympic FC kwegukana irushanwa ryo kwibuka

Uwahoze ari rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Sugira Ernest, yafashije Ikipe ya Olympic FC kwegukana irushanwa ryo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi, ryasojwe mu Karere ka Kamonyi mu mpera z’icyumweru twasoje.

APR FC yatandukanye na Ruboneka Bosco na Mugisha Gilbert
22 Kam 2026Football
APR FC yatandukanye na Ruboneka Bosco na Mugisha Gilbert

Ikipe ya APR FC yatandukanye na Ruboneka Bosco wananiwe kumvikana na yo ku masezerano mashya, inatandukana na Mugisha Gilbert kuko itari ikimufite muri gahunda zayo.

Ntore Habimana na Axel Mpoyo bahagaritswe umwaka mu bikorwa bya Basketball
22 Kam 2026Basketball
Ntore Habimana na Axel Mpoyo bahagaritswe umwaka mu bikorwa bya Basketball

Ntore Habimana na Axel Olenga Mpoyo bahamagawe mu Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ya Basketball bakanga kwitabira ubutumire, bahagaritswe umwaka wose mu bikorwa bya Basketball mu Rwanda.

Kuri Kigali Pelé Stadium hagiye gushyirwa umuhanda wo gukoreramo siporo
22 Kam 2026Imikino
Kuri Kigali Pelé Stadium hagiye gushyirwa umuhanda wo gukoreramo siporo

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yavuze ko iruhande rwa Kigali Pelé Stadium hagiye gushyirwa inzira yihariye y’abakora siporo yo kwiruka no kugenda n’amaguru.

Rayon Sports igiye gutandukana na Bakame na Lomami
22 Kam 2026Football
Rayon Sports igiye gutandukana na Bakame na Lomami

Rayon Sports igiye gutandukana na Lomami Marcel wari Umutoza wa Mbere Wungirije, ndetse Ndayishimiye Eric ‘Bakame’ watozaga abanyezamu, ajyanwe mu ikipe y’abato.

Abana b’Abanyarwanda bagiye kungukira mu mushinga ushyigikiwe n’ikipe ya Benfica
22 Kam 2026Football
Abana b’Abanyarwanda bagiye kungukira mu mushinga ushyigikiwe n’ikipe ya Benfica

Abana b’Abanyarwanda bafite impano yo gukina umupira w’amaguru bagiye kubona amahirwe abageza ku rwego mpuzamahanga, nyuma y’uko ishuri ry’umupira w’amaguru rya Tony Football Excellence Program ryinjiye mu bufatanye n’amakipe akomeye ya Benfica yo muri Portugal na Hapoel Hadera yo muri Israel.

Davite Giancarlo yegukanye ‘GMT Sprint Musha Rally 2026’ (Amafoto)
22 Kam 2026Imikino
Davite Giancarlo yegukanye 'GMT Sprint Musha Rally 2026' (Amafoto)

Davite Giancarlo, ufatanya na Davite Matteo, yegukanye irushanwa rya GMT Sprint Musha Rally riri ku ngengabihe ya Shampiyona y’Igihugu yo Gusiganwa mu Modoka, ryabereye i Rwamagana mu mpera z’icyumweru gishize.

#WC2026: Misiri yakoze ibyayinaniye kuva mu 1934, Cap-Vert yandika amateka
22 Kam 2026Football
#WC2026: Misiri yakoze ibyayinaniye kuva mu 1934, Cap-Vert yandika amateka

Ikipe y’Igihugu ya Cap-Vert yongeye gutungurana mu Gikombe cy’Isi inganya na Uruguay ibitego 2-2, inandika amateka yo kuba ikipe itsinze igitego cyayo cya mbere mu Gikombe cy’Isi kuri coup-franc, naho Misiri ibona amanota atatu bwa mbere kuva mu 1934.

Irushanwa rya  Umurenge Kagame Cup 2026 ryitabiriwe n’abarenga miliyoni eshatu (Amafoto na Video)
21 Kam 2026Imikino
Irushanwa rya Umurenge Kagame Cup 2026 ryitabiriwe n’abarenga miliyoni eshatu (Amafoto na Video)

Umujyi wa Kigali wihariye ibihembo mu irushanwa ry’Umurenge Kagame Cup 2026 ryakinwaga ku nshuro ya 20 rikitabirwa n'abaturage barenga miliyoni eshatu.

Lamine Yamal na Mikel Oyarzabal bandikiye amateka mu Gikombe cy’Isi
21 Kam 2026Football
Lamine Yamal na Mikel Oyarzabal bandikiye amateka mu Gikombe cy’Isi

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu Espagne, Lamine Yamal, yakinnye umukino we wa mbere abanje mu kibuga mu Gikombe cy’Isi, ahita aba umukinnyi w’imyaka 18 cyangwa munsi yayo winjije igitego muri iri rushanwa, inyuma ya Pelé mu 1958.

U Rwanda rwifatanyije n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga Olempike
21 Kam 2026Imikino
U Rwanda rwifatanyije n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga Olempike

Buri tariki ya 23 Kamena, Isi yose yizihiza Umunsi Mpuzamanga Olempike “Olympic Day”.

Basketball: Nate Ament anyotewe kuzakinira u Rwanda
21 Kam 2026Basketball
Basketball: Nate Ament anyotewe kuzakinira u Rwanda

Nate Ament uri mu bakinnyi bahanzwe amaso muri Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaje ko yanezezwa no kuzashimisha Abanyarwanda akinira Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda.

Cricket: Inota rimwe ryatumye u Rwanda rutakaza irushanwa ryo Kwibuka 2026
21 Kam 2026Imikino
Cricket: Inota rimwe ryatumye u Rwanda rutakaza irushanwa ryo Kwibuka 2026

Ikipe y’Igihugu ya Zimbabwe yegukanye irushanwa rya Cricket ryo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, nyuma yo gutsinda iy’u Rwanda ku mukino wa nyuma, mu gihe Ishimwe Henriette ari we wabaye umukinnyi mwiza w’irushanwa.

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram