SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

Amakuru agezweho yaranze uyu munsi

Iyandikishe ukoresheje email yawe kugira ngo ujye ubona amakuru ako kanya

Dukurikire
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

Abo turibo / Ubwanditsi /Twandikire

Default Author
NSANZABERA Jean de Dieu

Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.

X (Twitter)
Izanditswe na NSANZABERA Jean de Dieu
Ukuri Kw Itsitsurana Ry U Rwanda N Amahanga Ku Bw Ubutaka Rwambuwe Bugahabwa
10 Uku 2025Mu Mateka
Ukuri Kw Itsitsurana Ry U Rwanda N Amahanga Ku Bw Ubutaka Rwambuwe Bugahabwa

Imyaka 113 (1912-2025) irihiritse u Rwanda rwambuwe ubutaka bwarwo bukagabirwa ibindi bihugu by’abaturanyi bikagara, rwo rugasigara ari ubutaka bugerwa mu gipfunsi.

Umuvuzi utazi amateka y’igihugu ntashobora kuvura ibikomere byacyo – Inama zahawe abakora mu rwego rw’ubuzima
7 Kam 2025U Rwanda
Umuvuzi utazi amateka y’igihugu ntashobora kuvura ibikomere byacyo – Inama zahawe abakora mu rwego rw'ubuzima

Abanyamuryango bibumbiye mu ngaga zishamikiye kuri Minisiteri y'Ubuzima, bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, biyemeza guhangana n'abayipfobya n'abagifite ingengabitekerezo yayo.

Ingaga zishamikiye kuri Minisiteri y’Ubuzima zunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi (Amafoto)
8 Kam 2024Amakuru
Ingaga zishamikiye kuri Minisiteri y’Ubuzima zunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi (Amafoto)

Abanyamuryango b’ingaga zitandukanye zishamikiye kuri Minisiteri y’Ubuzima bibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, biyemeza guhora bazirikana izo nzirakarengane no guhangana n’abayipfobya ndetse n’abagifite ingengabitekerezo yayo.

Abahanga mu by’imiti bibukijwe ko nta rwitwazo bafite rwo gutanga serivisi zitanoze
11 Ugu 2023Amakuru
Abahanga mu by’imiti bibukijwe ko nta rwitwazo bafite rwo gutanga serivisi zitanoze

Abagize Urugaga w’Abahanga mu by’Imiti mu Rwanda bahuriye mu nama rusange ngarukamwaka ya 11 uhereye igihe rwashingiwe, yabaye ku wa 10 Ugushyingo 2023.

Agira aho avoma: Imvano y’iyesamihigo ry’umusubizo rya Perezida Kagame wujuje imyaka 66
27 Ukw 2023Columnists
Agira aho avoma: Imvano y’iyesamihigo ry’umusubizo rya Perezida Kagame wujuje imyaka 66

Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko, ni ibitekerezi bwite bya Nsanzabera Jean de Dieu, umushakashatsi akaba n’inzobere ku muco n’amateka by’u Rwanda.

Icyo amateka agaragaza ku mpamvu u Rwanda rukomeje kuba icyitegererezo mu mahanga
1 Nze 2023Columnists
Icyo amateka agaragaza ku mpamvu u Rwanda rukomeje kuba icyitegererezo mu mahanga

Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nkuru ni ibitekerezo by’umwanditsi Nsanzabera Jean de Dieu, inzobere mu mateka n’umuco by’u Rwanda.

Amateka y’ingobyi, igikoresho gakondo cyafashije abanyarwanda imyaka amagana
29 Kan 2023Amateka
Amateka y’ingobyi, igikoresho gakondo cyafashije abanyarwanda imyaka amagana

Ibitangaje wamenya ku ngobyi ya Kinyarwanda, igaragaza neza ihangabuhanga ryabo mu gukemura ibibazo bahuraga na byo na bugingo n’ubu ikiganje

Uko imvugo  yo ‘Kuvanga amasaka n’amasakaramentu’ yadutse mu Rwanda
17 Kan 2023Umuco
Uko imvugo yo ‘Kuvanga amasaka n’amasakaramentu’ yadutse mu Rwanda

Mu Kinyarwanda hari imvugo yamamaye cyane iyo umuntu agize ibyo ashaka kubangikanye, aho bagira bati “Aravanga amasaka n’amasakaramentu”.

Ibyo wamenya ku ‘Ingororero’, igihangano cya Kazenga mwene Ndabarasa
16 Kan 2023Umuco
Ibyo wamenya ku ‘Ingororero’, igihangano cya Kazenga mwene Ndabarasa

Ibyo dutekererezwa n’amateka y’u Rwanda bigaragaza ko habayeho abagabo b’ibihangange bari bafite ubuhanga buhambaye bwatumaga bakora ibikorwa by’indashyikirwa, bakiyubakira igihugu kigahama.

Ibihe by’imvura igwa mu Rwanda n’inyito zayo
14 Kan 2023Umuco
Ibihe by’imvura igwa mu Rwanda n'inyito zayo

Nubwo mu Rwanda haboneka ibihe by’izuba n’iby’i’imvura ukwabyo hari n’igwa igasangira ibihe by’umunsi n’izuba.

Komeza udukurikire
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram