SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Elisée Mpirwa
Izanditswe na Elisée Mpirwa
RDF yamaganye bikomeye ubwicanyi bwahitanye umuturage i Rubavu
23 Nze 2014U Rwanda
RDF yamaganye bikomeye ubwicanyi bwahitanye umuturage i Rubavu

{Ku itariki 22 Nzeri 2014, umuturage yishwe arashwe abandi batatu bakomeretswa n’amasasu mu Kagari ka Kivumu, Umurenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu aho iperereza ry’ibanze ryakorewe aho icyaha cyabereye ryerekana ko ubwo ubwicanyi bushinjwa Cpl Habiyambere Emmanuel, wahise atabwa muri yombi.} Itangazo ryashyizweho umukono n’Umuvugizi wungirije w’Ingabo z’u Rwanda, Major René Ngendahimana, riravuga ko RDF […]

Uganda: Jackie Uwera yahamijwe icyaha cyo kwica umugabo we
22 Nze 2014Muri Afurika
Uganda: Jackie Uwera yahamijwe icyaha cyo kwica umugabo we

{Umunyarwandakazi Jackie Uwera ushinjwa kwivugana umugabo we Juvenal Nsenga yahamijwe n’iki cyaha, Urukiko rukazasoma igihano cye kuwa Kabiri.} Uwera ashinjwa kwica umugabo we amugongesheje imodoka iwabo mu rugo mu gace ka Bugolobi i Kampala muri Mutarama 2013. Umucamanza Duncan Gaswaga yavuze ko urpfu rwa Juvenal rwari rwagambiriwe nubwo Uwera avuga ko yamugonze atabishaka ndetse akanagerageza […]

Umugabo yateje impagarara ubwo yinjiraga muri White House rwihishwa
20 Nze 2014Mu Mahanga
Umugabo yateje impagarara ubwo yinjiraga muri White House rwihishwa

{Omar J. Gonzalez w’ imyaka 42 y'amavuko ukomoka muri Leta ya Texas yaciye mu rihumye ahashinzwe umutekano wa Perezidansi ya Leta Zunze Ubumwe z' Amerika (White House), yinjira rwihishwa muri iyi nyubako ariko atabwa muri yombi nyuma ajyanwa mu bitaro bya kaminuza byitiriwe George Washington.} Umuvugizi w’Urwego rw’ubutasi, Ed Donovan yavuze ko uyu mugabo yasimbutse […]

Ecosse ntikiyomoye ku Bwami bw’u Bwongereza
19 Nze 2014Mu Mahanga
Ecosse ntikiyomoye ku Bwami bw’u Bwongereza

{Amajwi yavuye mu matora ya kamarampaka yabaye tariki 18 Nzeri muri Ecosse yagaragaje ko Ecosse itakiyomoye ku Bwami bw’u Bwongereza (UK) nyuma y’uko benshi batoye ‘OYA’.} Mu turere 31 kuri 32 twari tumaze kubarurwa mu gitondo cyo kuwa Gatanu, 55.42% batoye ‘OYA’ naho 44.58% bashakaga ko Ecosse yiyomora ku butegetsi bw’i Londres nyuma y’imyaka 300 […]

Ntawukuriryayo Jean Damascène yeguye ku mwanya wa Perezida wa Sena
17 Nze 2014Amakuru
Ntawukuriryayo Jean Damascène yeguye ku mwanya wa Perezida wa Sena

{Perezida wa Sena y’u Rwanda Ntawukuriryayo Jean Damascène yeguye kuri uyu mwanya yari yaragiyeho tariki 10 Ukwakira 2011 asimbuye Dr. Vincent Biruta.} Mu Nteko rusange ya Sena idasanzwe yateranye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 nibwo Dr Ntawukuriryayo yagejeje ubusabe bwe ku basenateri, nabo babanza kubutorera, barabwemeza. Dr Ntawukuriryayo ari nawe […]

USA yegukanye igikombe cy’Isi cya Basketball itsinze Serbia
15 Nze 2014Basketball
USA yegukanye igikombe cy’Isi cya Basketball itsinze Serbia

{I Madrid muri Espagne ku Cyumweru tariki 14 Nzeri 2014, nibwo hasojwe irushanwa ry’ikombe cy’Isi mu mukino wa Basketball aho ikipe ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari yo yacyegukanye nyuma yo gutsinda ikipe ya Serbia amanita 129 kuri 92.} Umwanya wa gatatu wakinwe kuwa Gatandatu wegukanwe n’ikipe y’u Bufaransa yatsinze ikipe ya Lithuania ku […]

Ibibazo by’intambara u Burundi buvuyemo vuba ni yo ntandaro yo kugenda gahoro muri EAC
11 Nze 2014Amakuru
Ibibazo by’intambara u Burundi buvuyemo vuba ni yo ntandaro yo kugenda gahoro muri EAC

{Ambasaderi ucyuye igihe w’u Burundi mu Rwanda, Rémy Sinkazi yasezeye kuri Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame kuri uyu wa Kane muri Village Urugwiro, yizeza ko asize umubano w’ibihugu byombi uhagaze neza nk’uko wamye ari mwiza kandi ashimangira ko kugenda buhoro mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba biterwa n’ibibazo byasizwe n’intambara bavuyemo vuba.} Mu kiganiro n’abanyamakuru nyuma […]

Ecosse ishobora kwiyomora ku Bwami bw’u Bwongereza (UK)
8 Nze 2014Mu Mahanga
Ecosse ishobora kwiyomora ku Bwami bw’u Bwongereza (UK)

{Hasigaye iminsi 11 gusa ngo Ecosse/Scotland itore kamarampaka yemeza ubwigenge bwayo, aho ubushakashatsi bugaragaza ko benshi bashyigikiye ko iki gihugu kigenga kikiyomora ku Bwami bw’u Bwongereza (United Kingdom/ Royaume-Uni).} Bwa mbere ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara ku Cyumweru tariki 7 Nzeri, bugaragaza ko abashyigikiye ubwigenge bwa Ecosse bari imbere n’amanota 51%, naho 49% bashyigikiye ko iki gihugu […]

Kigali: Abakoreraga ahazwi nka ‘Kazi ni Kazi’ bimukiye ahaboneye mu kwirinda inkongi
7 Nze 2014Ubucuruzi
Kigali: Abakoreraga ahazwi nka ‘Kazi ni Kazi’ bimukiye ahaboneye mu kwirinda inkongi

{Mu gihe hirya no hino hakunze kuvugwa inkongi z’umuriro, abanyabukorikori n’abatekinisiye bahoze bakorera haruguru y’isoko rya Nyarugenge hazwi nka ‘Kazi ni Kazi’, ubu bibumbiye muri koperative bajya mu nyubako yaguye ishobora kubafasha kwirinda izi nkongi ahanini ziterwa n’insinga z’amashanyarazi.} Perezida w’agateganyo wa Koperative Abajyahamwe Kazi ni Kazi, Muvara Valens avuga ko iyi koperative igizwe n’abatekinisiye […]

Umugore arashaka kwiyamamariza kuba Perezida wa Somalia mu 2016
5 Nze 2014Muri Afurika
Umugore arashaka kwiyamamariza kuba Perezida wa Somalia mu 2016

{Bwa mbere mu mateka ya Somalia, umugore yatinyutse atangaza ku mugaragaro ko mu matora yo mu 2016 yifuza kwiyamamariza kuba Perezida w’iki gihugu kimaze imyaka myinshi mu ntambara ndetse kibarizwamo umutwe wa Al Shabaab ugendera ku matwara ya kiyisilamu aheza umugore mu bikorwa bitandukanye.} Fadumo Dayib akomoka muri Somalia aho yahunze mu myaka yo mu […]

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram