SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Claude
Izanditswe na Claude
Icyumweru cyahariwe guteza imbere umuco wo gusoma kuva tariki ya 16 kugeza tariki ya 20 Gashyantare 2015
25 Gas 2015Amakuru
Icyumweru cyahariwe guteza imbere umuco wo gusoma kuva tariki ya 16 kugeza tariki ya 20 Gashyantare 2015

{Icyumweru cyahariwe gusoma cyaranzwe no kumurika ibitabo bitandukanye; iby’amateka, ubumenyi bw’Isi, siyansi n’indimi, hakazabaho n’amarushanwa y’abana mu gusoma, bakazanahugurwa mu buryo bwo kumenya gusoma neza no kwandika.}

Kayonza: Yasanzwe mu nzu yarishwe anigishijwe umugozi
24 Gas 2015U Rwanda
Kayonza: Yasanzwe mu nzu yarishwe anigishijwe umugozi

{Umurisa Hadidja uri mukigero cy’imyaka 30 y’amavuko yasanzwe munzu yaramazemo hafi icyumweru yarapfuye, bigaragara ko yanigishijwe umugozi.}

Polisi y’u Rwanda yinjiye muri Uganda kugenzura aho Kanyaga zikorerwa
15 Gas 2015U Rwanda
Polisi y’u Rwanda yinjiye muri Uganda kugenzura aho Kanyaga zikorerwa

Polisi y’u Rwanda n’iya Uganda byafatanyije umukwabu wo kujya kugenzura aho Kanyanga zikorerwa kuko zivugwaho kwangiza ubuzima n’imibereho myiza y’abaturage b’ibihugu byombi, iki gikorwa kikaba cyakozwe mu rwego rwo gukomeza guhuza imbaraga mu kurwanya ibiyobyabwenge.

Visi Perezida wa Sena yasabye ko ruswa yaranduranwa imizi
15 Gas 2015U Rwanda
Visi Perezida wa Sena yasabye ko ruswa yaranduranwa imizi

{Gakuba Jeanne d’Arc, Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda yasabye Abanyamuryango b’Ihuriro ry’abagize Inteko Ishinga Amategeko baharanira kurwanya ruswa (APNAC) gukora ibishoboka byose u Rwanda rugakomeza u Rwanda rugakomeza umuhigo rufite wo gukumira ruswa muri Afurika y’Uburasirazuba.} Ubu butumwa Sen Gakuba yabugeneye izi ntumwa za rubanda mu mwiherero w’iminsi ibiri i Musanze, basuzuma uburyo inshingano […]

Igiciro cya internet inyaruka ya 4G cyagabanuweho hafi 70%
15 Gas 2015Ubucuruzi
Igiciro cya internet inyaruka ya 4G cyagabanuweho hafi 70%

{Abanyarwanda benshi n’ibigo biciriritse bashyizwe igorora ku bakoresha internet, igiciro cy’inyaruka 4G LTE cyahantantuweho hafi 70 %. } Ikigo gitanga internet ISPA n’ikiyicuruza Olleh Rwanda Networks (ORN) byatangaje muri iki cyumweru dusoje ko internet ya 4G LTE yatangijwe umwaka ushize ariko ugasanga abayitabiriye ari bake kubera igiciro kiri hejuru, ibyo bikaba bigiye guhinduka. Peter Maridadi […]

Abadepite b’u Budage bageze mu Rwanda gusura ibikorwa batera inkunga
15 Gas 2015U Rwanda
Abadepite b’u Budage bageze mu Rwanda gusura ibikorwa batera inkunga

{Intumwa z'Inteko Ishinga Amategeko y'u Budage zishinzwe Akarere k’Afurika y'Uburasirazuba zatangiye uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda, mu kureba intambwe u Rwanda rugezeho mu bikorwa bitandukanye, by’umwihariko ibyo igihugu cyabo giteramo inkunga.}

Dr Iyamuremye, uwa mbere uyoboye Urwego Ngishwanama rw’Inararibonye mu Rwanda
15 Gas 2015U Rwanda
Dr Iyamuremye, uwa mbere uyoboye Urwego Ngishwanama rw’Inararibonye mu Rwanda

Dr. Augustin Iyamuremye yahawe kuyobora Urwego rw’Igihugu Ngishwanama rw’Inararibonye/Rwanda Elders Advisory Council, aba uwa mbere ugiye kuyobora urwego rushinzwe kugira inama Guverinoma rwashyizweho mu mwaka wa 2013.

Itorero ryuzuza ubumenyi butangirwa mu ishuri- Minisitiri w’Intebe
15 Gas 2015U Rwanda
Itorero ryuzuza ubumenyi butangirwa mu ishuri- Minisitiri w’Intebe

Nkumba ku wa Gatandatu tariki 14 Gashyantare 2015:

RDC yasabye u Rwanda ko inama ya CEPGL yabera i Rubavu
15 Gas 2015U Rwanda
RDC yasabye u Rwanda ko inama ya CEPGL yabera i Rubavu

{Guverinoma ya Repubulika Iharania Demokarai ya Congo (RDC) yanditse isaba Leta y’u Rwanda ko Inama y’Umuryango w’Ubukungu w’Ibihugu bigize Akarere k’Ibiyaga Bigari (CEPGL) yabera mu Karere ka Rubavu.}

Abagore 2 bafatanywe cocaine ya miliyoni 700  ku Kibuga cy’Indege cya Kigali
15 Gas 2015U Rwanda
Abagore 2 bafatanywe cocaine ya miliyoni 700 ku Kibuga cy’Indege cya Kigali

{Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abagore babiri bafite ibiyobyabwenge bya Cocaine bifite agaciro ka miliyoni 702 z’amafaranga y’u Rwanda, ibafatira ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali, ku wa 13 Gashyantare 2015.}

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram