SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
KWIZERA Emmanuel

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na KWIZERA Emmanuel
Ifoto y’Umunsi: No mu migano ntibahatinya! Umurava uranga abarinda Pariki y’Ibirunga
29 Mut 2022Amafoto
Ifoto y’Umunsi: No mu migano ntibahatinya! Umurava uranga abarinda Pariki y’Ibirunga

Kurinda Pariki ni umwe mu mirimo isaba ubwitange kuko bisaba kugenzura isaha ku isaha ko nta kibangamira ubuzima bw’inyamaswa buri muri iyo pariki.

ADEPR igiye kwandika igitabo kivuga ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi
16 Gas 2018U Rwanda
ADEPR igiye kwandika igitabo kivuga ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Itorero rya ADEPR mu Rwanda rigiye kwandika igitabo kizibanda ku mateka yariranze mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, igahitana abasaga miliyoni mu gihe cy’amezi atatu.

Gakenke: ADEPR yasannye inzu icumi z’abatishoboye
11 Kan 2015U Rwanda
Gakenke: ADEPR yasannye inzu icumi z'abatishoboye

{ADEPR yakoreye isuku inzu 10 z'abaturage batishoboye bo mu Karere ka Gakenke, isaba buri wese kurangwa n'isuku, akagira uruhare mu kumenya Imana ariko aniyitaho.}

Urubyiruko rwo muri  ADEPR rwashimiye Perezida Kagame rumuha n’intashyo
24 Mut 2015Amadini
Urubyiruko rwo muri ADEPR rwashimiye Perezida Kagame rumuha n'intashyo

{Urubyiruko rwa ADEPR , ruteraniye mu Karere ka Muhanga mu mwiherero w'iminsi itanu, rwashimiye Perezida Kagame Paul nk'inkingi ikomeye igihugu gikesha ibyo kimaze kugeraho, runatanga intashyo rubinyujije kuri Guverineri w'Intara y'Amajyepfo Munyentwali Alphonse wari warusuye.} Muri uwo mwiherero wahereye kuwa Kabiri kuwa 20 kugera kuwa Gatandatu 24 Mutarama 2015, hatanzwemo inyigisho zijyanye n'insanganyamatsiko igira iti […]

Remera: ADEPR yateguye igiterane cyibutsa ibimenyetso byo kugaruka kwa Yesu
17 Kan 2014Ibiterane
Remera: ADEPR yateguye igiterane cyibutsa ibimenyetso byo kugaruka kwa Yesu

{Itorero ADEPR, Paruwasi ya Remera, ryateguye igiterane cy’minsi itandatu cyongera kwibutsa imbaga y’abategereje gutaha ijuru ko Yesu ari bugufi aho hazagarukwa ku bimenyetso byo kugaruka kwe birimbanije.} Iki giterane cy’insanganyamatsiko igira iti “…… Icyimenyetso cyo kuza kwawe n’icy’imperuka y’isi ni ikihe? Matayo 24:3”, kizatangira ku wa Mbere tariki 18 kugeza ku ya 23 Kanama 2014. […]

Mu gitaramo cya Dominic Nic abakererewe babujijwe kwinjira kubera ubwinshi bw’abantu
26 Ugu 2013Gospel
Mu gitaramo cya Dominic Nic abakererewe babujijwe kwinjira kubera ubwinshi bw’abantu

{Kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2013 ku rusengero rwa ADEPR Nyarugenge mu Gakinjiro nibwo igitaramo “Glory to Glory Live Gospel Concert” cyari cyateguwe na Dominic Nic Ashimwe cyabaye kirangira gisize amateka akomeye ku bakunzi b’uyu mukozi w’Imana.} Nubwo imvura yaje kugwa ahagana ku masaha yari ateganijwe ko igitaramo gitangiriraho, ibi ntacyo byahungabanije kuko mbere yuko […]

Numva  nakwitwa umukozi w’Imana kurusha kwitwa umuhanzi – Dominic Nic
24 Ukw 2013Amakuru
Numva nakwitwa umukozi w’Imana kurusha kwitwa umuhanzi – Dominic Nic

{Kubwanjye numva kwitwa umukozi w’Imana aribyo by’ingenzi kandi nkumva mbikunze binyuze cyane kurusha kwitwa umuhanzi.} Ibi ni ibyatangajwe na Dominic Nic ubwo twamusangaga aho yarari mu myimenyerezo (repetition) y’igitaramo ategura mu kwezi gutaha kuri 24 Ugushyingo 2013. Abahanzi benshi iyo bari mu bitaramo bakunze guhamagarwa mu mazina yabo ariko babanje kuvuga ijambo umuhanzi, Dominic Nic […]

Yatuburiwe aziko aguriye Nyirabukwe ibitenge (Amafoto)
7 Kan 2013U Rwanda
Yatuburiwe aziko aguriye Nyirabukwe ibitenge (Amafoto)

Ku wa kabiri tariki ya 6 Kanama 2013, aho bakunze kwita mu mujyi, imbere na Mount Kenya, umugore witwa Umulisa Jeanne d'Arc yahuye n'uruva gusenya, agura ibikarito aziko aguze ibitenge byo guha nyirabukwe. Yaguze ibitenge abona aribyo koko, ariko aza gutungurwa nyuma afunguye agasanga ari ibikarito

Mu Iserukiramuco ry’umuziki rya Kigali Up  byari ibicika
15 Nya 2013Imyidagaduro
Mu Iserukiramuco ry’umuziki rya Kigali Up byari ibicika

{Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki ya 14 i Kigali hasojwe iserukiramuco ry’umuzika ry’iminsi ibiri, aho abahanzi b’ibihangange muri muzika basusurukije abari bitabiriye iki gitaramo.} Bamwe muri aba bahanzi harimo Tony Osanah waturutse muri Brazil, Mighty Popo usanzwe ukorera umuziki we muri Canada, Makanyaga Abdoul umwe mu bahanzi bamaze igihe mu muziki mu Rwanda, […]

Rayon Sports yamaze kwerekeza muri CECAFA
17 Kam 2013Football
Rayon Sports yamaze kwerekeza muri CECAFA

{Ikipe ya Rayon Sports FC yashyize ahagaragara abakinnyi 18 n’abandi 7 bo mu buyobozi bw’ikipe yajyanye nabo muri Sudani ahagiye kubera irushanwa rya CECAFA Kagame Cup.} Rayon Sports, yahagurutse i Kigali mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, yahamagawe mu irushanwa rya CECAFA bitunguranye kuko amwe mu makipe arimo ayo muri Tanzania na Tusker yo muri […]

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram