SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Venuste Kamanzi
Izanditswe na Venuste Kamanzi
Biography
3 Nze 2013Paccy Oda
Biography

{Uzamberumwana Oda Paccy bakunze kwita Paccy, yavutse taliki 06 Werurwe 1990, avukira mu mujyi wa Kigali mu karere ka Gasabo, mu Gatsata. Paccy ni imfura mu muryango w’abana babiri, akaba agifite Nyina umubyara gusa, ubu ni umubyeyi w’umwana umwe w’umukobwa.} Amashuri yize Uzamberumwana Oda Paccy yize mashuri y’incuke mu Gatsata ku kigo ngo atacyibuka neza, […]

CAFOD yahagaritse ibikorwa by’ubujyanama mu by’ihungabana mu Rwanda
29 Wer 2013U Rwanda
CAFOD yahagaritse ibikorwa by’ubujyanama mu by’ihungabana mu Rwanda

{Kuri uyu wa kane tariki 28 Werurwe 2013, Umuryango Mpuzamahanga ushamikiye kuri Kiliziya Gatolika yo mu Bwongereza CAFOD wahagaritse ibikorwa byawo by’ubujyanama mu by’ihungabana wari umaze imyaka isaga 15 ukorana n’imiryango itandukanye yo mu Rwanda irimo AVEGA Agahozo, Uyisenga n’Imanzi n’indi itandukanye.} Ubwo uyu mushinga wasozaga imirimo yawo kumugaragaro mu muhango wabereye ku biro bikuru […]

Mu gice cya kabiri cya filimi “Ibara”, Yanga azarasa Amag the Black amwice
10 Wer 2013Sinema
Mu gice cya kabiri cya filimi “Ibara”, Yanga azarasa Amag the Black amwice

Kuri uyu wa mbere imirimo yo gufata amashusho ya filimi “Ibara” igice cya kabiri itangira, by’umwihariko iki gice hazagaragaramo aho Yanga (Agasobanuye) arasa isasu ry’ingusho umuraperi Amag the Black akamwica. Mu kiganiro kigufi Yanga umenyerewe cyane mu mafilimi yitwa “Agasobanuye”, akaba ari umukinnyi muri filimi ye yitwa “Ibara” yasohotse mu gice kimwe gusa, yabwiye IGIHE […]

Alexis Dusabe yahereye muri ADEPR Gakinjiro amenyekanisha album ye nshya
10 Wer 2013Ibirori
Alexis Dusabe yahereye muri ADEPR Gakinjiro amenyekanisha album ye nshya

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu tariki 9 Werurwe 2013, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Alexis Dusabe yakoreye igitaramo cy’ivugabutumwa mu rusengero rwa ADEPR Gakinjiro cyashimishije abakristu bari bahakoraniye ariko anamenyekanisha umuzingo w’indirimbo we mushya yise “Njyana i Gologota”. Alexis Dusabe yabwiye IGIHE ko iki gitaramo kidakwiye kwitiranywa n’ibindi bitaramo byo kumurika album […]

The Ben yashimiye abafana be b’inkoramutima bamuhesheje igihembo Salax Award
10 Wer 2013Amakuru
The Ben yashimiye abafana be b’inkoramutima bamuhesheje igihembo Salax Award

Abinyujije ku rukutarwe rwa facebook, The Ben yishimiye igikombe yaraye yegukanye muri Salax Awards ndetse anashimira buri umwe wese ukomeje kumuba inyuma by’umwihariko abafana be b’inkoramutima. Mu magambo ye Mugisha Benjamin bakunze kwita The Ben yanditse agira ati “Ndashaka kwatura n’ijwi rirenga nkashimira. Buri umwe wese agomba kumenya ukuntu ubufasha bw’ikipe ya The Ben, ikipe […]

Ibihembo bya Salax Awards byabonye ba nyira byo, Urban Boyz ica agahigo
10 Wer 2013Ibirori
Ibihembo bya Salax Awards byabonye ba nyira byo, Urban Boyz ica agahigo

{Itsinda rya Urban Boyz ryafashe agahigo kari gafitwe na King James wegukanye ibikombe bine bya Salax Awards umwaka ushize, kuko nabo begukanye ibikombe bine birimo n’icy’umuhanzi w’umwaka.} Ni mu muhango wabereye kuri Serena Hotel mu ijoro ryo kuri uyu wa Gtandatu tariki 9 Werurwe 2013, ubwo "Ikirezi Group Ltd" yahembaga abahanzi ba muzika bitwaye neza […]

Rwesamadongo
9 Wer 2013Indirimbo
Rwesamadongo
Umurage-Black Punisher ft Jules Sentore
9 Wer 2013Abahanzi
Umurage-Black Punisher ft Jules Sentore
Denis, Marie France na Filimi “Ibanga” bafite amahirwe yo kwegukana ibihembo muri Rwanda Movie Awards
9 Wer 2013Sinema
Denis, Marie France na Filimi “Ibanga” bafite amahirwe yo kwegukana ibihembo muri Rwanda Movie Awards

Nyuma yo guhagarika amatora yakorerwaga ku rubuga rwa internet rwa www.igihe.com Denis Nsanzamahoro, Marie France Niragire na Filimi “Ibanga” nibo bahabwa amahirwe kuko aribo bazaga imbere mu byiciro babarizwagamo. Hakurikijwe amajwi n’uko batowe kuri www.igihe.com mbere y'uko bihagarikwa kuri uyu wa gatandatu tariki 9 Werurwe 2013, saa sita z'amanywa, Denis Nsabamahoro yakwegukana igikombe mu bakinnyi […]

Kwambara ukikwiza bikwiriye kuba mu ndangagaciro za buri munyarwandakazi-Miss Jojo
9 Wer 2013Ibirori
Kwambara ukikwiza bikwiriye kuba mu ndangagaciro za buri munyarwandakazi-Miss Jojo

Nyuma yo gukora igitaramo cyo kumurika imideri ibereye umunyarwandakazi wiyubashye kandi wihesha agaciro, Miss Jojo asanga bikwiye kwamamazwa mu banyarwandakazi benshi bakumva ko kwambara neza ukaberwa atari ukwambara bigufi kandi nta n’ukwiye kubangamira abandi mu myambarireye. Ni mu gitaramo cyabere kuri The Manor Hotel i Nyarutarama ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki 8 […]

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram