SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • politiki
  • ubuzima
  • imikino
  • imyidagaduro
  • ikoranabuhanga
  • umuco
  • ubukungu
  • abantu
  • ubukerarugendo
  • ibidukikije
  • amadini

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Jean de Dieu Tuyizere
Latest from Jean de Dieu Tuyizere
Umunyamategeko wa Dr. Rwamucyo yashwanye n’umucamanza
23 Kam 2026Ubutabera
Umunyamategeko wa Dr. Rwamucyo yashwanye n’umucamanza

Umwe mu banyamategeko barindwi bunganira Dr. Eugène Rwamucyo mu rubanza rw’ubujurire ruri kuburanishwa n’Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa, Me Siari Michèle, yashwanye n’umucamanza uruyoboye bapfa ibaruwa ikubiyemo ubuhamya.

Ibitaro 100 byo muri Roumanie byasubiye ku ikayi n’ikaramu
23 Kam 2026Utuntu n’Utundi
Ibitaro 100 byo muri Roumanie byasubiye ku ikayi n’ikaramu

Telefone zatangiye gucicikana mu kigo cy’igihugu gishinzwe umutekano w’ikoranabuhanga muri Roumanie (DNSC), kimenyeshwa ko ibintu byazambye mu bitaro bitandukanye. Abajura bazwi nka ‘hackers’ bari bamaze kwinjira muri porogaramu yifashishwa mu kubika amakuru izwi nka ‘Hippocrates’.

Kenya: Minisitiri w’Ubuzima ashobora gufungwa kubera kwizirika ku kigo cy’Abanyamerika
23 Kam 2026Afurika y'Iburasirazuba
Kenya: Minisitiri w’Ubuzima ashobora gufungwa kubera kwizirika ku kigo cy’Abanyamerika

Urukiko Rukuru rwa Kenya rwahamije Minisitiri w’Ubuzima, Aden Duale, icyaha cyo gusuzugura urukiko nyuma yo kurenga ku ibwiriza ryo guhagarika gukomeza kubaka ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kizajya gishyirwamo abakekwaho icyorezo cya Ebola.

Uganda yirukanye Martha Karua wabaye minisitiri muri Kenya shishi itabona
22 Kam 2026Afurika y'Iburasirazuba
Uganda yirukanye Martha Karua wabaye minisitiri muri Kenya shishi itabona

Umunyamategeko akaba n'umwe mu bakomeye batavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Kenya, Martha Karua, yirukanywe muri Uganda nyuma y’amasaha afungiwe ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Entebbe i Kampala.

Martha Karua wabaye Minisitiri muri Kenya afungiwe muri Uganda
22 Kam 2026Afurika y'Iburasirazuba
Martha Karua wabaye Minisitiri muri Kenya afungiwe muri Uganda

Umunyamategeko akaba n’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya, Martha Wangari Karua, afungiwe muri Uganda kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa 22 Kamena 2026.

Ubutegetsi bwa RDC bwasubiranyemo na Kiliziya Gatolika
22 Kam 2026Afurika y'Iburasirazuba
Ubutegetsi bwa RDC bwasubiranyemo na Kiliziya Gatolika

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwasubiranyemo n’Inama y’Abepisikopi Gatolika muri iki gihugu (CENCO) bipfa umushinga wo kuvugurura Itegeko Nshinga ugamije kwemerera Perezida Félix Tshisekedi kuyobora manda ya gatatu.

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yeguye
22 Kam 2026Mu Mahanga
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yeguye

Sir Keir Starmer wari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kuva muri Nyakanga 2024, yeguye nyuma y’iminsi yotswa igitutu n’abarimo abahoze bamushyigikiye.

Ndayishimiye ategerejwe i Kinshasa mu gihe urugamba rwa Minembwe rwakomeye
22 Kam 2026Afurika y'Iburasirazuba
Ndayishimiye ategerejwe i Kinshasa mu gihe urugamba rwa Minembwe rwakomeye

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, agiye kugirira uruzinduko rw’iminsi ibiri i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwitezwemo ibiganiro ku ngingo zirimo intambara iri kubera mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Intandaro yo guhangana kwa Tshisekedi na Lubanga n’uko bagerageje kwiyunga
20 Kam 2026Afurika y'Iburasirazuba
Intandaro yo guhangana kwa Tshisekedi na Lubanga n’uko bagerageje kwiyunga

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yigeze kuba inshuti y’umuyobozi w’umutwe witwaje intwaro wa CRP/FRP, Thomas Lubanga Dyilo, bahujwe n’umugambi wo kugarura amahoro mu Ntara ya Ituri ariko batandukana mu buryo bwatunguranye cyane.

Abasirikare ba RDC bahunze Goma, Bukavu na Uvira bashinjwe kuyogoza Kalemie
20 Kam 2026Afurika y'Iburasirazuba
Abasirikare ba RDC bahunze Goma, Bukavu na Uvira bashinjwe kuyogoza Kalemie

Meya w’Umujyi wa Kalemie uherereye mu Ntara ya Tanganyika mu majyepfo ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, David Mukeba Mbombo, yashinje abasirikare b’igihugu cyabo bahunze Umujyi wa Goma, Bukavu na Uvira guteza umutekano muke.

Komeza Udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram