Lorem, ipsum dolor sit amet consectetur adipisicing elit. Ad nihil cumque laborum consequatur cupiditate ea, atque repellendus illum optio nesciunt aperiam, accusantium aut obcaecati eligendi debitis perferendis laboriosam, sapiente sit.
Imyaka 113 (1912-2025) irihiritse u Rwanda rwambuwe ubutaka bwarwo bukagabirwa ibindi bihugu by’abaturanyi bikagara, rwo rugasigara ari ubutaka bugerwa mu gipfunsi.
Abanyamuryango bibumbiye mu ngaga zishamikiye kuri Minisiteri y'Ubuzima, bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, biyemeza guhangana n'abayipfobya n'abagifite ingengabitekerezo yayo.
Abanyamuryango b’ingaga zitandukanye zishamikiye kuri Minisiteri y’Ubuzima bibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, biyemeza guhora bazirikana izo nzirakarengane no guhangana n’abayipfobya ndetse n’abagifite ingengabitekerezo yayo.
Abagize Urugaga w’Abahanga mu by’Imiti mu Rwanda bahuriye mu nama rusange ngarukamwaka ya 11 uhereye igihe rwashingiwe, yabaye ku wa 10 Ugushyingo 2023.
Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nyandiko, ni ibitekerezi bwite bya Nsanzabera Jean de Dieu, umushakashatsi akaba n’inzobere ku muco n’amateka by’u Rwanda.
Ubwanditsi: Ibikubiye muri iyi nkuru ni ibitekerezo by’umwanditsi Nsanzabera Jean de Dieu, inzobere mu mateka n’umuco by’u Rwanda.
Ibitangaje wamenya ku ngobyi ya Kinyarwanda, igaragaza neza ihangabuhanga ryabo mu gukemura ibibazo bahuraga na byo na bugingo n’ubu ikiganje
Mu Kinyarwanda hari imvugo yamamaye cyane iyo umuntu agize ibyo ashaka kubangikanye, aho bagira bati “Aravanga amasaka n’amasakaramentu”.
Ibyo dutekererezwa n’amateka y’u Rwanda bigaragaza ko habayeho abagabo b’ibihangange bari bafite ubuhanga buhambaye bwatumaga bakora ibikorwa by’indashyikirwa, bakiyubakira igihugu kigahama.
Nubwo mu Rwanda haboneka ibihe by’izuba n’iby’i’imvura ukwabyo hari n’igwa igasangira ibihe by’umunsi n’izuba.