SPIRO-WEB BANNER
BK-BANNER
  • Kinyarwanda
  • English
  • French
IGEHE Logo
SKOL-MOBILE BANNER
  • Ahabanza
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuzima
  • Ubukerarugendo
  • Ikoranabuhanga
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Amakuru
  • Diaspora
  • Imyubakire
  • Abantu

Newsletter

THE MOST IMPORTANT WORLD NEWS AND EVENTS OF THE DAY

Subscribe to our mailing list to receives daily updates direct to your inbox!

Dukurikirane
  • Facebook
  • Youtube
  • TikTok
  • WhatsApp
  • X(Twitter)
  • Instagram

© 2008 - 2026 IGIHE LTD

IGIHE.org

Abo turibo / FAQs / Contact Us 

Kate Katabarwa
Izanditswe na Kate Katabarwa
Impinduka mu mikorere y’abagize itsinda rya TNP
14 Wer 2014amakuru
Impinduka mu mikorere y’abagize itsinda rya TNP

{Nyuma y’imyaka ine bakora, itsinda rya TNP bafite gahunda yo guhindura imikorere yabo bagashyiramo imbaraga ndetse bagashyikiriza abakunzi ibihangano byinshi bigizwe n’amashusho ari ku rwego mpuza mahanga.} Baganira na IGIHE, TNP batangaje ko bakomeje kugira imbogamizi z’amasomo cyane cyane ko umwe muri bo ‘Tracy’ yari akiga mu mashuri yisumbuye , Nicolas ari mu mahanga ndetse […]

Teta yasohoye indirimbo isubiza abatishimiye itorwa rye muri PGGSS4
12 Wer 2014Indirimbo
Teta yasohoye indirimbo isubiza abatishimiye itorwa rye muri PGGSS4

{Abinyujije mu ndirimbo nshya yise ‘Kata’, umuhanzikazi Teta Diana wamenyekanye cyane mu minsi ishize mu ndirimbo Fata Fata ndetse akaba abarizwa no muri Gakondo Group ya Masamba, yasubije abatishimiye intambwe yateye mu muziki ubwo yatorwaga mu bazahatanira Primus Guma Guma Super Star ya kane.} Nk’uko Teta abivuga, iyi ndirimbo yayisohoye nyuma y’amagambo menshi yavuzwe amaze […]

Kubera ibibazo by’abagore Jay-Z yanze kuba umutangabuhamya mu bukwe bwa Kanye West
11 Wer 2014Hanze
Kubera ibibazo by’abagore Jay-Z yanze kuba umutangabuhamya mu bukwe bwa Kanye West

{N’ubwo basanzwe ari inshuti zikomeye, Jay-Z yanze kuba umutangabuhamya wa Kanye West mu bukwe yenda kugirana na Kim Kardashian, aho bivugwa ko byaba byatewe n’uko Beyonce umugore wa Jay-Z atiyumva muri Kim, nubwo Jay-Z we avuga ko yabitewe n’izindi mpamvu.} Jay-Z avuga ko yanze kuba umutangabuhamya mu bukwe bwa Kanye West na Kim Kardashian kuko […]

Gusomana ku minwa mu byamamare by’abagore n’abakobwa bireze muri Amerika
10 Wer 2014Hanze
Gusomana ku minwa mu byamamare by’abagore n’abakobwa bireze muri Amerika

{Muri iyi minsi biragaragara ko gusomana hagati y’abakobwa cyangwa abagore byaba bigezweho ku mpamvu itazwi, kuko ntihagishira iminsi hatagaragaye abakobwa basomanye ku munwa mu byamamare cyane cyane muri Amerika.} Miley Cyrus aherutse kugaragara asomana na Katy Perry ku munwa, Katy avuga ko yabikoze mu buryo bwo gukina. Rihanna na Shakira nabo bagaragaye basomana ku munwa […]

Mu gitaramo rwagati Avril Lavigne yavuye ku rubyiniro yiruka atarangije kuririmba
9 Wer 2014Hanze
Mu gitaramo rwagati Avril Lavigne yavuye ku rubyiniro yiruka atarangije kuririmba

{Umuhanzi Avril Lavigne ubwo aheruka mu Bushinwa mu gitaramo ari ku rubyiniro aririmba indirimbo yise ‘I’m with you’, abantu bagiye kubona babona abaye nk’uwikanze, afumyamo ariruka ava ku rubyiniro kibuno mpa amaguru.} Byatangaje benshi bari muri iki gitaramo batangira kwibaza icyo uyu muhanzi w’imyaka 29 abaye, kuko nta kintu kigaragara cyari kimuteye ubwoba. Batangiye kwitaza […]

Icyihishe inyuma y’umuvuduko w’itsinda rya Active
8 Wer 2014Amakuru
Icyihishe inyuma y’umuvuduko w’itsinda rya Active

Itsinda ry’abaririmbyi batatu Derek, Olivis na Tizzo, ni bamwe mu bahanzi bamaze iminsi batungurana mu bikorwa byabo aho mu gihe kitagera no ku mwaka umwe batangiye kuririmba nk’itsinda bamaze kugira ibikorwa byinshi ndetse bagenda bagaragara mu marushanwa akomeye mu Rwanda. Ibi bikaba byatuma buri wese yibaza icyihishe inyuma y’umuvuduko bafite. Active nk'itsinda, bahuye muri Gicurasi […]

Kanseri y’amabere ikomeje kubera Angelina Jolie ingorabahizi
8 Wer 2014Hanze
Kanseri y’amabere ikomeje kubera Angelina Jolie ingorabahizi

{Mu kiganiro Angelina Jolie yagize kuri ‘Entertainment Weekly’ yatangaje ko yanejejwe cyane n’uburyo abantu bagiye bamwitaho nyuma yo kubagwa amabere bitewe n’indwara ya basanze afite ibyago byo kuba yayirwa, gusa ngo aracyakomeje guhangana n’iyi ndwara kugera magingo aya.} Uyu mukinnyi wa Filimi avuga ko yishimiye gukomeza guhangana n’ubu burwayi kandi yizeye ko azayitsinda nubwo ariyo […]

Kanye West na Kim Kardashian batangaje itariki y’ubukwe bwabo
7 Wer 2014Hanze
Kanye West na Kim Kardashian batangaje itariki y’ubukwe bwabo

{Mu gihe kitari gito bari mu rukundo ndetse hategerejwe umunsi w’ibirori by’ubukwe bwabo, Kanye West na Kim Kardashian batangaje umunsi nyawo w’ubukwe bwabo. Tariki ya 24 Gicuransi, umunsi wari utegerejwe na benshi ku Isi nk’uko ikinyamakuru Hollywoord life kibitangaza.} Abanyamerika ndetse n’ibyamamare bitandukanye ku isi bari mu myiteguro yo gutaha ibirori bikomeye muri uyu mwaka, […]

Ku nshuro ya mbere ishuri rya IPRC rigiye gutora Nyampinga na Rudasumbwa
7 Wer 2014Ibirori
Ku nshuro ya mbere ishuri rya IPRC rigiye gutora Nyampinga na Rudasumbwa

{Ku nshuro ya mbere, ishuri ry’imyuga n'ubumenyingiro ‘IPRC’ rizatora nyampinga na Rudasumbwa tariki ya 14 Werurwe mu birori bizabera ku stade y’iryo shuri ryahoze ryitwa ‘ Eto Kicukiro’. Abakobwa barindwi n’abahungu barindwi nibo bari guhatanira iyo myanya.} Iri shuri rikuru ry’imyuga ryatangiye mu mwaka wa 2008, akaba ari rimwe mu mashuri atunu y’imyuga n’ubumenyi-ngiro mu […]

Peace Jolis yakoranye indirimbo na Hope wegukanye TPF6
5 Wer 2014Amakuru
Peace Jolis yakoranye indirimbo na Hope wegukanye TPF6

{Jolis Peace umwe mu bahanzi bari bahagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Tusker Project Fame 6 muri Kenya, akaba ari n’umwe mu basezerewe rugikubita, yashyize hanze indirimbo ‘Honey’ yakoranye na Hope waje kwegukana intsinzi muri iryo rushanwa.} Kanda hano wumve iyi ndirimbo Nyuma y’aya marushanwa Peace yaje guhurira na Hope i kigali dore ko ari […]

Komeza udukurikirane
Facebook
Youtube
TikTok
WhatsApp
X (Twitter)
Instagram