SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
Rene Anthere Rwanyange

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na Rene Anthere Rwanyange
Tariki Ya 27 Mutarama 31961
27 Mut 2021Mu Mateka
Tariki Ya 27 Mutarama 31961

Tariki 27 Mutarama ni umunsi wa 27 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 338 ukagera ku musozo.

Gikondo: Abanyamuryango ba FPR banyuzwe n’uko 99% by’abaturage bafite mituweli
28 Uku 2014U Rwanda
Gikondo: Abanyamuryango ba FPR banyuzwe n’uko 99% by’abaturage bafite mituweli

{Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi bo mu Murenge wa Gikondo, Akarere ka Kicukiro, bishimira kuba ntawe ushobora kurembera mu rugo kuko ubwisungane mu kwivuza muri uyu mwaka wa 2014-2015 bageze kuri 99%. Umuhigo ni ukugera ku 100% mu mpera za Mutarama 2015.} Mu nama rusange y’Umuryango FPR Inkotanyi yateranye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 […]

Gasabo: Mu kwezi kw’imiyoborere, abaturage bagaragaza ibibazo by’ingutu
23 Nze 2014U Rwanda
Gasabo: Mu kwezi kw’imiyoborere, abaturage bagaragaza ibibazo by’ingutu

{Ukwezi kw’imiyoborere guha umwanya abaturage wo kwinigura bakavuga iri bari ku mutima. Ni umwanya abatuye Akarere ka Gasabo bagaragariza abayobozi ko bagifite ibibazo byinshi bikwiye gukemuka, kandi ko abayobozi b’imirenge bakwiye gushyira ingufu mu kubikurikirana no kubirangiza. } Akarere ka Gasabo, kimwe n’ahandi hose mu gihugu, katangije ukwezi kwahariwe imiyoborere myiza, igikorwa cyatangirijwe mu Murenge […]

Gasabo: Mu myaka ibiri, abangavu 200 bo mu murenge umwe batewe inda
21 Nze 2014U Rwanda
Gasabo: Mu myaka ibiri, abangavu 200 bo mu murenge umwe batewe inda

{Nyuma y’aho bigaragariye ko umubare w'abangavu baterwa inda zitateguwe ari munini mu Murenge wa Gikomero mu Karere ka Gasabo, amatsinda y’urubyiruko n’ababyeyi bahagurukiye kurwanya iki kibazo.} Umushinga wita ku buzima bushingiye ku mihigo (HDP: Health Development and Performance) ubifashijwemo n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Gikomero, bamaze gushyiraho amatsinda y’urubyiruk azafasha mu guhindura imyumvire ku kibazo cy’abana b’abakobwa […]

Gisozi: Urubyiruko rwishyiriyeho gahunda nshya yo kwita ku bikorwaremezo
21 Nze 2014Iterambere
Gisozi: Urubyiruko rwishyiriyeho gahunda nshya yo kwita ku bikorwaremezo

{Abasore n’inkumi bo mu Murenge wa Gisozi, Akarere ka Gasabo, batangije gahunda y’umuganda udasanzwe ngaruka kwezi, bazajya bakora ku wa Gatandatu ubanziriza umuganda rusange mu rwego rwo kubungabunga ibikorwaremezo by'umurenge wabo.} Urubyiruko rusanga 200, rwahuriye mu muganda udasanzwe watangijwe muri uwo murenge. Uyu muganda ngarukakwezi, uzajya ukorwa ku wa Gatandatu ubanziriza umuganda rusange usanzwe. Uyu […]

Senateri Nzirasanaho Anastase yagizwe umwere ku byaha bya Jenoside
9 Nze 2014U Rwanda
Senateri Nzirasanaho Anastase yagizwe umwere ku byaha bya Jenoside

{Urukiko Rukuru rwa Repuburika y’u Rwanda rwagize umwere Senateri Nzirasanaho Anastase, ku byaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi yashinjwaga, kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 9 Nzeri 2014. } Ku itariki 20 Werurwe 2014, Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwari rwakatiye uwahoze ari Senateri Nzirasanaho Anastase igifungo cya burundu y’umwihariko, bumaze kumuhamya icyaha cyo kugira uruhare muri […]

Kimihurura: Abaturage biyemeje kwishakamo ibisubizo bubaka ibikorwaremezo
31 Kan 2014Iterambere
Kimihurura: Abaturage biyemeje kwishakamo ibisubizo bubaka ibikorwaremezo

{Abaturage b’Akagari ka Rugando mu murenge wa Kimihurura, batangiye gutunganya imihanda itameze neza, bishatsemo ubushobozi nyuma nyuma yo kwishakamo ibisubizo bagashyira amatara ku mihanda yose mu rwego rwo gucunga umutekano.} Nyuma yo gushyira amatara ku mihanda yose yo mu Kagari ka Rugando, umushinga watwaye amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni 104, abaturage batangaza ko byabahaye imbaraga […]

Shop with Simba Supermarket
26 Kan 2014Ubucuruzi
Shop with Simba Supermarket

Are you in Rwanda and you wanted to purchase different items? Look no far! Simba Supermarket is here to serve you and satisfy all your needs. Simba Supermarket has a multitude of quality articles. We would expect to serve you better. Thank you for shopping with Us.

Abanyeshuri barangiza Kaminuza barasabwa gutanga akazi aho kugashaka
10 Kan 2014U Rwanda
Abanyeshuri barangiza Kaminuza barasabwa gutanga akazi aho kugashaka

{Abanyeshuri barangiza Kaminuza barasabwa gutanga akazi aho kugashaka kuko basabwa gushyira mu bikorwa ibyo bize bihangira imirimo, aho kwirirwa bagendana impapuro basaba akazi.} Ibi bivugwa mu gihe abarangiza Kaminuza n’amashuri makuru mu Rwanda, bavuga ko akazi kabuze, ibyo bigatuma umubare w’abatagira akazi kandi barize wiyongera. Ubu butumwa bwagarutsweho ku wa Kane tariki ya 7 Kamena […]

Ku nshuro ya kabiri ISPG yatanze impamyabushobozi ku banyeshuri 260
9 Kan 2014U Rwanda
Ku nshuro ya kabiri ISPG yatanze impamyabushobozi ku banyeshuri 260

{Kuwa Kane tariki ya 7 Kamena 2014, Ishuri Rikuru Nderabarezi ry’i Gitwe (ISPG: Institut Supérieur Pédagogique de Gitwe) ryatanze impamyabushobozi ku banyeshuri 260 barirangijemo, aho mu mpanuro bahawe n’abantu batandukanye bitabiriye uwo muhango, aho icyagarutsweho cyane ari uguhanga akazi aho kugashaka.} Abanyeshuri barangiza Kaminuza barasabwa gutanga akazi aho kugashaka. Ibi bivugwa mu gihe abarangiza Kaminuza […]

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram