SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Evariste Nsengimana

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Evariste Nsengimana
Bugesera: Hagaragajwe imbogamizi mu kwirinda Coronavirus zirimo iz’amazi adahagije
2 Nya 2020U Rwanda
Bugesera: Hagaragajwe imbogamizi mu kwirinda Coronavirus zirimo iz’amazi adahagije

Abaturage bo mu Karere ka Bugesera bavuga ko bafite imbogamizi mu kubahiriza amabwiriza yo kwirinda no gukumira COVID-19 zirimo kuba aho batuye batabona amazi ahagije, abandi bakaba bafite imyumvire ishobora kubongerera ibyago byo kwandura iki cyorezo gihangayikishije u Rwanda n'Isi muri rusange.

Akarere ka Bugesera kamaze kwinjiza miliyoni 11 Frw kaciye abatubahiriza amabwiriza yo kwirinda Coronavirus
2 Nya 2020U Rwanda
Akarere ka Bugesera kamaze kwinjiza miliyoni 11 Frw kaciye abatubahiriza amabwiriza yo kwirinda Coronavirus

Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwatangaje ko bumaze kwinjiza amafaranga arenga miliyoni 11 Frw y'amande yaciwe abantu barenze ku mabwiriza yo kwirinda icyorezo cya COVID-19 barimo abakomeje gucuruza inzoga mu tubari, abacuruzi batateganyije aho abakiliya bakarabira n'abandi.

Ibyo wamenya ku ndwara zo mu mutwe zishobora gutera uzirwaye kureba ibitandukanye n’ibyo abandi babona
29 Gic 2020Ubuzima
Ibyo wamenya ku ndwara zo mu mutwe zishobora gutera uzirwaye kureba ibitandukanye n’ibyo abandi babona

Abahanga mu by’Ubuzima bwo mu mutwe bavuga ko indwara zo mu mutwe ari ukugaragaza impinduka mu myitwarire, imyifatire, imitekerereze bikaba byanagira ingaruka mu bikorwa umuntu yakoraga mu buzima busanzwe cyangwa mu busabane yagiranaga n’abandi.

Abagura itike za Tap&Go basabwe kwifashisha ikoranabuhanga mu kwirinda gukwirakwiza Coronavirus
20 Wer 2020Coronavirus
Abagura itike za Tap&Go basabwe kwifashisha ikoranabuhanga mu kwirinda gukwirakwiza Coronavirus

Ikigo AC Group gifite ikoranabuhanga ryifashishwa mu kwishyura amafaranga y’urugendo hakoreshejwe ikarita izwi nka Tap&Go, cyashishikarije abafatabuguzi bacyo kwifashisha ikoranabuhanga rya Mobile Money cyangwa application ya Tap&Go, mu kuzongeraho amafaranga mu kwirinda icyorezo cya Coronavirus.

Koherezanya ubutumwa bugufi kuri Airtel byagizwe ubuntu mu gukumira Coronavirus
20 Wer 2020Coronavirus
Koherezanya ubutumwa bugufi kuri Airtel byagizwe ubuntu mu gukumira Coronavirus

Sosiyete y’Itumanaho ya Airtel Rwanda yatangaje ko yakuyeho ikiguzi cyo kohererezanya ubutumwa bugufi (sms) hagati y’abafatabuguzi bayo mu gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus.

Airtel Rwanda yatangije ipaki nshya ifasha abafatabuguzi kugurira rimwe internet, SMS n’iminota yo guhamagara
20 Wer 2020Serivisi
Airtel Rwanda yatangije ipaki nshya ifasha abafatabuguzi kugurira rimwe internet, SMS n’iminota yo guhamagara

Sosiyete y’itumanaho ya Airtel Rwanda, yashyize igorora abafatabuguzi bayo itangiza uburyo budasanzwe bubafasha kugura mu buryo bukomatanyije ipaki ya internet, message n’iminota yo guhamagara badahenzwe.

Umuyobozi wa Kenya Airways yemeye gukatwa kimwe cya gatatu cy’umushahara kubera Coronavirus
20 Wer 2020Muri Afurika
Umuyobozi wa Kenya Airways yemeye gukatwa kimwe cya gatatu cy’umushahara kubera Coronavirus

Umuyobozi mukuru wa sosiyete itwara abantu mu ndege, Kenya Airways, Allan Kilavuka, yemeye kugabanyirizwa 35% by’umushahara yahembwaga mu gihe icyorezo cya Coronavirus gikomeje gushegesha ubukungu bw’ikigo ayobora kikaba cyarahagaritse ingendo mu bihugu bimwe na bimwe.

Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde yashyizeho ikiruhuko cy’umunsi wo kurwanya Coronavirus
19 Wer 2020Mu Mahanga
Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde yashyizeho ikiruhuko cy’umunsi wo kurwanya Coronavirus

Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi, yategetse ko abaturage b’iki gihugu bafata umunsi umwe bakirirwa mu bikorwa byo kurwanya icyorezo COVID-19 giterwa na Coronavirus cyugarije Isi muri rusange.

Ibyo wamenya kuri Sentinel y’Amajyaruguru, ikirwa gituwe n’ubwoko bumaze imyaka butavogerwa
19 Wer 2020Utuntu n’Utundi
Ibyo wamenya kuri Sentinel y’Amajyaruguru, ikirwa gituwe n’ubwoko bumaze imyaka butavogerwa

Ubusanzwe umuntu aho ava akagera akunda kwisanzura, agakorera ingendo mu bice bitandukanye by’Isi ariko akagendera kure agace kabamo inyamaswa z’inkazi, ni gake usanga agira ubwoba bwo kujya ahatuwe n’abandi bitewe n’imico bafite.

RDC: Minisitiri w’ubukungu n’undi muyobozi mukuru banduye Coronavirus
19 Wer 2020Muri Afurika
RDC: Minisitiri w’ubukungu n’undi muyobozi mukuru banduye Coronavirus

Minisitiri w’Ubukungu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Acacia Bandubola Mbong, Umuyobozi mukuru wungirije muri iyo Minisiteri n’umugore we bapimwe basanga barwaye icyorezo cya Coronavirus, bahita bashyirwa mu kato hamwe n’umugabo wa Minisitiri.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram