Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.
Kurinda Pariki ni umwe mu mirimo isaba ubwitange kuko bisaba kugenzura isaha ku isaha ko nta kibangamira ubuzima bw’inyamaswa buri muri iyo pariki.
Itorero rya ADEPR mu Rwanda rigiye kwandika igitabo kizibanda ku mateka yariranze mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, igahitana abasaga miliyoni mu gihe cy’amezi atatu.
{ADEPR yakoreye isuku inzu 10 z'abaturage batishoboye bo mu Karere ka Gakenke, isaba buri wese kurangwa n'isuku, akagira uruhare mu kumenya Imana ariko aniyitaho.}
{Urubyiruko rwa ADEPR , ruteraniye mu Karere ka Muhanga mu mwiherero w'iminsi itanu, rwashimiye Perezida Kagame Paul nk'inkingi ikomeye igihugu gikesha ibyo kimaze kugeraho, runatanga intashyo rubinyujije kuri Guverineri w'Intara y'Amajyepfo Munyentwali Alphonse wari warusuye.} Muri uwo mwiherero wahereye kuwa Kabiri kuwa 20 kugera kuwa Gatandatu 24 Mutarama 2015, hatanzwemo inyigisho zijyanye n'insanganyamatsiko igira iti […]
{Itorero ADEPR, Paruwasi ya Remera, ryateguye igiterane cy’minsi itandatu cyongera kwibutsa imbaga y’abategereje gutaha ijuru ko Yesu ari bugufi aho hazagarukwa ku bimenyetso byo kugaruka kwe birimbanije.} Iki giterane cy’insanganyamatsiko igira iti “…… Icyimenyetso cyo kuza kwawe n’icy’imperuka y’isi ni ikihe? Matayo 24:3”, kizatangira ku wa Mbere tariki 18 kugeza ku ya 23 Kanama 2014. […]
{Kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2013 ku rusengero rwa ADEPR Nyarugenge mu Gakinjiro nibwo igitaramo “Glory to Glory Live Gospel Concert” cyari cyateguwe na Dominic Nic Ashimwe cyabaye kirangira gisize amateka akomeye ku bakunzi b’uyu mukozi w’Imana.} Nubwo imvura yaje kugwa ahagana ku masaha yari ateganijwe ko igitaramo gitangiriraho, ibi ntacyo byahungabanije kuko mbere yuko […]
{Kubwanjye numva kwitwa umukozi w’Imana aribyo by’ingenzi kandi nkumva mbikunze binyuze cyane kurusha kwitwa umuhanzi.} Ibi ni ibyatangajwe na Dominic Nic ubwo twamusangaga aho yarari mu myimenyerezo (repetition) y’igitaramo ategura mu kwezi gutaha kuri 24 Ugushyingo 2013. Abahanzi benshi iyo bari mu bitaramo bakunze guhamagarwa mu mazina yabo ariko babanje kuvuga ijambo umuhanzi, Dominic Nic […]
Ku wa kabiri tariki ya 6 Kanama 2013, aho bakunze kwita mu mujyi, imbere na Mount Kenya, umugore witwa Umulisa Jeanne d'Arc yahuye n'uruva gusenya, agura ibikarito aziko aguze ibitenge byo guha nyirabukwe. Yaguze ibitenge abona aribyo koko, ariko aza gutungurwa nyuma afunguye agasanga ari ibikarito
{Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki ya 14 i Kigali hasojwe iserukiramuco ry’umuzika ry’iminsi ibiri, aho abahanzi b’ibihangange muri muzika basusurukije abari bitabiriye iki gitaramo.} Bamwe muri aba bahanzi harimo Tony Osanah waturutse muri Brazil, Mighty Popo usanzwe ukorera umuziki we muri Canada, Makanyaga Abdoul umwe mu bahanzi bamaze igihe mu muziki mu Rwanda, […]
{Ikipe ya Rayon Sports FC yashyize ahagaragara abakinnyi 18 n’abandi 7 bo mu buyobozi bw’ikipe yajyanye nabo muri Sudani ahagiye kubera irushanwa rya CECAFA Kagame Cup.} Rayon Sports, yahagurutse i Kigali mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru, yahamagawe mu irushanwa rya CECAFA bitunguranye kuko amwe mu makipe arimo ayo muri Tanzania na Tusker yo muri […]