SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Ibambe Jean Paul
Izanditswe na Ibambe Jean Paul
Bob Marley akomeje kongera umutungo n’ibikorwa nyuma y’imyaka 33 atabarutse
25 Nya 2014Hanze
Bob Marley akomeje kongera umutungo n’ibikorwa nyuma y’imyaka 33 atabarutse

{Isosiyete icunga umutungo wa Nyakwigendera Bob Marley wamenyekanye nk'umuhanzi mu njyana ya Reggae, yakunze gushora imari mu bintu bitandukanye harimo ubucuruzi bw’inzoga, ikawa, n’ibindi, ariko kuri ubu ikaba yanongereyeho indangururamajwi (Speakers) zidasanzwe mu byo bifuza gukora no gucuraruza.} Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru Mama Noire, iyi sosiyete yitwa House Of Marley, yamaze kwemeza igikorwa cyo kwagura ubucuruzi […]

K-Ross Kigoma yashinze mu Rwanda inzu itunganya umuziki ‘Super Star Records’
12 Kam 2014Muzika
K-Ross Kigoma yashinze mu Rwanda inzu itunganya umuziki 'Super Star Records'

{Umuhanzi K-Ross Kigoma yashinze inzu yitwa Super Star Records itunganya umuziki i Kigali mu Rwanda.} Kuza gukorera mu Rwanda kwa K-Ross bibaye nyuma yo kugirana ubwumvikane buke n’umuhanzi Ragga Dee wo mu Bugande bari basanzwe bakorana muri studio imwe. K-Ross yabwiye IGIHE ko muri Studio ye, hatangiye gukoreramo Producer Timo, bakaba bazanye gahunda nshya mu […]

Riderman muri Rap y’Igifaransa arihaniza abashaka kumukoma mu nkokora (Video)
10 Kam 2014Amakuru
Riderman muri Rap y’Igifaransa arihaniza abashaka kumukoma mu nkokora (Video)

Riderman yagaragaye aririmba indirimbo nshya iri mu rurimi rw’Igifaransa. Iyi ndirimbo yayiririmbye bwa mbere mu mpera z’icyumweru gishize ubwo yari mu gitaramo cya Comedy Knights yayise Piquant. Riderman yabwiye IGIHE ko muri iyi ndirimbo harimo ubutumwa yageneye abashaka kumuca intege mu muziki. Yagize ati: “Ndirimbamo uburyo hari abantu bashaka kuntura hasi bagasanga ndi urusenda mu […]

Jack B abana n’umukunzi we ku Kamonyi mu ibanga
10 Kam 2014Amakuru
Jack B abana n’umukunzi we ku Kamonyi mu ibanga

{Rugamba Jack uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Jack B nyuma y’ukwezi kumwe atangaje ko yitegura kurushingana n’umukunzi we Dr Juru Gisele bafashe umwanzuro wo kubana batarakora ubukwe.} Ku itariki ya 1 Gicurasi 2014 Jack B yari yatangarije IGIHE ko ageze kure imyiteguro yo gukorana ubukwe n’umukunzi we Dr Juru Gisele gusa ntibyagezweho kuko aba bombi […]

Jennifer Lopez yatandukanye na Casper bari bamaranye imyaka 2 n’igice babana
6 Kam 2014Hanze
Jennifer Lopez yatandukanye na Casper bari bamaranye imyaka 2 n’igice babana

{Jennifer Lopez yatandukanye n’umukunzi we bari bamaranye imyaka igera kuri ibiri n’igice babana nk’uko tubikesha ikinyamakuru TMZ cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.} Iki kinyamakuru cyatangaje ko umuntu wa hafi y’aba bombi, yavuze ko hashize amezi agera kuri abiri batandukanye ariko bahisemo kubigira ibanga rikomeye. Uyu muntu ngo yakomeje atangaza ko batandukanye ku bwumvikane […]

Senderi yishimiye kuririmbira i Nyabihu ubwo bakiraga Perezida Kagame
6 Kam 2014Amakuru
Senderi yishimiye kuririmbira i Nyabihu ubwo bakiraga Perezida Kagame

{Senderi International Hit aratangaza ko yishimiye kongera gutaramira abaturage bo mu Karere ka Nyabihu no mu nkengero zaho, ubwo basurwaga na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame.} Ibi byabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Kamena 2014, ubwo umukuru w’Igihugu yagiriraga uruzinduko mu Karere ka Nyabihu mu murenge wa Rambura. Senderi yabwiye IGIHE ko yishimiye […]

Meddy na The Ben bamaze imyaka 3 baziritse Abanyarwanda ku katsi
5 Kam 2014Amakuru
Meddy na The Ben bamaze imyaka 3 baziritse Abanyarwanda ku katsi

{Ku itariki ya 4 Nyakanga 2010, Meddy na The Ben berekeje muri Amerika kuririmba mu gitaramo cyari cyiswe ‘Urugwiro Conference’. Aba basore bamaze kuririmba bafashe umwanzuro wo kugumayo. Bamaze imyaka itatu babeshya Abanyarwanda ko bagiye kuza ariko amaso yaheze mu kirere.} Aba basore bombi, bavuye mu Rwanda bari ku isonga mu bahanzi bari bakunzwe mu […]

Canada: Hagiye kwerekanwa bwa mbere filime “Goodness in Rwanda” ivuga kuri Jenoside
20 Mat 2014U Rwanda
Canada: Hagiye kwerekanwa bwa mbere filime “Goodness in Rwanda” ivuga kuri Jenoside

{‘Goodness in Rwanda’, ni filime mpamo ku mukino w’ikinamico wateguwe n’abanya-Canada, uvuga ku mahano yabaye mu Rwanda muri Mata 1994. Iyi filime ikazerekanwa bwa mbere muri Canada kuri uyu wa mbere tariki 21 Mata 2014 ahitwa Carlton Cinema mu Mujyi wa Toronto.} Goodness yanditswe na Michael Redhill yari ikinamico yakinwe bwa mbere mu mwaka wa […]

Koffi Olomide yatumiwe muri Uganda kubataramira
20 Mat 2014Hanze
Koffi Olomide yatumiwe muri Uganda kubataramira

{ Kofi Olumide, Umuririmbyi w'icyamamare wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatumiwe kujya gutaramira mu mujyi wa Kampala ku itariki ya 25 Mata 2014 ku butumire bwa Rotary Club mu rwego rwo gukangurira abatuye muri iki gihugu kwitabira igikorwa cyo gufashisha amaraso “Blood Bank.”} Ubu butumire bamwe bavuga ko budasobanutse neza kuko mu gihe […]

Muyoboke Alex yasinyishije Kid Gaju amasezerano yo kuba umujyanama we
19 Mat 2014Amakuru
Muyoboke Alex yasinyishije Kid Gaju amasezerano yo kuba umujyanama we

{Muyoboke Alex bakunze kwita Manager kubera ibikorwa by’ubujyanama ku bahanzi yakunze kugaragaramo, yasinyishije umuririmbyi witwa Kid Gaju.} Aya masezerano yasinywe ku mugoroba wo kuwa 18 Mata 2014, azamara igihe cy’umwaka umwe. Ndetse bikaba byanemejwe na Kid Gaju. Muyoboke Alex yatangarije IGIHE ko basinye amasezerano nyuma y’igihe kinini Kid Gaju amugejejeho iki cyifuzo. Ati: “Ni nyuma […]

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram